Koreya y’Epfo mu gahinda nyuma yo kumara amasaha 5 ihiga indege z’iya Ruguru, ikabura n’imwe ihanura
Leta ya Koreya y’Epfo iri mu gahinda n’umuhangayiko nyuma y’aho ingabo zayo zimaze amasaha atanu zihiga utudege tutagira abapilote (drones) twa Koreya ya Ruguru twari twarenze agace katavogerwa, ariko zikabura na kamwe zihanura. Igisirikare cya Koreya y’Epfo gisobanura ko kuri uyu wa 26 Ukuboza, Koreya ya Ruguru yohereje utudege dutanu mu kirere ibihugu byombi bihuriyeho, […]
Rayon Sports WFC yagereye Nyagatare mu kebo yagereyemo Gatsibo, na yo iyinyagira ibitego 16-0
Ikipe ya Rayon Sports y’abari n’abategarugori ikomeje gutanga isomo rya ruhago muri shampiyona y’icyiciro cya kabiri, yanyagiye Nyagatare FC ibitego 16-0. Iyi kipe yaherukaga kunyagira Gatsibo WFC ibitego 16-0, yari yakiriye Nyagatare WFC ku kibuga cyo mu Nzove mu mukino wa gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri. Ni umukino wo mu tsinda B amakipe yombi […]
Igikombe cy’Isi giheruka kubera muri Qatar cyatowe nk’icya mbere cyiza cy’ikinyajana
Abatoye mu matora ya BBC Sport bahisemo Igikombe cy’Isi cya Qatar 2022 nk’igikombe cy’isi cyiza cy’iki kinyejana . Ku nshuro ya 22 y’amarushanwa akomeye y’umupira w’amaguru ku Isi, aya mbere yabereye mu Burasirazuba bwo Hagati, yabonye amajwi 78%, ubwiganze bukabije. Igikombe cy’Isi cya 2002 cyabereye mu Buyapani na Koreya y’Epfo cyaje ku mwanya wa kabiri […]
Le Rwanda sera le deuxième pays africain à introduire le cabotégravir injectable pour la prévention du VIH
Le Rwanda sera le deuxième pays africain à introduire le cabotégravir injectable de longue durée (CAB-LA) pour la prévention du VIH après le Zimbabwe . Le Zimbabwe a approuvé le médicament au début du mois dernier. Cette évolution intervient après que l’Organisation mondiale de la santé (OMS) a publié des directives au milieu de cette […]
Medvedev wayoboye u Burusiya ‘yahanuye’ gusenyuka kwa EU no gucikamo ibice kwa USA
Umuyobozi Mukuru wungirije w’akanama k’u Burusiya gashinzwe umutekano akaba n’umwe mu bayoboye iki gihugu, Dmitry Medvedev, yahanuye gusenyuka k’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) mu mwaka utaha no gucikamo ibice kwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Mu butumwa burebure yashyize kuri Twitter kuri uyu wa 26 Ukuboza 2022 bufite umutwe ugira uti ‘What can happen mu […]
Rusizi: Bahangayikishijwe n’abajura babategera mu nzira bahishe amasura

Ikibazo cy’abajura kimaze gufata intera ndende mu bice hafi ya byose by’umujyi wa Rusizi, ku buryo nk’uko byemezwa n’abahatuye, ngo hari uduce tumwe twawo,nk’ahitwa mu rushakamba hafi y’umujyi rwagati, ahahora insoresore zihabategera, kuhanyura kukaba kwihara amagara, hakaba n’andi mayira bamburiramo bakanatera abaturage ibyuma ku mugoroba. Ni ikibazo kimaze iminsi, abaturage binubira gutegerwa mu mayira mu […]
Ingaruka zo kurarana ‘Headphones’ n’inama ku bazikoresha
Ushobora kuba utuye ahantu hahora urusaku cyangwa se urarana n’umuntu ugona ku buryo bituma ukanguka hagati mu ijoro, rimwe na rimwe kugira ngo wirengagize urwo rusaku ugahitamo kwambara headphones, ugatangira kumva umuziki mwiza. Ese gusinzira wambaye headphones ni byiza? Ese hari ingaruka bishobora kugira ku buzima bwawe n’iyo waba utari kumva umuziki. Umuhanga mubijyanye n’amajwi, […]
Padiri Nturiye wigeze guteza impaka yatabarutse

Padiri Edouard Nturiye wari uzwi nka Simba yapfuye kuri wa Mbere tariki 26 Ukuboza 2022 nk’uko byemejwe na Diyosezi Gatolika ya Nyundo, mu itangazo yashyize ku karubanda. Itangazo rya Diyosezi ya Nyundo rivuga ko “Padiri Nturiye yaguye mu bitaro bya Kabgayi azize uburwayi”. Padiri Nturiye wayoboraga Seminari nto ya Nyundo, yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo […]
Gambia: Hafashwe ba ofisiye babiri bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi
Inzego z’umutekano za Gambia zataye muri yombi abasirikare babiri bakuru bakekwaho kuba baragize uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Adama Barrow mu cyumweru gishize . Aba bombi batavuzwe amazina, batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize nk’uko iyi nkuru dukesha Africanews ivuga. Ku itariki ya 21 Ukuboza, nibwo Guverinoma ya Gambia yavuze ko yataye […]
Kylian Mbappé yahaye PSG amabwiriza 3 igomba kubahiriza, bitaba ibyo bagatandukana
Umufatansa Kylian Mbappé yahaye Paris Saint-Germain asanzwe akinira amabwiriza igomba kubahiriza, kugira ngo abashe gukomezanya na yo. Mbappé wongereye muri PSG amasezerano y’imyaka itatu mu mpeshyi y’uyu mwaka, abona yarabeshywe n’iriya kipe y’i Paris nyuma yo kutubahiriza ibyo bumvikanye, ibyatumye yongera guhindura intekerezo. Ikinyamakuru Sportskeeda cyatangaje ko mu byo Mbappé w’imyaka 24 y’amavuko yasabye PSG […]
Prof. Wajackoyah yaburiye abagabo ko bashobora kumera amabere, abagore bakamera ubwanwa
Umunyapolitiki wiyamamarije umwanya wa Perezida wa Kenya, Prof. George Wajackoyah, yaburiye abagabo ko bashobora kumera amabere, abagore bakamera ubwanwa, mu gihe barya ibiribwa by’ibituburano bizwi nka GMO. Leta ya Kenya iri gutekereza niba ishobora kwemera ko ibi biribwa byinjira mu gihugu, mu rwego rwo guhangana n’inzira imaze amezi menshi yibasira abatuye mu bice byinshi ikomoka […]
Umuti uterwa mu rushinge ugabanya ubukana bwa virus itera Sida uzatangira gukoreshwa mu 2023
Mu mwaka utaha nta gihindutse u Rwanda ruzaba igihugu cya kabiri cya Afurika kizatangira gukoreshwamo umuti wa Cabotegravir uterwa mu rushinge umara igihe kirekire uzafasha abanduye Sida kudahora bafata ibinini bigabanya ubukana bifatwa buri munsi . Zimbabwe yemeje uyu muti mu ntangiriro z’ukwezi gushize. Iri terambere rije nyuma y’aho Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima […]
Diamond Platnumz spends Christmas day in hospital
Artist Diamond Platnumz, who is currently considered the king of music in the Eastern District, shared his followers with images showing him in a hospital as he appears to be ill. The internationally acclaimed Bongo star posted photos of him in hospital on his Instagram page, with nurses by his side fixing a drip. He […]
Mu Burayi hashobora kwaduka indi ntambara hagati ya Serbia na Kosovo
Igisirikare cya Serbia kiravuga ko kiri ku rwego rwo hejuru rw’imyiteguro y’imirwano nyuma y’ibyumweru byinshi by’umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Serbia na Kosovo . Perezida Aleksandar Vucic avuga ko “azafata ingamba zose zo kurinda abaturage bacu no kubungabunga Serbia”. Aya makuru akomeje gukwirakwizwa muri iki gice cy’uburasirazuba bw’amajyepfo y’u Burayi yaje akurikira ayanyujijwe ku […]
Dr Mukwege yitandukanyije n’umuryango wo mu Bibiligi yari abereye umuyobozi w’icyubahiro

Umuganga wubashywe wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Dr Denis Mukwege yitandukanyije n’umuryango yari abereye umuypbozi w’icyubahiro, Fight Impunity ufite icyicaro mu Bubiligi, mu gihe uri gukorwaho iperereza ku byaba bya ruswa. Uyu muryango urwanya umuco wo kudahana washinzwe muri Nzeri 2019 na Pier Antonio Panzeri wahoze ahagarariye u Butaliyani mu nteko ishinga […]
RDC ikwiye gushyikirana na M23_Perezida Museveni
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yongeye gushimangira ko ari ngombwa ko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igirana imishyikirano n’umutwe wa M23; kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Museveni yabishimangiye mu cyumweru gishize, ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanditsi bakuru ndetse n’abahagarariye ibitangazamakuru bitandukanye muri Uganda. Kuri ubu M23 imaze igihe kirekire […]
Minembwe: Brigade ya 12 ya FARDC irashinjwa kwica umusore w’Umunyamulenge
Brigade ya 12 y’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ikorera I Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje gushinjwa kwica cyangwa kurebera iyicwa ry’abasivili b’Abanyamulenge bazira uko basa gusa, aho kuri ubu ivugwaho kwivugana undi musore w’Umunyamulenge. Nk’uko byatangajwe n’Umuryaango, Mahoro Peace Association (MPA)uharanira imibanire mu mahoro n’iterambere muri Kivu y’Amajyepfo, ingabo za FARDC zo muri […]
Kajugujugu y’Igisirikare cya Niger yahitanye batatu hafi y’ibirindiro bya gisirikare
Kuri uyu wa Mbere ushize, abantu batatu baguye mu mpanuka ya kajugujugu yaguye ku birindiro by’ingabo hafi y’umurwa mukuru wa Niger, Niamey . Minisiteri y’ingabo ya Niger mu itangazo yoherereje AFP yagize iti: “Kajugujugu yo mu bwoko bwa MI-17 y’Igisirikare cya Niger, yari igarutse ivuye mu myitozo isanzwe, yaguye ubwo yagwaga ku kibuga cy’indege cya […]
Arsenal yagarutse ikura intsinzi ibyibushye kuri West Ham, imwenyuza abarimo Arsène Wenger
Ikipe ya Arsenal yagarukanye intsinzi muri shampiyona y’Abongereza yongeye gusubukurwa, nyuma yo gukura amanota atatu kuri West Ham United yari yayibanje ikayitsinda ibitego 3-1. Iyi kipe y’umutoza Mikel Arteta yari yakiriye West Ham kuri Stade ya Emirates, mu mukino w’umunsi wa 15 wa Premier league. Ni umukino wanarebwe n’abarimo Arsène Wenger wari waje gushyigikira Arsenal […]
Abaharabika u Rwanda ni abatuye kure yarwo: Dr Awazi uyobora diaspora y’Abanyekongo
Dr Awazi Raymond uyobora Abanyekongo baba mu Rwanda avuga ko abo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) baruharabika ari abatuye kure yarwo, by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga. Uyu muganga ukorera bimwe mu bitaro byo mu Rwanda mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Isango Star, yatangaje ko kuba igihugu akomokamo n’icyo atuyemo bitabanye neza, bitagomba gukuraho ubumwe […]
Four people perish in accidents between Christmas and Boxing days
Four people lost their lives in accidents that occurred in different parts of the country between Christmas and Boxing Day, the Rwanda National Police (RNP) has said. Speaking to The New Times, RNP Spokesperson John Bosco Kabera said two of the fatal accidents happened in the Eastern Province – involving motorcycles, while the other two […]
2022: Urutonde rw’abantu bashakishwa kurusha abandi mu Rwanda
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rugaragaza abantu bane umwaka wa 2022 usize bashakishwa kurusha abandi mu Rwanda. Muri rusange, aba bose bahuriye ku kuba bakekwaho ubwicanyi uretse umwe ukekwaho gufata ku ngufu. Byinshi ku bantu baboneka kuri uru rutonde, wasoma: https://bwiza.com/?Urutonde-rw-abantu-bashakishwa-na-RIB-kurusha-abandi-mu-Rwanda Ni urutonde BWIZA ikesha urubuga rwa RIB n’ubwo bigaragara ko nta mpinduka zarubayeho kuva mu […]