Byahinduye isura ku mujyanama wa Katumbi ushinjwa gukorana nâu Rwanda
Ibintu byahinduye isura ku mujyanama wihariye wâumunyapolitiki MoĂ ÂŻse Katumbi, Salomon Idi Kalonda, ushinjwa nâubushinjacyaha bwâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo gukorana nâinzego za Leta yâu Rwanda. Kalonda yatawe muri yombi tariki ya 30 Gicurasi 2023, nyuma yo kwitabira imyigaragambyo yateguwe nâimitwe ya politiki irimo Ensemble ya Katumbi. Yafatiwe ku kibuga cy’indege. Urwego rushinzwe iperereza […]
Amafoto: Abanyakenya bihariye ibihembo bya Kigali International Peace Marathon

Kuri uyu wa 11 Kamena 2023, muri Kigali habaye irushanwa rya âKigali International Peace Marathon 2023″ ryari mu byiciro 3 birimo Full Marathon yâibilometero 42,1; Half-Marathon yâibilometero 21,09 na Run for Peace cya rusange. Muri Full Marathon mu bagabo hatsinze Umunya-Kenya George Onyancha, wakoresheje amasaha abiri, iminota 17 nâamasegonda 41. Mu bagore, uwa mbere yabaye […]
Ishyaka rya Kabila ryamaganye iterabwoba rivuga ko ari gushyirwaho
Ishyaka PPRD rya Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demukarasi ya Congo ryamaganye iterabwoba ryemeza ko akomeze gushyirwaho nâubutegetsi bwa FĂ©lix Tshisekedi. Umunyamabanga Uhoraho wungirije wa PPRD, Ferdinand Kambere, mu kiganiro yagiranye na Top Congo FM, yavuze ko Leta iteganya gusaka urugo rwa Kabila ruri Kingakati, mu nkengero za Kinshasa, kandi ngo si ubwa mbere byaba […]
Ambasaderi wise abadipolomate ba Afurika inkende yegujwe
Guverinoma ya Romania yeguje uwari Ambasaderi wayo muri Kenya, Dragos Viorel Tigau, wise inkende intumwa yâAbanyafurika. Mu nama yaberaga mu nyubako yâUmuryango wâAbibumbye i Nairobi tariki ya 26 Mata 2023, Ambasaderi Tigau yabonye inkende mu idirishya ryaho maze agira ati: âItsinda ryâAbanyafurika ritwiyunzeho.â Aya magambo yateje umwuka mubi mu cyumba cyâinama, Ambasaderi wa Sudani yâEpfo […]
MONUSCO yitandukanyije nâinkuru ivuga ko Colonel wâu Rwanda yafashwe
Ibiro bya misiyo yâamahoro yâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (MONUSCO) byitandukanyije nâigihuha kivuga ko hari Colonel wâu Rwanda witwa Ngendahimana uheruka gufatwa. Bamwe mu Banyekongo bakoresha imbuga nkorananyambaga bamaze iminsi batangaza ko uyu musirikare yafatiwe nâitsinda ryirwanaho kuri hoteli yitwa Mont Songa muri Rutshuru. Ni amakuru atarigeze avugwaho nâurwego urwo ari rwo […]
Huye: Un point focal ‘Imboni’ pour chaque cellule du district

Pour lâannĂ©e budgĂ©taire 2023/2024, le district de Huye et ses partenaires prĂ©voient la dĂ©signation d’un point focal ‘Imboni’ pour chacune des 77 cellules que compte le district. Il s’agira d’un reprĂ©sentant d’un des membre du JADF-Indatirwabahizi. Sa mission sera de travailler Ă©troitememnt avec les deux fonctionnaires affectĂ©s Ă ÂĄ la cellule et de faire des plaidoiries […]
Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza ntiyizeraga ko Man City yaca agahigo ka United

Minisitiri wâintebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, yagaragaje ko atizeraga ko hari ikipe yaca agahigo ko gutwara ibikombe bitatu bikomeye nkâuko Manchester United yabigenje mu mwaka wâimikino wâ1998/1999 ubwo yatozwaga na Alex Ferguson. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 10 Kamena 2023, Manchester City yegukanye igikombe cya mbere cya UEFA Champions League, itsinze Internazionale de Milano […]
Ingabo zâu Burundi ziravugwaho kwica abarwanyi ba M23
Ingabo zâu Burundi ziri mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, ziravugwaho kwica abarwanyi batatu bâumutwe witwaje intwaro wa M23. Amakuru umunyamakuru Justin Kabumba wâUmunyekongo ahamya ko yemejwe nâumuvugizi wâingabo za EAC zikorera muri RDC, Lieutenant Reagan Mbuyi, aravuga ko undi murwanyi mwe […]
Dr Habineza yifuza ko abantu bongera kubaho mu buzima bwâumwimerere
Dr Frank Habineza avuga ko abantu bakwiye kwiga kongera kubaho mu buzima busanzwe bwâumwimerere nka kera kugira ngo ibidukikije bidakomeza kuharenganira. Ni mu gitekerezo yagejeje ku bitabiriye inama ya Global Greens iri kubera muri Koreya yâEpfo, aho avuga ko bo nkâabagize ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, aho bifuza ko abantu batangira kugabanya ibintu bakenera […]