Byahinduye isura ku mujyanama wa Katumbi ushinjwa gukorana n’u Rwanda

Ibintu byahinduye isura ku mujyanama wihariye w’umunyapolitiki MoĂ ÂŻse Katumbi, Salomon Idi Kalonda, ushinjwa n’ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo gukorana n’inzego za Leta y’u Rwanda. Kalonda yatawe muri yombi tariki ya 30 Gicurasi 2023, nyuma yo kwitabira imyigaragambyo yateguwe n’imitwe ya politiki irimo Ensemble ya Katumbi. Yafatiwe ku kibuga cy’indege. Urwego rushinzwe iperereza […]

Amafoto: Abanyakenya bihariye ibihembo bya Kigali International Peace Marathon

Buri wese yari ahawe ikaze mu cyiciro cya Run for Peace

Kuri uyu wa 11 Kamena 2023, muri Kigali habaye irushanwa rya “Kigali International Peace Marathon 2023″ ryari mu byiciro 3 birimo Full Marathon y’ibilometero 42,1; Half-Marathon y’ibilometero 21,09 na Run for Peace cya rusange. Muri Full Marathon mu bagabo hatsinze Umunya-Kenya George Onyancha, wakoresheje amasaha abiri, iminota 17 n’amasegonda 41. Mu bagore, uwa mbere yabaye […]

Ishyaka rya Kabila ryamaganye iterabwoba rivuga ko ari gushyirwaho

Ishyaka PPRD rya Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demukarasi ya Congo ryamaganye iterabwoba ryemeza ko akomeze gushyirwaho n’ubutegetsi bwa FĂ©lix Tshisekedi. Umunyamabanga Uhoraho wungirije wa PPRD, Ferdinand Kambere, mu kiganiro yagiranye na Top Congo FM, yavuze ko Leta iteganya gusaka urugo rwa Kabila ruri Kingakati, mu nkengero za Kinshasa, kandi ngo si ubwa mbere byaba […]

Ambasaderi wise abadipolomate ba Afurika inkende yegujwe

Guverinoma ya Romania yeguje uwari Ambasaderi wayo muri Kenya, Dragos Viorel Tigau, wise inkende intumwa y’Abanyafurika. Mu nama yaberaga mu nyubako y’Umuryango w’Abibumbye i Nairobi tariki ya 26 Mata 2023, Ambasaderi Tigau yabonye inkende mu idirishya ryaho maze agira ati: “Itsinda ry’Abanyafurika ritwiyunzeho.” Aya magambo yateje umwuka mubi mu cyumba cy’inama, Ambasaderi wa Sudani y’Epfo […]

MONUSCO yitandukanyije n’inkuru ivuga ko Colonel w’u Rwanda yafashwe

Ibiro bya misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (MONUSCO) byitandukanyije n’igihuha kivuga ko hari Colonel w’u Rwanda witwa Ngendahimana uheruka gufatwa. Bamwe mu Banyekongo bakoresha imbuga nkorananyambaga bamaze iminsi batangaza ko uyu musirikare yafatiwe n’itsinda ryirwanaho kuri hoteli yitwa Mont Songa muri Rutshuru. Ni amakuru atarigeze avugwaho n’urwego urwo ari rwo […]

Huye: Un point focal ‘Imboni’ pour chaque cellule du district

De droite Ã¥ gauche: Le président du JADF-Indatirwabahizi, le maire Sebutege et le vice maire chargé du dévelopoementĂ‚Â ĂƒÂ©conomique

Pour l’annĂ©e budgĂ©taire 2023/2024, le district de Huye et ses partenaires prĂ©voient la dĂ©signation d’un point focal ‘Imboni’ pour chacune des 77 cellules que compte le district. Il s’agira d’un reprĂ©sentant d’un des membre du JADF-Indatirwabahizi. Sa mission sera de travailler Ă©troitememnt avec les deux fonctionnaires affectĂ©s Ă ÂĄ la cellule et de faire des plaidoiries […]

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ntiyizeraga ko Man City yaca agahigo ka United

Manchester City yaraye yegukanye igikombe cya Champions League bwa mbere

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yagaragaje ko atizeraga ko hari ikipe yaca agahigo ko gutwara ibikombe bitatu bikomeye nk’uko Manchester United yabigenje mu mwaka w’imikino w’1998/1999 ubwo yatozwaga na Alex Ferguson. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 10 Kamena 2023, Manchester City yegukanye igikombe cya mbere cya UEFA Champions League, itsinze Internazionale de Milano […]

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho kwica abarwanyi ba M23

Ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, ziravugwaho kwica abarwanyi batatu b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Amakuru umunyamakuru Justin Kabumba w’Umunyekongo ahamya ko yemejwe n’umuvugizi w’ingabo za EAC zikorera muri RDC, Lieutenant Reagan Mbuyi, aravuga ko undi murwanyi mwe […]

Dr Habineza yifuza ko abantu bongera kubaho mu buzima bw’umwimerere

Dr Frank Habineza avuga ko abantu bakwiye kwiga kongera kubaho mu buzima busanzwe bw’umwimerere nka kera kugira ngo ibidukikije bidakomeza kuharenganira. Ni mu gitekerezo yagejeje ku bitabiriye inama ya Global Greens iri kubera muri Koreya y’Epfo, aho avuga ko bo nk’abagize ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, aho bifuza ko abantu batangira kugabanya ibintu bakenera […]