HRW irifuza ko abasirikare benshi b’u Rwanda n’aba RDC bafatirwa ibihano

Umuryango Human Rights Watch (HRW) uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu wagaragaje ko wifuza ko ubumwe bw’Uburayi (EU) bufatira ibihano abasirikare bakuru benshi b’u Rwanda n’aba Repubulika ya demukarasi ya Congo, RDC. Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo uyu muryango wasohoye kuri uyu wa 30 Nyakanga 2023, ugaragaza ko wishimira kuba Captain Niregire Jean-Pierre alias Gasasira w’u Rwanda na […]

Umuhungu wa Zari aravugwa mu rukundo n’umuzungukazi w’ikizungerezi

Umuhungu wa Zari witwa Pinto Ssemwanga yagaragaye arikumwe n’umuzungukazi w’umunyamideli witwa Jevonne Coetsee, ukorana na sosiyete icunga imideli ikorera i Johannesburg, Cape Town, na Durban aho bivugwa ko ari umukunzi we. Mu Kwakira 2022, Zari yavuze ko yakiriye ubutumwa bwinshi ku mbugaze abakobwa n’bagore bamusaba kubahuza n’umuhungu we, ariko aza gusobanura ko azamureka akihitiramo uwo […]

A new biosafety bill to regulate genetically modified organisms (GMOs)

A new draft law governing biosafety has been approved by the Rwandan government, in a move towards the regulation of genetically modified organisms (GMOs) . The bill, approved on July 13, 2023, aims to address potential risks associated with GMOs, protect biodiversity and preserve the integrity of the environment, according to the Rwandan Environment Management […]

Le Rwanda déploie une force au Mozambique

Le chef d’Ă©tat-major des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF), le gĂ©nĂ©ral major Vincent Nyakarundi, ainsi que l’inspecteur gĂ©nĂ©ral adjoint de la police chargĂ© des opĂ©rations, le CP Vincent Sano, ont, le lundi 31 juillet, vu les Forces de sĂ©curitĂ© rwandaises se diriger, pour relever leurs collègues, à  Cabo Delgado, au Mozambique . Le contingent qui […]

Mugiraneza Jean Baptiste yasezeye ku mupira w’amaguru

Mugiraneza Jean Batiste yasezeye umupira w’amaguru Umukinnyi mugiraneza Jean Batiste bakunze kwita Migi yasezeye umupira w’Amaguru nyuma y’igihe kinini akinira ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’amakipe atandukanye. Kuva mu mwaka wa 2006, Mugiraneza Jean Baptiste yambara umwambaro w’ikipe y’igihugu Amavubi, gutangaza 2020 ubwo yafataga umwanzuro wo gusezera burundu mu ikipe y’igihugu , kuri ubu nabwo yamaze […]

Guterres abona ko ibinyampeke Putin yemereye Afurika ari ‘ibihendabana’

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN) abona ko ibinyampeke Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya aherutse kwemerera bimwe mu bihugu bya Afurika ari nk’ibihendabana. Mu nama yahuje u Burusiya na bamwe mu bakuru b’ibihugu bya Afurika, yabereye mu mujyi wa Saint Petersburg, Putin yabasezeranyije ko igihugu cye kizaba ibyo bayoboye impano y’amatoni ibihumbi y’ibinyampeke. Ni impano yemeye […]

Niger: U Bufaransa bwaba burimo gutegura igitero cyo kubohoza Perezida Bazoum

Inteko ya gisirikare yafashe ubutegetsi muri Niger mu cyumweru gishize irashinja igihugu cy’u Bufaransa cyahoze kibakolonije, kuba burimo gutegura ibitero byo kugerageza kubohora Perezida Mohamed Bazoum no gusubizaho guverinoma ye. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Bufaransa ntabwo yemeje cyangwa ngo ihakane iki kirego ariko yavuze ko Paris yemera gusa ko Bazoum ari we perezida wemewe w’iki […]

KNC yateguje Rayon Sports ko azayiha umubatizo

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yateguje Rayon Sports ko azayinyagira ubwo bazaba bahuriye mu mukino ufungura shampiyona. Ku wa 18 Kanama ni bwo Gasogi United izakira Rayon Sports, mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona uzabera kuri Kigali Pele Stadium. Uzatangira saa moya z’umugoroba. KNC kuri uyu wa Mbere nyuma gato y’uko […]

Ibi bintu 4 n’ubikora uzamenye ko urimo gusenya urugo rwamugenzi wawe

Muri iyi isi dutuyemo usanga abashakanye bakunze kugira indahiro y’uko ntakizabatanya bijyanye n’ukwemera kwabo.Gusa hari igihe umuntu agira ibyo akora cyangwa avuga ugasanga yaba abishaka cyangwa atabishaka ushenye urugo rwabo. Aha rero tugiye kurebera hamwe ibintu umuntu ashobora gukora bikaba byagira uruhare mu gusenya ingo nyamara birengagije ko hari amategeko ashobora no kubakurikirana igihe bibaye […]

Gen. Nyakarundi yahaye impanuro abasirikare bagiye gusimbura bagenzi babo muri Mozambike

f2w0p6sxwaadun8.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Nyakanga, mu izina ry’Umugaba mukuru w’ingabo, Umuyobozi w’ingabo zirwanira ku butaka za RDF, Maj Gen Vincent Nyakarundi hamwe n’umuyobozi mukuru wungirije wa polisi ushinzwe ibikorwa, CP VB SANO bahaye impanuro Ingabo z’u Rwanda n’abapolisi berekeje muri Cabo Delgado, muri Mozambike gusimbura bagenzi babo . Ingabo ziyobowe na Maj Gen […]

Senateri arasaba Leta ya RDC kugaragaza impamvu nyakuri yatumye idatumira Mushikiwabo

Senateri Muyumba arasaba Leta ya RDC kuvuga ukuri ku mpamvu itatumiye Mushikiwabo

Senateri mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Francine Muyumba Nkanga, arasaba ubutegetsi bw’iki gihugu kuvuga impamvu nyakuri yatumye budatumira Louise Mushikiwabo mu mikino y’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF) iri kubera i Kinshasa kuva tariki ya 28 Nyakanga kugeza ku ya 6 Kanama 2023. Ubwo haburaga iminsi itatu ngo iyi […]

ECOWAS yahaye icyumweru abahiritse ubutegetsi muri Niger cyangwa igakoresha ingufu

000_33qb3kn.jpg

Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Nyakanga, abayobozi bo muri Afurika y’iburengerazuba bahaye abahiritse ubutegetsi muri Niger, icyumweru kimwe kugira ngo basubize ubutegetsi, baburira ko batazabura “gukoresha ingufu”, maze banabafatira ibihano by’imari . Uyu muryango w’ubukungu w’ibihugu 15 bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) wasabye ko Perezida Mohamed Bazoum watowe ahita arekurwa byihuse kandi agasubizwa ku buyobozi bwigaruriwe […]

Hari umudayimoni uri gusambanya abantu: KNC

Umunyamakuru Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatangaje ko hari umudayimoni wateye uri gusambanya abagore n’abagabo mu ijoro, bakaryoherwa ku buryo bashobora no kuzinukwa abo bashakanya, ingo zigasenyuka zityo. Ni amakuru yatanze avuga ko atarimo ibikabyo, ashingiye ku nkuru y’umunyamakuru Davina McCall w’Umwongereza na Marza Tovo wo muri Brazil, baherutse gutangaza ko baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina bakorana n’abantu […]

Umusirikare wa UPDF arashinjwa gusambanya no gutera inda umwana yibyariye

Igipolisi cya Uganda muri Njeru, mu Karere ka Buikwe, cyataye muri yombi umusirikare wa UPDF ushinjwa gusambanya kenshi umukobwa we w’imyaka 15 akanamutera inda . Uyu mwana w’umukobwa yiga mu mwaka wa karindwi w’amashuri abanza muri Njeru nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga. Umuvugizi wa polisi muri Ssezibwa, Hellen Butoto, yavuze ko ukekwa yatawe […]

Alien Skin uri mu bagezweho mu muziki yazamuye intugu azisumbisha Diamond Platnumz

Umuhanzi Patrick Mulwana, uzwi cyane ku izina rya Alien Skin, kuri ubu uri mu bagezweho mu gihugu cya Uganda, ashimangira ko ageze ku rwego rwo hejuru ku buryo n’umuhanzi Diamond Platnumz aherutse kumusaba ko bakorana indirimbo akamwangira. Uyu musore wamenyekanye mu ndirimbo zirimo Sitya Danger aherutse kuvuga ashize amanga, ko yanze icyifuzo cy’imikoranire na Diamond […]

Shampiyona: Igihe APR FC izesuranira na Rayon Sports cyamenyekanye

img-20230731-wa0003.jpg

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gutangaza ingengabihe y’uko imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere ya 2023/24 iteye. Ni shampiyona izatangira ku wa 18 Kanama 2023, ikazasozwa muri Gicurasi 2024. Umukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona uzahuza Gasogo United izaba yakiriye Rayon Sports kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo, ukazatingira guhera saa moya z’umugoroba. […]

Me Uwizeyimana arahamya ko iyo Perezida Kagame adasenya udutsiko, Inkotanyi zitari gutsinda

Senateri Me Uwizeyimana Evode arahamya ko iyo Perezida Paul Kagame adasenya udutsiko, abasirikare ba RPA Inkotanyi batari gutsinda urugamba rwo kubohora u Rwanda no guhagarika jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu munyamategeko, mu kiganiro kuri televiziyo y’igihugu, yagaragaje uburyo udutsiko twagiye dusenya umuryango nyarwanda kuva mu gihe cy’ubwami kugeza ku butegetsi bwa Habyarimana JuvĂ©nal, ndetse […]

RDC: Uwiyita pasiteri asanga bakwiye gucura intwaro za kirimbuzi bagasenya Kigali

Umupasiteri wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri iki Cyumweru ubwo yari imbere y’abagize itorero rye, mu byo yabwirije yazanyemo n’igitekerezo cy’uko Kinshasa yakora intwaro za kirimbuzi maze ikazazitera i Kigali, aho avuga ko ari igisubizo ku cyo yita ubushotoranyi u Rwanda rukomeje gukorera igihugu cye . Uyu wiyita umupasiteri witwa Masambukidi avuga ko […]

Perezida Zelensky yateguje ko intambara igiye gusubira ku butaka bw’u Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yateguje ko intambara irimo gusubira mu Burusiya nyuma y’igitero cy’indege zitagira abapilote ku murwa mukuru Moscow. Zelensky yavuze ko ibitero ku butaka bw’u Burusiya ari “inzira utakwirinda, karemano kandi ifite impamvu rwose” y’intambara hagati y’ibihugu byombi. Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze ku Cyumweru, ko indege zitagira abaderevu eshatu zo muri […]

Niger yihimuye ku Bufaransa bwahagaritse inkunga bwayihaga

Ubutegetsi bwa gisirikare buyoboye kuri Niger bwihimuye ku gihugu cy’u Bufaransa, nyuma y’uko bufashe icyemezo cyo guhagarika ubufasha bwose bwahaga kiriya gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika. Paris yahagaritse inkunga yahaga Niger nyuma ya Coup d’à‰tat yo ku wa Gatanu w’icyumweru gishize yasize Perezida Mohamed Bazoum wari uyoboye iki gihugu ahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo […]

Pakistan: Nibura abantu 44 bishwe n’igisasu cyaturikiye ahaberaga mitingi y’ishyaka

Nibura abantu 44 bapfiriye mu iturika ry’igisasu cyaturikiye muri Pakistan muri mitingi yari yateguwe n’ishyaka rya kisilamu . Abantu barenga 100 na bo bakomerekeye muri iryo turika ryabereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’akarere ka Bajaur, aho ishyaka Jamiat Ulema-e-Islam-Fazl (JUI-F) ryakoreraga mitingi. Polisi yabwiye BBC ko babonye ibimenyetso byerekana ko iturika rishobora kuba ari igitero cy’ubwiyahuzi. […]