VIDEO – M23 yasobanuye uko ba komanda bayo biciwe mu gico

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wemeje ko abasirikare bawo babiri bakuru (commanders) bishwe ku wa 16 Mutarama 2024 baguye mu gico batezwe n’Ingabo za Leta. Mu kiganiro cyihariye umuvugizi w’uyu mutwe mu bya gisirikare, Maj Willy Ngoma yagiranye na BWIZA TV, yashimangiye ko ibi byakozwe na Leta ya Kinshasa […]

Gen. Habarurema ukuriye ubutasi bw’u Burundi aravugwaho kuba inyuma y’ubujura buyogoje Bujumbura

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza mu Burundi (SNR) kiravugwa mu byaha by’ubukungu no kumena amaraso. Ibyo byaha biteye impungenge kandi bikorwa n’abakozi b’uru rwego rw’ubutasi. Aba biravugwa ko bakingirwa ikibaba n’umuyobozi wa bo, Brig. Gen. Ildephonse Habarurema kandi ntibahanwa kabone niyo baba bafashwe. Ibikorwa by’ubugizi bwa nabi by’abakozi b’ubutasi bw’u Burundi byabatijwe SEVUMA, nk’uko amakuru agera […]

U Rwanda rwashyikirije RDC abasirikare 2 n’umurambo

U Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama, rwashyikirije Repubulika Iharanira Demokarasi abasirikare babiri bayo ruheruka baheruka gufatirwa i Rubavu n’umurambo wa mugenzi wabo waharasiwe. Igikorwa cyo gushyikiriza RDC aba basirikare cyabereye ku mupaka uhuza ibihugu byombi mu karere ka Rubavu. Bakiriwe na FARDC mbere y’uko umurambo w’uwishwe ujyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro bya […]

Musanze: Abarerera muri GS Kabaya barinubira gucibwa ‘Frw y’umurengera’ no kuba abana babo bavutswa amasomo

Bamwe mu babyeyi barerera mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kabaya ruherereye mu murenge wa Muhoza w’akarere ka Musanze, barashinja ubuyobozi bw’iri shuri kubaca amafaranga y’umurengera; ku buryo abatayishyura birangira abana babo bavukijwe amasomo. Umwe mu babyeyi wasabwe ko amazina ye agirwa ibanga, yavuze ko ubuyobozi bw’ishuri bumaze igihe bwongera amafaranga bishyura mu buryo budasobanutse; kandi andi […]

Rusizi:Umugabo yarumye ugutwi k’umugore we agace akuyeho bivugwa ko yakamize

Mu ntara y’Iburengerazuba mu Karere ka Rusizi, haravugwa umugabo warumye ugutwi k’umugore we, maze bivugwa ko agace yakuyeho ashobora kuba yakamize. Imvano y’uyu mujinya w’umuranduranzuzi uyu mugabo yagaragaje, wakomotse ku ifuhe yagiriye uyu mugore we nyuma yo kumushinja ko amuca inyuma.Ni amakuru yamenyekanye mu mpera z’icyumweru gishize. Uyu muryango washyamiranye utuye mu Mudugudu wa Rugombo, […]

Diamond yatandukanye na Zuchu ‘yambuye ubusugi’

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki nka Diamond Platnumz, yemeje ko atakiri mu rukundo n’umuririmbyi mugenzi we Zuchu bari bamaze umwaka urenga bakundana. Uyu muhanzi uyoboye umuziki wa Tanzania yifashishije urubuga rwe rwa Instagram, yatangaje ko kuri ubu nta mukunzi agifite ndetse ko nta n’uwo agikeneye. Ati: “Guhera uyu munsi, nishimiye kubamenyesha ku mugaragaro […]

Bahangayikishijwe n’amafaranga yabo muri banki zigurwa n’abanyamahanga batategujwe

Bamwe mu babitsa muri banki zitandukanye mu Rwanda baravuga ko bagira impungenge iyo abanyamahanga bagura imigabane y’amwe mu ma banki yo mu gihugu bakayegukana ndetse agahindurirwa n’amazina kuko usanga batamenya uko biba byagenze ngo banki zigurishwe ugasanga bafite impungenge z’amafaranga yabo. Ni nyuma y’uko hashize igihe humvikana abanyamahanga bagura imigabane y’amwe mu ma banki yo […]

Les soldats des RDF acquièrent des compétences de combat avancées

38928.jpg

Les officiers des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) et d’autres soldats ont terminĂ© avec succès, mercredi 17 janvier, une formation avancĂ©e d’infanterie de sept mois au Centre d’entraà®nement militaire de base de Nasho, dans le district de Kirehe. Le gĂ©nĂ©ral Moubarakh Moubarakh, chef d’Ă©tat-major de la DĂ©fense (CDS) des RDF, a prĂ©sidĂ© la cĂ©rĂ©monie de […]

Zari yavuze uko yabaye umukozi wo mu rugo mbere yo kuba slayqueen

Zari Hassan uzwi nka Bosslady, yohereje ubutumwa butaziguye abagore n’abakobwa bazwi nka Slay Queen bose,aho yavuze ko mu gihe bimitse gahunda yo gusabiriza bazahora ari abakene ntibagire icyo bigezaho. Zari yatangaje ko nubwo abaho ubuzima buhenze , yabanje guca ahantu hakomeye kandi havunanye ku buryo yigeze no kwisanga akora akazi ko mu rugo, ariko kandi […]

Pakistan yishyuye Iran imaze amasaha make iyigabyeho ibitero

Pakistan kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama yagabye ibitero bya missile kuri Iran, nyuma y’amasaha make icyo gihugu na cyo kiyigabyeho ibitero. Pakistan ivuga ko ibitero byayo byashegeshe “ubwihisho bw’ibyihebe” [byo muri Iran] buherereye mu ntara ya Sistan-Baluchestan. Abantu barindwi barimo abagore batatu n’abana bane ni bo bivugwa ko biciwe muri biriya bitero, […]

Depite Cecilia Ogwal wanabaye Miss Uganda yapfuye ku myaka 77

250944818_253688940013856_5844871848254683035_n_1_.jpg

Cecilia Barbara Atim Ogwal, Umudepite ukomeye muri Uganda wari uhagarariye abagore watorewe mu Karere ka Dokolo akaba yarabaye na Miss Uganda, yapfuye ku myaka 77. Ogwal wavutse ku itariki ya 12 Kamena 1946, yari umushoramari ukorana n’ingabo z’igihugu ndetse akaba n’umujyanama mu micungire, yabaye umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Uganda kuva mu 1996 […]

Umutwe w’abacanshuro wa Wagner Group waje mu yindi sura n’izina rishya muri Afurika

Umutwe w’abacanshuro wa Wagner biravugwa ko ufite izina rishya ikoresha mu bikorwa byawo muri Afurika, ariko ngo ni wa mutwe n’ubundi w’abacanshuro b’Abarusiya ukomeje gusahura ubutunzi bw’amabuye y’agaciro kandi ugasiga inyuma ibikorwa by’ubugizi bwa nabi ku mugabane wa Afurika. Ahazaza h’umutwe hari hakomeje kwibazwaho nyuma y’urupfu rwo muri Kanama 2023 rw’uwahoze ari umuyobozi wa wo, […]

Uganda: Bobi Wine na Besigye bafungiwe mu ngo zabo

Abanyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ na Dr Kizza Besigye batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, baravuga ko inzego z’umutekano zabafungiye mu ngo zabo. Bombi babitangaje biciye mu butumwa banditse ku mbuga zabo za X yahoze yitwa Twitter. Bobi Wine yavuze ko “ibigwari by’abasirikare n’abapolisi byagose urugo rwacu hanyuma bidufungira iwacu, ariko imyigaragambyo irakomeje. Musane imihanda […]

Imbwa zigiye kwifashishwa mu gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza

Hagiye gutangizwa agashami gashya kazakorera muri Polisi, mu ishami rishizwe gucunga umutekano hifashishijwe imbwa (Canine Brigade). Aka gashami kazafasha gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza. Umuyobozi wa Polisi ishami rishinzwe gucunga umutekano hifashijwe imbwa, CSP Faustin Kalimba, asobanura ko imbwa zifasha mu gutahura ibisasu, ibiyobyabwenge ndetse n’umuntu wiziritseho igisasu. Yavuze ko bateganya gushyiraho akandi gashami gafasha […]

Abadepite yemeje umushinga wa Minisitiri w’Intebe, Sunak, wo kohereza mu Rwanda abimukira

Inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza umutwe w’Abadepite (House of Commons) yemeje umushinga wa Ministri w’Intebe, Rishi Sunak, wo kohereza mu Rwanda abimukira basaba ubuhungiro. Uwo mushinga watambutse ku majwi 320 kuri 276. Mu badepite bakabakaba 60 bo mwishyaka akomokamo ry’Abakonservateri bawurwanyaga, 11 gusa nibo batoye “Oya”. Mu minsi mike ishize, uyu mushinga wateje impaka z’urudaca mu […]

Minisitiri Gasana n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi bagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar

Minisitiri Gasana n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi bagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu, Alfred Gasana ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuva ku wa Kabiri, tariki ya 16 Mutarama, bari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu gihugu cya Qatar rugamije gushimangira ubufatanye mu bijyanye n’umutekano n’iyubahirizwa […]

Mu Bushinwa bahangayikishijwe n’igabanuka ry’impinja zivuka

Mu Bushinwa haravugwa ikibazo cy’igabanuka ry’abaturage gikomeje gufata indi ntera mu myaka ibiri yikurikiranya. Kuri uyu wa Gatatu taliki 17 Mutarama 2024, nibwo hashyizwe ahagaragara ibarura ryerekanye ko mu mpera z’umwaka ushize wa 2023 abantu bangana na Miliyari 1.409 bagabanutse ugereranyije na 2022. Abahanga mu by’ibarurishamibare bavuga ko ibi byari byitezwe kuko abenshi mu Bashinwa […]

Abasirikare ba RDF barimo ba Ofisiye basoje imyitozo ihanitse yo kurwanira ku butaka (Amafoto)

20240117_221932.jpg

Abasirikare ba RDF barimo abo ku rwego rwa ba Ofisiye ndetse n’abato basoje imyitozo igenewe ingabo zirwanira ku butaka (Advanced Infantry Training) bari bamaze amezi arindwi bakorera mu kigo cy’imyitozo cya Nasho. Umuhango wo gusoza iyi myitozo wayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wari uwuhagarariyemo Perezida Paul Kagame. Gen Muganga yashimiye abasoje […]