Rayon Sports yitandukanyije na Héritier Luvumbu

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yitandukanyije n’umunye-Congo HĂ©ritier Luvumbu, nyuma y’imyitwarire yagaragarije mu mukino we na bagenzi be batsinzemo Police FC ibitego 2-1. Luvumbu ni we wafunguye amazamu muri uyu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona, ku gitego cya Coup-Franc yatsinze ku munota wa 53 w’umukino. Mu kwishimira icyo gitego yagaragaye yashyize intoki ebyiri […]

Loni irashinja RDF kugerageza kurasa drone yayo ikoresheje missile karahabutaka

Umuryango w’Abibumbye urashinja Ingabo z’u Rwanda kwifashisha missile ihanura indege izwi nka surface-to-air missile mu kugerageza kurasira drone yayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Loni yashyize ibyo birego kuri RDF biciye mu nyandiko yasohoye Ibiro Ntaramakuru AFP bivuga ko byabonye. Iyo nyandiko ivuga ko ku wa Gatatu tariki ya 7 Mutarama “missile bikekwa ko […]

Somalia: Abasirikare 3 ba UAE n’uwa Bahrain biciwe mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare

Minisiteri y’ingabo ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yatangaje ko ku wa Gatandatu, abasirikare batatu b’iki gihugu n’umusirikare wa Bahrein baguye mu gitero cyagabwe mu kigo cya gisirikare muri Somalia ubwo bari mu butumwa bwo gutoza ingabo za Somalia. Minisiteri yanditse ku rubuga nkoranyambaga X, rwahoze ari Twitter, ko “abasirikare bagabweho igitero cy’iterabwoba bari mu nshingano […]

Minisitiri Biruta yakiriye mugenzi we w’Ububanyi n’Amahanga wa Portugal

Uyu munsi, Minisitiri,Biruta yahaye ikaze JoaoCravinho,Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Porutugali uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Abaminisitiri bombi bagiranye ibiganiro ku gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda na Porutugali. Bunguranye ibitekerezo kandi ku bibazo byo mu karere no ku isi muri sange. Ubusanzwe umubano wa Portugal n’u Rwanda ni nta macyemwa by’umwihariko rishingiye ku iterambere […]

Le Rwanda émet une alerte à la maladie des yeux rouges

Le ministère rwandais de la SantĂ© a exhortĂ© dimanche le public Ă  prendre des mesures de prĂ©caution, notamment en se lavant rĂ©gulièrement les mains, afin de prĂ©venir la propagation de la maladie des yeux rouges hautement contagieuse suite Ă  une Ă©pidĂ©mie dans certains pays de la rĂ©gion. Le ministère a dĂ©clarĂ© que la maladie se […]

Israel iravuga ko yabohoje imbohe 2 mu bitero yatangije mu Mujyi wa Rafah

Israel iravuga ko abagabo babiri b’Abanya-Israel bari bafashwe bugwate batabawe muri Rafah, nyuma y’uko itangije ibitero by’indege kuri uyu mujyi wo mu majyepfo ya Gaza. Igisirikare cya Israel kivuga ko Fernando Simon Marman w’imyaka 60 na Louis Har w’imyaka 70, bameze neza ubu. Israel ivuga ko hifashishijwe igisirikare cyo mu kirere n’uruhurirane rw’ibitero mu gitero […]

Inyeshyamba z’Aba-Houthi zagabye igitero ku bwato bw’ubwikorezi mu Nyanja Itukura

Inyeshyamba z’Aba-Houthi zo muri Yemen zishyigikiwe na Iran zavuze ko kuri uyu wa Mbere zagabye igitero ku bwato butwara imizigo mu Nyanja Itukura, iki kikaba ari cyo gitero giheruka kuva intambara yatangira hagati ya Israel na Hamas muri Gaza. Aba-Houthi bagaragaje ko ubwato bwitwa Star Iris. Umuvugizi w’igisirikare cy’uwo mutwe, Yahya Saree, yatangaje kuri televiziyo […]

Kinshasa: Ambasade ya Amerika yahawe uburinzi buhambaye mu gihe imyigaragambyo ikomeje

ggh0ho7xgaabpf-.jpg

Kuri uyu wa Mbere, abapolisi benshi bashyizwe imbere ya Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika kugira ngo bitambike abigaragambya imbere y’iyi ambasade. Imiryango myinshi itegamiye kuri leta yasabye ko habaho imyigaragambyo yamagana guceceka n’ubufatanyacyaha kw’ibihugu bimwe na bimwe by’iburengerazuba mu bwicanyi ivuga ko bukorerwa Abanyekongo mu burasirazuba bw’igihugu bukorwa na M23. Ku yindi nshuro, iki […]

Tanzania :3 mu bagiye gushyingura bakubiswe n’inkuba barapfa ,abandi 18 barakomereka

Muri Tanzania abantu 3 bapfuye, bakubiswe n’inkuba abandi 18 barakomereka ubwo bari bagiye gushyingira. Mu mpera z’icyumweru dusoje nibwo I DAR ES SALAAM abaturage batatu bahapfiriye abandi 18 barakomereka nyuma y’inkuba yabahitanye ubwo bari bitabiriye umuhango wo gushyingura mu karere ka Lindi mu majyepfo ya Tanzaniya, nk’uko umwe mu bayobozi yabitangarije Xinhua kuri iki cyumweru. […]

Igisubizo cya P. Kagame ku wamubajije niba abona akwiriye kongera gutorwa

Perezida Paul Kagame yatangaje ko amatora ari yo azagena niba koko ari we mukandida ukwiriye gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda, agaragaza ko byaba byiza abantu bayategereje. Umukuru w’Igihugu yabitangarije i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Eleni Giokos wa CNN. Muri iki kiganiro Perezida Paul Kagame yabajijwe niba abona afite icyizere cyo […]

Abanyarwanda bagiriwe inama yo kwirinda indwara y’amaso yandura cyane

ggczu5nwqaaehl9_1_.jpg

Kuri iki Cyumweru, Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda yasabye abaturage gufata ingamba zo kwirinda, harimo no gukaraba intoki buri gihe, indwara y’amaso atukura yandura cyane nyuma yo kwaduka mu bihugu bimwe na bimwe byo mu karere. Minisiteri yavuze ko iyi ndwara ikwirakwizwa no gukora mu maso y’abantu banduye cyangwa ahantu handuye. Mu nama zigirwa ku baturage […]

Minisitiri w’ingabo wa Amerika, Lloyd Austin, yasubiye mu bitaro

Minisitiri w’ingabo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Lloyd Austin, yahaye inshingano umwungirije mu gihe yasubiye mu bitaro kubera “ikibazo cy’uruhago”, nk’uko Pentagon yabitangaje. Austin, ufite imyaka 70, ari mu gice cyita ku barwayi barembye mu kigo cy’ubuvuzi cya gisirikare cya Walter Reed muri Virginie. Abayobozi bavuze ko kugeza ubu bitaramenyekana igihe azamara mu bitaro […]

HĂ©ritier Luvumbu ashobora kwirukanwa ku butaka bw’u Rwanda

Ikipe ya Rayon Sports ishobora gusesa amasezerano ifitanye n’umunye-Congo HĂ©ritier Luvumbu ndetse akanirukanwa ku butaka bw’u Rwanda, nyuma yo kugaragaza ko ashyigikiye ibirego bishinja u Rwanda gukorera ubwicanyi abanye-Congo. Luvumbu ni we wafunguye amazamu mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona Rayon Sports yaraye itsinzemo Police FC ibitego 2-1. Mu kwishimira icyo gitego yagaragaye yashyize […]

FARDC Vs M23: Imirwano ikaze i Masisi na Nyiragongo

Imirwano ikomeye kuri uyu wa Mbere yaramukiye mu bice bya za Teritwari za Masisi na Nyiragongo hagati y’inyeshyamba z’umutwe wa M23 n’Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. M23 nk’ibisanzwe irashinja FARDC n’abo bakorana kugaba ibitero ku birindiro byayo, ndetse no kurasa mu duce dusanzwe dutuwe n’abaturage benshi. Lawrence Kanyuka uvugira uyu […]

Perezida Ndayishimiye yirukanye intasi nkuru y’u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yirukanye ku mirimo GĂ©nĂ©ral de brigade Silas Pacifique Nsaguye wari ukuriye ubutasi bwa gisirikare. Mu Cyumweru gishize ni bwo GĂ©nĂ©ral de Brigade wari ukuriye ubutasi bw’u Burundi kuva muri 2021 asimbuye Colonel Ernest Musaba yirukanwe, asimburwa na Colonel Jean d’Affaires Manirakiza. Amakuru avuga ko iyi ntasi nkuru y’u Burundi yaba […]

Umunyakenya wari numero ya 1 ku Isi muri Marathon yapfanye n’umutoza we w’umunyarwanda

Umunyakenya wari numero ya mbere muri marathon mu bagabo ku Isi, Kelvin Kiptum w’imyaka 24, yapfuye azize impanuka yo mu muhanda yakoreye mu gihugu cye, apfana n’umutoza we, Umunyarwanda Gervais Hakizimana. Iyi mpanuka y’imodoka yabaye kuri iki Cyumweru, itariki 11 Gashyantare, ubwo Kiptum n’umutoza we, Hakizima, berekezaga mu burengerazuba bwa Kenya. Hari Ku Cyumweru, impanuka […]

Senegal: Batatu bamaze guhitanwa n’imvururu zishingiye ku matora

Abantu batatu bamaze kugwa mu myigaragambyo yatewe no kwigiza inyuma igihe cy’amatora kuzageza mu kwa cumi n’abiri mu gihugu cya Senegal. Hakomeje kandi impungenge muri iki gihugu kiri mu byari bisigaranye demokarasi muri Afurika y’uburengerazuba isigaye yarokamwe n’ihirikwa ry’ubutegetsi. Gusubika amatora hasigaye ibyumweru bitatu ngo amatora yari ategerejwe kuwa 25 Gashyantare abe kwatumye havuka imvururu […]

Meteo yongeye guteguza imvura iremereye

Mu gice cya kabiri hagati ya tariki ya 11-20 z’ukwezi kwa Gashyantare 2024, ingano y’imvura iteganyijwe izaba iri hejuru y’ikigero mpuzandengo cy’imvura isanzwe igwa mu bice byose by’igihugu. Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe kivuga ko kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20 Gashyantare 2024 ingano y’imvura iri hagati ya milimetero 20 na 160 ari yo iteganyijwe […]

Hagiye kuba impinduka ku biciro byo gutwara abagenzi

Guverinoma yatangaje ko mu gihe cya vuba abatega imodoka rusange bazajya bishyura amafaranga bitewe n’aho imodoka ibagejeje, aho kuba aho imodoka yerekeza. Ibi biri mu rwego rwo korohereza abaturage kutaremererwa n’igiciro cy’ingendo mu gihe izaba yahagaritse nkunganire yatangiraga umugenzi. Ni mu gihe ubusanzwe umugenzi yishyuraga amafaranga yose y’urugendo aho yaba avuye ahariho hose kugera aho […]

CAN FINAL:Côte d’Ivoire yazamukiye kuri Mana mfasha yatwaye igikombe

CĂ´te d’Ivoire yatsinze Nigeria ibitego 2-1 yegukana igikombe cya Afurika 2023 ni nyuma y’uko yatsinze yaturukaga inyuma hafi yo gusezererwa, ariyo mpamvu byafashwe nk’ibitangaza. CĂ´te d’Ivoire yayoboye uyu mukino kuva utangiye kuko ku munota wa 7, Adingra yakase umupira mwiza imbere y’izamu,Max Gradel uramucika. Ku munota wa 33, Adingra yinjiye mu rubuga rw’amahina,ateye ishoti rikomeye […]