MONUSCO yarimbaguye inkambi ya CODECO yubatse hafi n’ishuri yari yarashimuse

Ingabo z’Umuryango w’abibumbye zibungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ‘MONUSCO’ zarimbuye inkambi y’umutwe witwara gisirikare ‘CODECO, yubatswe mu gikari cy’ishuri ryisumbuye rya Bali mu murenge wa Walendu Pitsi mu ifasi ya Djugu, (Ituri). Ni amakuru yatangajwe aturuka mu nzego z’ibanze kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 9 Kanama 2024, kuri Radio Okapi ko ibirindiro […]

Gen Muhoozi, Perezida Salva Kiir bageze i Kigali

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yamaze kugera i Kigali aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame uteganyijwe kuri iki cyumweru. Mu mwanya washize ni bwo Gen Muhoozi yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali. Yakiriwe na mugenzi we w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga. Gen Muhoozi yageze i Kigali nyuma ya […]

Ibihugu 10 bya mbere bifite Igisirikare kijegajega kurusha ibindi ku Isi mu 2024

Mu ntangiriro z’uyu mwaka urubuga ’Global FirePower’ rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana mu mbaraga za gisirikare, rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana muri uyu mwaka wa 2024. Urutonde rwa Global Firepower Index abarukora bagendera ku ngingo zigera kuri 60 zirimo ingengo y’imari ikoreshwa mu gisirikare, umubare w’ababakizwamo n’ibikoresho bya gisirikare nk’intwaro, imodoka, amato ndetse […]

Burundi: Umupolisi yarashe inka zirindwi, eshatu muri zo zihita zipfa

Muri iki Cyumweru, nibwo mu mujyi wa Gitega mu Burundi, umupolisi witwa Irankunda Majorique yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica inka. Abaturage bamubonye akora ayo marorerwa, bavuga ko yari yasinze. Yanakomerekeje kandi izindi nka zigera kuri enye. Uyu mupolisi ngo yarashe izi nka ubwo zari zibyagiye ku kibuga cya Basketball cya Mubuga. inka eshatu zapfiriye aho […]

Perezida Vucic yemeje ko u Burusiya bwamubiriye ko ari gutegurirwa coup d’Ă©tat

Perezida Aleksandar Vucic wa Serbie yatangaje ko u Burusiya buherutse kumuburira ko i Belgrade mu murwa mukuru w’igihugu cye hari gutegurwa imvururu zigomba gutangizwa n’abahagarariye ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi. Ni imyigaragambyo Perezida wa Serbia avuga ko iri mu mugambi wo kumuhirika ku butegetsi. Yabwiye abanyamakuru ati: “Uyu munsi twahawe amakuru nyayo n’u Burusiya. Amakuru […]

Gisagara: Abagabo bavuga ko basigaye bahukana umusubirizo

Mu Murenge wa Gishubi ho mu Karere ka Gisagara haravugwa abagabo bavuga ko bahozwa ku nkeke n’abagore bashakanye bigatuma bahukana. Bavuga ko kuba batakibana n’abo bashakanye bituma ubuzima bubakomerera usanga bahukana bakajya gushaka aho bakodesha. Umwe yagize ati: “ Umugore yaranyirukanye none njyewe nahisemo kujya kwicumbikira. Yansubije inyuma kuburyo imbaraga mfite zigenda zicika mu buryo […]

Brazil: Abagera kuri 61 baburiye ubuzima mu mpanuka y’indege

Abagenzi 61 baburiye ubuzima mu ndege yakoreye impanuka muri leta ya SĂŁo Paulo yo muri Brazil ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Kanama 2024. Iyi ndege ya Voepass ‘ATR 72-500’ yavaga i Cascavel muri leta y’Amajyepfo ya Paraná yerekeza ku kibuga cy’indege cya Guarulhos mu mujyi wa SĂŁo Paulo ubwo yamanukaga mu […]

EU yamaganye igihano cy’urupfu RDC yakatiye abayobozi ba AFC/M23

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), wamaganye igihano cy’urupfu ubutabera bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buheruka guha abayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23. Muri iki cyumweru ni bwo ubutabera bwa gisirikare bwa RDC bwakatiye urwo gupfa abantu 26 barimo abayobozi bakuru ba AFC, nyuma yo kubahamya ibyaha birimo iby’intambara ndetse n’ubugambanyi. Abahawe […]

Ukraine yigaruriye agace ka Kursk ko mu Burusiya

U Burusiya ku wa Gatanu bwatangaje ko burimo kohereza izindi ngabo n’amasasu mu karere ko ku mupaka, aho Ukraine yagabye igitero gikomeye cyo kwihimura cyo ku butaka. Kuva ku wa Kabiri, ingabo za Ukraine zirazenguruka mu karere ka Kursk mu burengerazuba bw’u Burusiya. Igitero cya Ukraine muri aka gace gufatwa nk’igikomeye igabye ku butaka bw’u […]

Sudani mu nzira y’ibiganiro na RSF ku buhuza bwa Amerika

Nyuma y’uko imirwano ikomeje guca ibintu hagati ya Leta ya Sudan na RSF, hari ikizere ko hashobora kuba ameza y’ibiganiro. Ni nyuma y’uko Guverinoma ya Sudani yohereje intumwa muri Arabiya Sawudite kuganira n’abahuza ba Leta zunze ubumwe z’Amerika mu mishyikirano y’amahoro muri Sudani. Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu kwezi gushize yoherereje ubutumwa ku barwana muri […]

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Lt Gen Huang Xucong

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 9 Kanama yakiriye anagirana ibiganiro n’Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo z’u Bushinwa, Lt Gen Huang Xucong. Uyu musirikare n’itsinda ry’intumwa ayoboye bari mu Rwanda, aho bari kugirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine. Perezidansi y’u Rwanda ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X yatangaje ko Lt Gen Huang Xucong na Perezida […]