Kiruhura hari amashuri ari mu kangaratete

Mu gihugu cya Uganda baratabariza Ishuri Ribanza rya Rwenjubu rifite abanyeshuri bagera kuri 300,rifite ibibazo birimo kubona amazi meza bigoranye, inyubako zidahagije, kubura amacumbi y’abakozi, no kubura ubwiherero butandukanyijwe ku byiciro by’abakobwa n’abahungu. Amashuri afashwa na leta yo mu Karere ka Kiruhura, harimo n’Ishuri Ribanza rya Rwenjubu Church of Uganda ryo mu Murenge wa Kashongi, […]
Abafatiwe mu myigaragambyo muri Nigeria barashinjwa ubugambanyi
Muri Nijeriya ubushinjacyaha bwareze abantu 76 barimo abana 30 bubashinja icyaha cy’ubugambanyi no gushishikariza igisirikare guhirika ubutegetsi. Ni nyuma y’uko bagize uruhare mu myigaragambyo ikomeye yabaye mu kwezi kwa munani yamagana izamba ry’ubukungu muri icyo gihugu. Icyo gihe, abantu bigaragambirije mu mijyi ya Abuja, Lagos n’iyindi itandukanye mu gihugu, bagamije kwerekena ko batishimiye amavugurura mu […]
NPSC yasabye Meya wa Rulindo gusubiza mu kazi Gitifu yirukanye ubugira 3
Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta (NPSC) yandikiye umuyobozi w’akarere ka Rulindo ibaruwa ya gatatu imusaba gusubiza mu kazi uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mbogo yirukanye. Ku wa Kane tariki ya 31 Ukwakira ni bwo NPSC yongeye kwandikira Meya Mukanyirigira Judith imusaba gusubiza mu kazi Gitifu Ndagijimana Froduald. Iyi Komisiyo yasubizaga uyu muyobozi ku ibaruwa […]
Musanze: Umusore yafashwe yiyambitse nk’abagore amaze kwiba
Uwitwa Kabayiza Jean Bosco uri mu kigero cy’imyaka 22, yafashwe n’inzego z’umutekano aho yari yiyambitse imyambaro y’abagore kugira ngo ayobye uburari. Ni nyuma y’uko yari amaze gufatirwa mu cyuho hamwe na mugenzi we barimo kwiba mu rugo rw’umuturage. Amakuru dukesha Kigali Today avuga ko uyu musore yafatiwe mu kagari ka Mpenge, umurenge wa Muhoza wo […]
Simpakana ko tudafasha M23 ahubwo ndabyemeza: Gen Kulayigye
Igisirikare cya Uganda biciye mu muvugizi wacyo, Brig Gen Felix Kulayigye, kivuga ko nta bibazo umutwe wa M23 uteje Uganda usibye icyo kuba uyu mutwe utuma imari y’abacuruzi bo muri kiriya gihugu yinjira muri Congo uko bikwiye. Kuva muri 2023 M23 ni yo igenzura ibice bitandukanye byegereye umupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na […]
Ikipe imwe mu Rwanda ni yo nka Rayon Sports dutinya: Muvunyi
Muvunyi Paul wahoze ari Perezida wa Rayon Sports yatangaje ko ikipe imwe mu Rwanda ari yo batinya ndetse bakanubaha, ko ariko na yo Hari ubwo bayica mu rihumye bakayitwara igikombe. Muvunyi yabitangaje ku wa Gatanu ubwo we na bagenzi be bagiye bayobora Rayon Sports basuraga abakinnyi b’iyi kipe mu myitozo biteguriragamo umukino w’umunsi wa karindwi […]
Ikosa rikomeye ubutegetsi bwa RDC bwakoze mu mboni za Gen (Rtd) Kabarebe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ubutwererane bw’akarere James Kabarebe, asanga kuba ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakoze ikosa ryo gukurikira abafite ingengabitekerezo yo kwanga u Rwanda ari byo byakururiye iki gihugu ibibazo kimazemo imyaka myinshi. Gen (Rtd) Kabarebe yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana na Mvemba Dizolele wo mu kigo […]