Tshisekedi yaheje abari ‘mu nyungu z’u Rwanda’ AFC/M23 mu biganiro by’abanye-Congo

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko yemeje gutangiza ku mugaragaro ibiganiro bigamije amahoro n’ubumwe bw’igihugu bihuza abanye-Congo, gusa abihezamo abo avuga ko bakora mu nyungu z’u Rwanda. Mu ijambo yagejeje ku baturage be, Tshisekedi yavuze ko ibi biganiro bizaba ari gahunda y’Abanye-Congo, ikorerwa ku butaka bwa Congo kandi igamije inyungu […]