Selena Gomez mu ikanzu igaragaza ubwambure bwe- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Ibisa no kwambara ubusa nibyo byaranze imyambarire ya Selena Gomez mu birori byo kumurika imideri (Paris Fashion Week) byabereye mu bufaransa.
Ikinyamakuru Dailymail cyatangaje ko uyu muhanzikazi mbere y’uko yitabira ibi biroro yasabye umudozi we ko yamudodera ikanzu irushijeho kumwegera kandi isatuye imbere kugeza hejuru y’amavi ijya kugaragaza kimwe mu bice by’ibanga.
gm3
Agisohoka mu modaka ubwo yari ageze aho ibirori byagombaga kubera yatunguwe n’igipesu cyo hasi cyari cyafungutse rubanda bamuhanga amaso.
Mu gihe yari ategereje ko ibirori bitangira yakomeje kuba atembera hafi aho n’inshuti ze ariko umuyaga nawo ntiwari umworoheye.
gnm4
Uyu muhanzikazi w’imyaka23, nyuma yo gushyira hanze indirimbo zikora ku mitima y’abantu, yitabazwa mu bitaramo no mu birori bikomeye.
gm2
Ku bw’uyu muhanzikazi ngo hari indirimbo adashobora gupfa ku ririmba bitewe n’aho ari kuko bishobora kumwibutsa ibihe yagiranye n’uwahoze ari umukunzi we, Justin Bieber.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *