Umuririmbyi Miley Cyrus yatunguwe n’abavuga ko agiye gutandukana n’umukunzi we

Sangiza iyi nkuru

Umuririmbyi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Miley Cyrus yatangaje ko yatunguwe n’amakuru yasakaye ko agiye gutandukana n’umukunzi we Liam Hemsworth bitewe no kuba ngo batarakora ubukwe.

Uyu mukobwa w’imyaka 35 yatangaje ko ibyavuzwe atari ukuri kandi ko gushinga urugo atari byo byihutirwa kandi ko gutandukana kwabo kudateze kubaho.

Inshuti za hafi za Miley Cyrus zivuga ko icy’ingenzi ari uko aba bombi bakundana, bishimanye ndetse bakaba banyuzwe no kuba bari kumwe.

Inkuru dukesha TMZ ivuga ko aba bombi batangaza ko kuba baragaragaje ko bakundana kuva mu mwaka wa 2016, ari ikimenyetso cy’uko biyemeje kandi ko bibahagije.

Uyu mukobwa yivugiye ko we adashaka kushyingirwa kuko asanga ntacyo byongera ku mubano.

Miley Cyrus yamenyekanye cyane bitewe n’udushya twinshi mu myambarire, yamenyekanye mu ndirimbo nka Wrecking Ball, Party in The USA n’izindi.

Cyr

miley cyrus y liam hemsworth se casan

Fred Masengesho Rugira/Bwiza.com

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *