Icyatumye Selena Gomez ajya muri koma

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzikazi Selena Gomez byamenyekanye ko yajyanwe mu bitaro nyuma akagwa muri koma (coma) bitewe n’ishyari yagize nyuma yaho uwo bakundanaga, Justin Bieber ashyingiranwe n’undi mukobwa, Hailey Baldwin.

Umwe mu bantu ba hafi yatangaje ko Selena Gomez yagize ikibazo bitewe n’uko yari yarishyize kure y’inshuti ze za hafi  nta n’umwe akivugisha mbere yo kujyanwa mu bitaro.

Yagize ati”  Justin Bieber ni we bakundanye mbere. Basangiye byinshi bitandukanye, birumvikana ko yari yagize ishyari.”

Uyu yabwiye US Weekly dukesha iyi nkuru ko  inshuti ze zisanzwe zibizi ko iyo Gomez yiburishije haba hagiye kuba ikibazo.

[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]

“ Yari yariburishije, ntiyari agisubiza inshuti ze. Aba basanzwe ko iyo Gomez yiburishije haba hagiye kuba ikibazo.”

Uyu mukobwa yajyanwe mu bitaro nyuma yaho kuwa 21 Kanama 2018 abinyujije kuri instagram atangaje ko  ari mu bihe bibi.

ibindi bijyanye n’iyi nkuru wasoma: Selena Gomez yajyanywe huti huti mu bitaro

 

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *