Umukobwa waryamanye n’umuhanzi Diamond Platnumz witwa Irene Charles uzwi nka Lynn yavuze ko uyu mugabo ubuhanga bwo gutera akabariro ari hafi ya ntabwo n’ubwo ngo yirirwa yirukanka mu bagore.

Uyu mukobwa yahisemo kubitangaza nyuma yaho Diamond ashyize hanze videwo ari kumwe n’umukobwa mu buriri bigaragagara ko bari barimo kugirana ibihe byiza amukorakora.
Abakurikirana Diamond kuri instagram bakomeje kwibaza byinshi kuri uyu mukobwa bavuga ko atari Zari kandi ko atari Mobetto.
[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]
Nyuma yo kubona ibyavugwaga,uyu mukobwa Lynn abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yahise anenga Diamond Platnumz ahishura ko ari ikigwari mu buriri.

Yagize ati” Umugabo uhita asinzira nyuma y’inshuro (agaturu) imwe”
Ibitangazamakuru byo muri Tanzaniya bivuga ko yigeze gukundana na Diamond Platnumz kandi ko yigeze kuba umuntu we wa hafi cyane. Uyu mukobwa agaragara mu mashusho y’indirimbo y’umuhanzi Lavalava yitwa ‘Nitake Nini’ n’iy’umuhanzi Rayvanny yitwa ‘Kwetu.’



