Guca inyuma umugore we byamuviriyemo gufatana n'uwo basambanaga -Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Umugabo ukomoka mu gihugu cya Uganda utatangajwe izina usanzwe ari umushoferi w’ikamyo itwara ibicuruzwa, yajyanwe kwa muganga igitaraganya nyuma yo gusangwa yafatanye n’umugore bakoranaga imibonano mpuzabitsina bikarangira bafatanye.

Amakuru y’ifatana ry’iyi Kupure(couple) yamenyekanye ku munsi w’ejo tariki 20 Ugushyingo 2018 ndetse amafoto yabo bombi akaba yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga bari kwa muganga aho bari kugerageza kubatandukanya nubwo bikigoranye cyane ko bamwe mubaturage bavuga ko byaba byaragizwemo uruhare n’umugore w’uyu mugabo, bakaba bahamya ko ntacyo abaganga babikoraho.

Nkuko bigaragara ku mafoto bari kwamuganga umugabo yari aryamye agaramye umugore amuri hejuru birangira kurekurana bibaye ingora bahizi kugeza ubwo bajyanwe ku bitaro.

Ibintu nk’ibi ntibikunze kumvikana gusa si ubwa mbere ibi bibaye kuko no mu mwaka ushize hari andi mafoto  y’umugabo yasakajwe yafatanye n’umugore barimo gukora imibonano mpuzabitsina.

stuck
Ubwo bari bageze ku bitaro
stuck1
Dogiteri yitegereza ibyabaye byamushobeye
stuck 2
Abari aho nabo batunguwe nibyabaye

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *