Umwana w’umwaka umwe yarokotse gari ya moshi yamunyuze hejuru

Sangiza iyi nkuru

Umwana w’umukobwa w’umwaka umwe witwa Sahiba wo mu Buhinde  yarokotse impanuka ya gari ya moshi yamunyuze hejuru ubwo yagwaga avuye mu maboko ya  mama we wari umuteruye.

Uyu mwana yarokotse iyi mpanuka kuwa 20 Ugushyingo 2018 yabereye  aho bategera gariyamoshi hitwa Mathura.

Ababibonye batangarije ikinyamakuru The Sun dukesha iyi nkuru ko uyu mwana w’umukobwa atigeze akomereka habe na gato.

[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]

Aba babwiye iki kinyamakuru ko umubyeyi w’uyu mwana yasunitswe n’undi muntu bityo umwana agwa mu muhanda wa gari yamoshi imuca hejuru.

Benshi mu bari aho bahamya ko ubwo gari ya moshi yamaraga guhita batiyumvishaga ko uyu mwana yaba akiri muzima.

YouTube player

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *