Igitsina cya Diamond cyitwaye nabi mu ruhame- AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania yahuye n’uruva gusenya, ubwo yari imbere y’imbaga afotorwa, igitsina cye kigafata umurego.

Ku wa Kane tariki ya 29 Ugushyingo 2018, nibwo Diamond n’itsinda ry’abahanzi bo muri Wasafi barimo mushiki Queen Darleen, Harmonize,…Basesekaye mu mujyi wa Iringa muri Kenya, aho bagomba gukorera ibitaramo serukiramuco, bahanzwe amaso n’imbaga.

Diamond wari wambaye ikabutura n’umupira bisa, mushikake mu ntoki n’icyo kunywa, mu maso lineti, ku birenge inkweto za supulesi, ubwo yari ahagaze afotorwa nibwo uburebure bw’igitsina cye bwagaragaye, gisa nk’icyafashe umurego.

Ikinyamakuru Ghafla cyo muri Kenya gitangaza ko iki gitsina cya Diamond kitwaye nabi arimo gufotorwa, aho bakoresheje irindi zina ry’akabyiniriro, bakise rya “Mjulubeng”.

Hatitawe ku ngano y’igitsina cy’uyu musore, asanzwe azwiho gukunda abagore, dore ko ubwo yari i Kigali yabigarutseho avuga ko nta mugabo udakunda abagore, ahubwo ko we avugwa cyane bitewe n’uko ari icyamamare.

Uyu muhanzi kandi yagiye ashinjwa kuryamana n’abagore benshi barimo Zari babyaranye abana babiri, Mobetto babyaranye umwana umwe, Wema Sepetu wakundanye akumushinja kutabyara, Ophrah, umunyarwanda Shaddy Boo,…

Diamond Platnumz 1

d2 1 d3 1

zari boat 1
Daimond yabyaranye na Zari abana babiri bahita batandukana

 

Soma Izindi Nkuru

8 Responses

  1. Igitsina cya Diamond cyitwaye nabi mu ruhame- AMAFOTO
    Uno mugabo Diamond Platmnuz atwaye afite amaguru 3, abagore burya bafite icyo bamuca dore inkoresho ni Bajaj kbs ndumiwe nanjye! ku ifoto iraruta nyirayo rwose biragaragara reka abakunde afite icyo aha abagore ntawe wapfubira iwe ahubwo yapfubura bikagenda neza. Nari nzi ko yakoze igituza gusa naho nigitsina rurageretse yaracyubatse.

  2. Igitsina cya Diamond cyitwaye nabi mu ruhame- AMAFOTO
    Uno mugabo Diamond Platmnuz atwaye afite amaguru 3, abagore burya bafite icyo bamuca dore inkoresho ni Bajaj kbs ndumiwe nanjye! ku ifoto iraruta nyirayo rwose biragaragara reka abakunde afite icyo aha abagore ntawe wapfubira iwe ahubwo yapfubura bikagenda neza. Nari nzi ko yakoze igituza gusa naho nigitsina rurageretse yaracyubatse.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *