Imyambarire idasanzwe mu gitaramo cya Yvan Buravan -Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi ukunzwe na benshi hano mu Rwanda Yvan Buravan umaze imyaka itatu yinjiye mu muziki ku munsi w’ejo tariki 1 Ukuboza 2018 yamuritse umuzingo (Album)we wambere yise The Love Lab ibirori byitabiriwe n’ubwiganze bwabakobwa bambaye imyenda idasanzwe ndetse n’ibyamamare byahano mu Rwanda.

Mu bantu benshi bitabiriye iki gitaramo harimo umwe mu bagore bagezweho hano mu rwanda Shaddy boo usanzwe ari n’umufana wa Buravan wakataraboneka yaje ashagawe n’abagore bagenzi be babiri baje gushyigikira uyu muhanzi.

Mumyambaro bari bambaye byagaragaraga ko ari abanyabirori mu buryo bwose wabonaga abantu babahanze akajisho ari nako banyuzamo bakabyina zimwe mu ndirimbo z’uyu muhanzi.

Mu bandi bitabiriye ibi birori bazwi cyane hano mu rwanda twavuga nka Minisitiri Nduhungirehe Olivier ,  Intore Masamba, Kizito Mihigo, Aline Gahongayire,Bashabe,Amag n’abandi

Ni igitaramo cyaranzwe n’ubwitabire budasanzwe, ibyicaro byose byari byateguwe byashize ku buryo umubare munini w’abafana byabaye ngombwa ko bakurikira ibirori bahagaze nabwo babyigana.

Yvan Buravan yaririmbye zimwe mundirimbo ze zakunzwe cyane hano mu Rwanda nka Oya,With you,Marayika,canga irange yakoranye na Active, Oroha yakoranye na Charly na Nina ni zindi nyinshi

1
nawe ntiyatanzwe

2 3

5
abakobwa bitabiriye mu myambaro igaragza ibibero
6
Ubwoko bw’imbyino zakoreshejwe

sh2

sha
Kwifata byanze arawuceka

shhh

sssh
Shaddy boo nuko yari yiyambariye: amafoto/ Inyarwanda

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *