Uburasirazuba: Abagera kuri 20 barimo abayobozi bambuwe inzuri bororeragamo kubera kuzifata nabi

Sangiza iyi nkuru

Leta y’u Rwanda ihangayikishije n’ikibazo cya bamwe mu baturage bahawe inzuri mu gihe cyo gusaranganya ubutaka abaturage mu Ntara y’Uburasirazuba mu mwaka wa 2008 ariko ntibabukoreshe neza.

Ubuyobozi bw’intara y’Uburasirazuba buvuga ko ibi byatumye bamwe mu bayobozi bakuru bahoze ndetse n’abakiri mu nzego za Leta bagera kuri 20 bamburwa inzuri bororegamo kubera kuzifata nabi nk’uko iyi nkuru ya Radio 10 ikomeza ivuga.

Ingingo ya 44 ivuga ko mu gihe ukodesha ubutaka ku buryo burambye atubahirije inshingano ze zikubiye mu masezerano y’ubukode burambye, umukodesha nta yindi mihango akurikije ashobora guhagarika amasezerano y’ubukode abanje gutanga integuza yanditse y’iminsi cumi n’itanu y’akazi.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *