Umugore n’umugabo bo mu gace ka Meru batawe muri yombi banacirwa urubanza mu rukiko baryozwa guteza induru mu gihe cy’akabariro.
Chacha Mwiti w’imyaka 24 na Joan Makokha w’imyaka 31 bagejejwe mu rukiko bashinjwa guteza urusaku. Ni nyuma y’aho umupfumu witwa Magoola Twaha yageragezaga kubatandukanya.
Nyuma y’ibi byose polisi yaje kugera kuri ‘lodge’ yitwa Palm Guest House kugira ngo ibungabunge umutekano. Byasabye ko yitabaza kurasa mu kirere kugira ngo itatanye abari baje kwihera ijisho.
[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]
Aba uko ari batatu basabwe kwishyura ibihumbi 20 by’amashilingi ya Kenya cyangwa kwishyura ibihumbi 50 nk’ingwate.
Urubanza ruzasomwa kuwa 15 Gicurasi 2019
Ghafla


