Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Agahinda ntikica gashengura umutima, ubu ndababaye, ndababaye kandi ndumva rwose byarandenze.

Ndagisha inama wenda umutima mubi mfite muri iyi minsi washira. Amazina ntabwo nyavuga ariko ntuye muri Kigali, niho nkorera ndetse n’umugabo wanjye niho akorera.

Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ubwo nari ntashye mvuye mu kazi nka saa Mbiri z’ijoro, naramuhamagaye mubaza aho arimo gufatira rimwe, arahambwira nanjye mpita mubwira nti ndaje ungurire ka vin.

Mu minota mike nahise mugeraho kuko nahise mfata moto nshaka ko tuza no gutahana, hadaciyeho iminota 10 nahise mubwira ko mpageze.

Nasanze ari wenyine ariko hari indi ntebe, mubajije uwo bari kumwe ambeshya ko ari ntawe, naho ubundi hari hicaye undi mugore ntazi, ahari ni ikiraya cye, yumvise ko nje vuba ahita ahahaguruka.

Twaricaye ariko nkabona adatuje, agasohoka akitaba telefoni, akaguma muri watsapp, gusa nkakeka byinshi. Bankoreye komande aho ibonekeye nibwo yatoyeho akanyama ararya, nyuma asohoka yitaba telefoni.

Narariye, ndasoza ntegereza umugabo ndaheba, hashize akanya ndahaguruka njya hanze hose ndeba ndaheba, aho imodoka nari nayibonye iparitse ndayibura.

Nakomeje kwibaza byinshi biranyobera, nakomeje kureba nza kubona imodoka yayiparitse ahandi hantu hijimye, ndagenda ndayegara nkumva harimo abantu, namuritsemo n’agatoroshi ka telefoni ndatungurwa.

Basambaniragamo, navuze ijambo rimwe gusa muhamaga, ndamubwira nti kuki unkoreye ibi? baguye mu kantu, umugore yaturumbutse yiruka, ntumbaze niba yaranagiye yambaye, mbese umutwe warandiye, ncika intege, kuvuga biranga, ikiniga kiramfata.

Nahise mfata moto, nageze mu rugo nataye ubwenge, ahubwo nagize amahirwe kuko nari kuyihanukaho.

Umugabo yaraje aparika imodoka, yageze mu nzu yimyoza buri kanya, ubwo araza ansanga mu buriri avuye muri douche. Uburiri nabumutayemo njya kurara mu cyumba cy’abashyitsi n’ubu niho nkirara.

Namaze gatatu naracitse intege, n’akazi ntacyo nkatekerezaho, gusa ubu ndababaye ku buryo n’iyo modoka naringiye kubyuka nijoro ngo nyitwike, ntabwo nzongera kuyijyamo, ahubwo numva nayo narayihuzwe ku buryo nanayitwika pe, umugabo we sinzi ko azongera kunkoraho.

Nizeye ko mungira inama, nasomye byinshi n’abandi bagiye babaza bituma nanjye ikibazo mfite nkivugira aha. Murakoze!!

 

 

Soma Izindi Nkuru

26 Responses

  1. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Wowe komera ugabanye umurengwe.kuyitwika c niwo muti????

    Wowe gabanya amahane umubaze impamvu yabikoze yenda haribyo udakora neza

  2. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Wowe komera ugabanye umurengwe.kuyitwika c niwo muti????

    Wowe gabanya amahane umubaze impamvu yabikoze yenda haribyo udakora neza

  3. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Uri injiji gusa. Niba usanze umugabo aguca inyuma ugomba guhita umuha agatour akumva uburyohe bwawe ko buriya ubw’inshoreke. Naho kwirakaza ni wowe bishengura

  4. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Uri injiji gusa. Niba usanze umugabo aguca inyuma ugomba guhita umuha agatour akumva uburyohe bwawe ko buriya ubw’inshoreke. Naho kwirakaza ni wowe bishengura

  5. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Ndahamya neza ko bashobora kuba ntabyo gusambana bakoze. Yenda hari ibiganiro bisanzwe batari barangije bagira ngo utabavangira kubera ko umugabo wawe akuziho gufuha. Iyo scene uko uyivuze ntishoboka. Ntabwo umugabo yari nugusige urya ngo agende aho iruhande abone courage yo gukora sex kdi azi neza ko utoroshye kuri iyo ngingo yo gufuha. Rwose byikuremo. Witwika imodoka kubera ko uraba uyirenganije cg nawe utiretse kubera ko ari umutungo w urugo. Niba ubizi neza koko, reba nwe umuntu uha umwishyure kdi mwiyunge kuko nawe sinemera ko uri shyashya. Guhita wemeza ko basambanaga, umugore agaturumbuka mu modoka simbyemera na gato. Uramuke. Nanjye ndi umugabo.

  6. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Ndahamya neza ko bashobora kuba ntabyo gusambana bakoze. Yenda hari ibiganiro bisanzwe batari barangije bagira ngo utabavangira kubera ko umugabo wawe akuziho gufuha. Iyo scene uko uyivuze ntishoboka. Ntabwo umugabo yari nugusige urya ngo agende aho iruhande abone courage yo gukora sex kdi azi neza ko utoroshye kuri iyo ngingo yo gufuha. Rwose byikuremo. Witwika imodoka kubera ko uraba uyirenganije cg nawe utiretse kubera ko ari umutungo w urugo. Niba ubizi neza koko, reba nwe umuntu uha umwishyure kdi mwiyunge kuko nawe sinemera ko uri shyashya. Guhita wemeza ko basambanaga, umugore agaturumbuka mu modoka simbyemera na gato. Uramuke. Nanjye ndi umugabo.

  7. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    niko babaye uwanjye namusanze kuburiri bwanjye numukozi mubabarire kuko nicyo gihano naramubabariye we yanga kubyakira nubu mbona yarahindutse

  8. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    niko babaye uwanjye namusanze kuburiri bwanjye numukozi mubabarire kuko nicyo gihano naramubabariye we yanga kubyakira nubu mbona yarahindutse

  9. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Madame,
    Wahuye n’ikibazo gikomeye ariko niba usenga,fata umwanya wo gutuza no gushaka Yesu kuko ni we utanga amahoro. Niba utanasenga byige kuko muri Yesu ni ho honyine hari igisubizo. Yamuhindura cyangwa yabahindura mwembi.
    Shaka umukozi w’Imana hafi yawe muganire akugire Inama. Byaba byiza uwo mukozi w’Imana abbaye umugore kandi barahari. Wumva nta we utekereza twagufasha kumukurangira kuko ni ngombwa ko ibyo bikomere byimorwa.
    Wasanga ari na yo nzira Imana yemeye ko ibaho kugirango ibone uko ibahindura mujye mwagira amahoro asesuye.
    Nimushake Imana irabaha igisubizo kirambye dore ko yo ibashaka.

  10. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Madame,
    Wahuye n’ikibazo gikomeye ariko niba usenga,fata umwanya wo gutuza no gushaka Yesu kuko ni we utanga amahoro. Niba utanasenga byige kuko muri Yesu ni ho honyine hari igisubizo. Yamuhindura cyangwa yabahindura mwembi.
    Shaka umukozi w’Imana hafi yawe muganire akugire Inama. Byaba byiza uwo mukozi w’Imana abbaye umugore kandi barahari. Wumva nta we utekereza twagufasha kumukurangira kuko ni ngombwa ko ibyo bikomere byimorwa.
    Wasanga ari na yo nzira Imana yemeye ko ibaho kugirango ibone uko ibahindura mujye mwagira amahoro asesuye.
    Nimushake Imana irabaha igisubizo kirambye dore ko yo ibashaka.

  11. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Mbanje kugushimira kuko urumudamu Uzi ubwenge, gusa nkugaya kuko watinze kuyitwika, ubu uba warabonye amahoro. None rero gerageza ushake ka essance dore nibiciro ntabwo byazamutse ubundi uyitwike kuko nubundi warayihuzwe ntuzongera kuyigendamo. Ariko bikore vuba.

  12. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Mbanje kugushimira kuko urumudamu Uzi ubwenge, gusa nkugaya kuko watinze kuyitwika, ubu uba warabonye amahoro. None rero gerageza ushake ka essance dore nibiciro ntabwo byazamutse ubundi uyitwike kuko nubundi warayihuzwe ntuzongera kuyigendamo. Ariko bikore vuba.

  13. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    hangane ubusambanyi bureze ariko musengere gutwika imodoka numutungo wumuryango waba wangije uzamutumirire abagabo tumugirinama 0788536598

  14. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    hangane ubusambanyi bureze ariko musengere gutwika imodoka numutungo wumuryango waba wangije uzamutumirire abagabo tumugirinama 0788536598

  15. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Madam njyewe inje nkugira inama yubaka

    Rero inama nakugira nuko wafata umwanya wawe ugahamagara umugabo wawe mukajya mucyumba mukicara mukaganira byose akagusobanurira impamvu yabikoze then nawe ugashungura wabona yemera amakosa akanayasabira imbabazi ukazimuha bikarangira mukiyunga kdi nabwo wabona atazisabye nabwo ukamureka akabanza nawe akitekerezaho nyuma yazava mucyumba akagusanga akazigusaba byakwanga nabwo ukamureka aho kugira ngo aguteshye igihe kdi niba aruwawe imana yakujyeneye ubwo nuwo kdi nabwo iba ataruwawe muzatandukana haze uwawe ugukwiye urakoze ukeneye izindi nama wanyandikira kuri email: boscokwizera6@gmail.com

  16. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Madam njyewe inje nkugira inama yubaka

    Rero inama nakugira nuko wafata umwanya wawe ugahamagara umugabo wawe mukajya mucyumba mukicara mukaganira byose akagusobanurira impamvu yabikoze then nawe ugashungura wabona yemera amakosa akanayasabira imbabazi ukazimuha bikarangira mukiyunga kdi nabwo wabona atazisabye nabwo ukamureka akabanza nawe akitekerezaho nyuma yazava mucyumba akagusanga akazigusaba byakwanga nabwo ukamureka aho kugira ngo aguteshye igihe kdi niba aruwawe imana yakujyeneye ubwo nuwo kdi nabwo iba ataruwawe muzatandukana haze uwawe ugukwiye urakoze ukeneye izindi nama wanyandikira kuri email: boscokwizera6@gmail.com

  17. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Maze iminsi nsoma Bibiliya.Nasanze na bakurambere Bacu mu bemeramana Bose baragiye basha abagore benshi.Aburahamu:3,Yakobo:4 Salomon:?,Dawidi:?.Kuri ubu abagabo nta jambo n’ubwisanzure bakigira mu ngo zabo.Niyo mpamvu baharikira mu kabari.Burya nta mugore udaharikwa.Gabanya gucunga umugabo wawe uzagira amahoro kandi ujye usenga Imana cyane izaguha umutuzo urenze uwo utekereza.Numenya Imana neza ntuzongera kujya mu kabari ni muri Sodomu.

  18. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Maze iminsi nsoma Bibiliya.Nasanze na bakurambere Bacu mu bemeramana Bose baragiye basha abagore benshi.Aburahamu:3,Yakobo:4 Salomon:?,Dawidi:?.Kuri ubu abagabo nta jambo n’ubwisanzure bakigira mu ngo zabo.Niyo mpamvu baharikira mu kabari.Burya nta mugore udaharikwa.Gabanya gucunga umugabo wawe uzagira amahoro kandi ujye usenga Imana cyane izaguha umutuzo urenze uwo utekereza.Numenya Imana neza ntuzongera kujya mu kabari ni muri Sodomu.

  19. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Ariko inama nakugira nukumenya isi tugezemo nuko ugomba gutwara ibintu nkibyo gutwika imodoka siwo Muti ahubwo saba ikiganiro nuwo mwashakanye hanyuma mubiganire mukomere ubuzima Kuko sinkekako basambanye agusize ahongaho wicaye

  20. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Ariko inama nakugira nukumenya isi tugezemo nuko ugomba gutwara ibintu nkibyo gutwika imodoka siwo Muti ahubwo saba ikiganiro nuwo mwashakanye hanyuma mubiganire mukomere ubuzima Kuko sinkekako basambanye agusize ahongaho wicaye

  21. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Ariko inama nakugira nukumenya isi tugezemo nuko ugomba gutwara ibintu nkibyo gutwika imodoka siwo Muti ahubwo saba ikiganiro nuwo mwashakanye hanyuma mubiganire mukomere ubuzima Kuko sinkekako basambanye agusize ahongaho wicaye

  22. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Ariko inama nakugira nukumenya isi tugezemo nuko ugomba gutwara ibintu nkibyo gutwika imodoka siwo Muti ahubwo saba ikiganiro nuwo mwashakanye hanyuma mubiganire mukomere ubuzima Kuko sinkekako basambanye agusize ahongaho wicaye

  23. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Yewe ndikumva ibyinosi arihatari ihangane nyine Niko isi yubatse ariko urimo kubeshya ntabwo umugabo yasigaunugore kumeza ngo agiye gusambana wabeshye Sana inama naguha ujye uha umugabo wawe neza umuhindurire poster ikindi wirekure umuhe amazi rwose akunyaze abagabo dukunda amazi ibyo bya onapo byanyu byabumishije btagihe tutazabaca inyuma bye

  24. Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?
    Yewe ndikumva ibyinosi arihatari ihangane nyine Niko isi yubatse ariko urimo kubeshya ntabwo umugabo yasigaunugore kumeza ngo agiye gusambana wabeshye Sana inama naguha ujye uha umugabo wawe neza umuhindurire poster ikindi wirekure umuhe amazi rwose akunyaze abagabo dukunda amazi ibyo bya onapo byanyu byabumishije btagihe tutazabaca inyuma bye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *