Umugore wanjye yanze kwambara ikariso, aratambuka nkitegereza ikibuno cye nkagira amakenga- Nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Ndi umugabo ufite umugore n’abana babiri ariko umugore wanjye yadukanye ibintu ntazi pe. Ubu asigaye yambara akagenda nta kariso yambaye.

Yambwiye ko iyo ayambaye aba yumva atisanzuye keretse iyo ari mu gihe yiteguye ko ashobora kujya mu mihango n’aho indi minsi ntabwo ayikoza pe.

Naramubwiye nti ‘Nyamara ibyo wihaye by’abanya Kigali ntabwo binejeje’ ambwira ko nta kibazo kirimo na gito.

Gusa ku bwanjye bintera guhangayikira, kuko iyo nitegereje ikibuno cye nko mu ikanzu mba mbona rwose ari ikibazo, nkakeka ko yaba ateretwa n’abandi ntawamenya cyangwa bakamwifuriza icyo.

Ni mwiza, akunda kwambara amakanzu, ndabireba nkumva ndamwishimiye, ariko kubera ako kantu katumye ntangira kumukekera ibindi birimo n’ubusambanyi, Ku bwe avuga ko bituma yumva abohotse, ikindi kandi ngo igice cy’umubiri we cyo hasi akumva aribwo akishimiye.

Nagerageje kubimukuramo ariko wapi, ngo ibyunzwe, ngo kwihambira, ngo agomba kwibohora, …. ibyo ambwira ni byinshi kandi nkabona arimo guhinduka mu mico.

Mungire inama, nkore iki?

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Umugore wanjye yanze kwambara ikariso, aratambuka nkitegereza ikibuno cye nkagira amakenga- Nkore iki?
    Tanga amahoro iwawe reka kumubuza amahoro ubwo ni ubushyuhe nibushira azayambara. Wowe se ubundi uhora wamgaye ikariso?

  2. Umugore wanjye yanze kwambara ikariso, aratambuka nkitegereza ikibuno cye nkagira amakenga- Nkore iki?
    Tanga amahoro iwawe reka kumubuza amahoro ubwo ni ubushyuhe nibushira azayambara. Wowe se ubundi uhora wamgaye ikariso?

  3. Umugore wanjye yanze kwambara ikariso, aratambuka nkitegereza ikibuno cye nkagira amakenga- Nkore iki?
    Inama naguha jya umurongora buri munsi ubushyuhe bugabanuke nibwo uzaba umushoboye

  4. Umugore wanjye yanze kwambara ikariso, aratambuka nkitegereza ikibuno cye nkagira amakenga- Nkore iki?
    Inama naguha jya umurongora buri munsi ubushyuhe bugabanuke nibwo uzaba umushoboye

  5. Umugore wanjye yanze kwambara ikariso, aratambuka nkitegereza ikibuno cye nkagira amakenga- Nkore iki?
    Muraho neza ? uyu mugenzi wanjye wumugabo numvise impungenge ze ariko ndabanza mubaze; ese mumenyana kugeza mubanye wabonaga atajya yambara ikariso igihe cyose ? Niba warasanze atajya ayikoza aho mwahuriraga hose yaba muli mwenyine cyangwa ari mubantu WAMUBOHORA UGATUZA KUKO NIKO WAMUSANZE ARIKO ATEYE; ariko niba yarayambaraga yaba mubantu mwahuriragamo cyangwa aje kukugusura ukabona aza ayambaye igihe cyose WABA UGENDESHEJE KUKO IYO NI SATAN IMURIMO YUBUSAMBANYI AHO BAMUBWIRA KO AFITE AMATAKO MEZA NAWE AKABYIGAMBA; ibaze ese babimubwira bari he se ? Umugore yambara neza kugirango ashimishe umugabo we; ntabwo arugushimisha abandi. Please niba akubwira ko afite ubushyuhe umujyane kwa muganga umuvuze.

    Ariko ibyo kukubwira ngo ibyunzwe ? kwihambira ? kwibohora ?

    IBYUNZWE : mubaze ko azana ibyunzwe yakoze iki cyamubirishije ibyunzwe ?? ko umuntu asinzira akazana ibyunzwe; azareka no kuryama se ?

    KWIHAMBIRA: mubaze igihe mwabonaniye muteretanwa igihe atihambiriye ? ushobora kuba aricyo wamukundiye; abagore biyi minsi we !!

    Arumva kwambara ubusa aribwo bwiza wamukundiye se ?.

    Niwumva yanze kuva kwizima ubwo uramenya ko wagendesheje nkabandi bagabo bose, ashobora kuba hari ibindi bigare arimo bimaze kumuhindura gusa bisaba gushishoza kandi ukabikurikirana bugufi gusa ngo usenya urwe bamutiza umuhoro nawe akwiye kureba icyamuha amahoro kikayaha numugabo we. Murakoze.

  6. Umugore wanjye yanze kwambara ikariso, aratambuka nkitegereza ikibuno cye nkagira amakenga- Nkore iki?
    Muraho neza ? uyu mugenzi wanjye wumugabo numvise impungenge ze ariko ndabanza mubaze; ese mumenyana kugeza mubanye wabonaga atajya yambara ikariso igihe cyose ? Niba warasanze atajya ayikoza aho mwahuriraga hose yaba muli mwenyine cyangwa ari mubantu WAMUBOHORA UGATUZA KUKO NIKO WAMUSANZE ARIKO ATEYE; ariko niba yarayambaraga yaba mubantu mwahuriragamo cyangwa aje kukugusura ukabona aza ayambaye igihe cyose WABA UGENDESHEJE KUKO IYO NI SATAN IMURIMO YUBUSAMBANYI AHO BAMUBWIRA KO AFITE AMATAKO MEZA NAWE AKABYIGAMBA; ibaze ese babimubwira bari he se ? Umugore yambara neza kugirango ashimishe umugabo we; ntabwo arugushimisha abandi. Please niba akubwira ko afite ubushyuhe umujyane kwa muganga umuvuze.

    Ariko ibyo kukubwira ngo ibyunzwe ? kwihambira ? kwibohora ?

    IBYUNZWE : mubaze ko azana ibyunzwe yakoze iki cyamubirishije ibyunzwe ?? ko umuntu asinzira akazana ibyunzwe; azareka no kuryama se ?

    KWIHAMBIRA: mubaze igihe mwabonaniye muteretanwa igihe atihambiriye ? ushobora kuba aricyo wamukundiye; abagore biyi minsi we !!

    Arumva kwambara ubusa aribwo bwiza wamukundiye se ?.

    Niwumva yanze kuva kwizima ubwo uramenya ko wagendesheje nkabandi bagabo bose, ashobora kuba hari ibindi bigare arimo bimaze kumuhindura gusa bisaba gushishoza kandi ukabikurikirana bugufi gusa ngo usenya urwe bamutiza umuhoro nawe akwiye kureba icyamuha amahoro kikayaha numugabo we. Murakoze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *