Imyaka yari ishize ari itatu mba kwa mukuru wanjye mu mujyi wa Kigali, ndi umunyeshuri hari ibyo bamfasha birimo no kubona aho mba mu rugo rwabo.
Umugabo we namufataga nk’umuntu utajya ajya mu bintu by’ubusambanyi rwose mbona ari n’umuntu wo kwizerwa ariko naje gutungurwa.
Bitunguranye yamboneye ubwambure none ubu isaha ku isaha arimo kuntesha umutwe kugera n’aho ansanga mu cyumba ndaramo.
Ubwo umugabo yari yagiye muri siporo mu gitondo cyo ku Cyumweru, nari ndi kumwe na mukuru wanjye mu cyumba cyabo, navuye muri douche biba ngombwa ko nisigira amavuta muri icyo cyumba cyabo.
Ubwo grande soeur yari akiri muri douche njye nari ndimo kwisiga amavuga, ndi muri icyo cyumba babaramo n’umugabo we. Yavuye muri siporo asunika urugi nzi ko ari soeur nk’ubitwa n’inkuba nsanze ari umugabo we.
Ntacyo nikangaga kuko mukuru wanjye we ni ibisanzwe, ntacyo namuhisha cyangwa anyishije, twarakuranye, turarana, ntacyo atanziho, nanjye ntacyo ntamuziho, umugabo we yarambonye wese, haba imbere, yewe n’inyuma ubwo nahindukiraga mfata isume.
Gusa ako kanya yabuze icyo akora, asubira muri salo ariko nta cyo atabonye pe! nirinze kubibwira mukuru wanjye kandi n’umugabo nta kintu yamubwiye, mbese ntabwo mukuru wanjye yigeze amenya ibibaye.
Kuva uwo munsi uyu mugabo akomeje kumbwira amagambo y’uburaya, mbese yahise antinyuka kandi ubundi nta bintu birebana n’imibonano mpuzabitsina yajyaga anganiriza.
Bisigaye bigera ku kagoroba akampamagara ambaza aho ndi, asigaye ashaka kunsohokana asize umugore we mu rugo, asigaye ansanga mu cyumba ndaramo akandyama iruhande nk’iyo abonye umugore we adahari.
Mbese ndabona ari umukino utoroshye urimo gukinirwa mu nzu imwe, gusa natinye kugira icyo mbwira grande soeur kuko nkeka ko yabigiraho ikibazo akaba yanyirukana kandi naburaga igihe gito ngo nirangirize ishuri.
Mungire inama, ese mukuru wanjye nemere mubwize ukuri, burya umugabo ugeze aho ashaka kugukabakaba agusanze wicaye no muri salo biba byageze kure, arimo gucunga ku jisho umugore we akaba angezeho ariko nkamunanira.
Namubwije ukuri ko ntahemukira mukuru wanjye, kuko kumusenyera nanjye byangiraho ingaruka no mu muryango, inama zanyi n’ingirakamaro.



40 Responses
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umva nkubwize ukuri sister burya abagabo twese tuzira kureba ubwambure bwumukobwa nago wamurenganya peer nange aringe nagusaba ahubwo wabikora muri displine ugashaka uko waba sezera ukajya kwibana cg ugashaka ahandi wibera kuberako nubibwira mukuru wawe nubundi azagirango mwararyamanye uramuhisha ko muziranye hanyuma umugabo nawe azahita atuza ariko kuba azi ubwambure bwawe ukaba uba munzu ye na mukuru wawe bituma adafuza rwose kandi mubyukuri uramuvuna mumutwe kuberako iyo akubonye yibwira ko yaruhuka ariko muryamanye so mufashe uhave rwose nubundi niwowe wabiteye ujya kwisigira mucyumba cye na mukuru wawe
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Niweho nyirimafuti yose kuko iyatakureba ntabyo aba arikukugendaho
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Niweho nyirimafuti yose kuko iyatakureba ntabyo aba arikukugendaho
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umva nkubwize ukuri sister burya abagabo twese tuzira kureba ubwambure bwumukobwa nago wamurenganya peer nange aringe nagusaba ahubwo wabikora muri displine ugashaka uko waba sezera ukajya kwibana cg ugashaka ahandi wibera kuberako nubibwira mukuru wawe nubundi azagirango mwararyamanye uramuhisha ko muziranye hanyuma umugabo nawe azahita atuza ariko kuba azi ubwambure bwawe ukaba uba munzu ye na mukuru wawe bituma adafuza rwose kandi mubyukuri uramuvuna mumutwe kuberako iyo akubonye yibwira ko yaruhuka ariko muryamanye so mufashe uhave rwose nubundi niwowe wabiteye ujya kwisigira mucyumba cye na mukuru wawe
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umva nkubwize ukuri sister burya abagabo twese tuzira kureba ubwambure bwumukobwa nago wamurenganya peer nange aringe nagusaba ahubwo wabikora muri displine ugashaka uko waba sezera ukajya kwibana cg ugashaka ahandi wibera kuberako nubibwira mukuru wawe nubundi azagirango mwararyamanye uramuhisha ko muziranye hanyuma umugabo nawe azahita atuza ariko kuba azi ubwambure bwawe ukaba uba munzu ye na mukuru wawe bituma adafuza rwose kandi mubyukuri uramuvuna mumutwe kuberako iyo akubonye yibwira ko yaruhuka ariko muryamanye so mufashe uhave rwose nubundi niwowe wabiteye ujya kwisigira mucyumba cye na mukuru wawe
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umva nkubwize ukuri sister burya abagabo twese tuzira kureba ubwambure bwumukobwa nago wamurenganya peer nange aringe nagusaba ahubwo wabikora muri displine ugashaka uko waba sezera ukajya kwibana cg ugashaka ahandi wibera kuberako nubibwira mukuru wawe nubundi azagirango mwararyamanye uramuhisha ko muziranye hanyuma umugabo nawe azahita atuza ariko kuba azi ubwambure bwawe ukaba uba munzu ye na mukuru wawe bituma adafuza rwose kandi mubyukuri uramuvuna mumutwe kuberako iyo akubonye yibwira ko yaruhuka ariko muryamanye so mufashe uhave rwose nubundi niwowe wabiteye ujya kwisigira mucyumba cye na mukuru wawe
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umva nkubwize ukuri sister burya abagabo twese tuzira kureba ubwambure bwumukobwa nago wamurenganya peer nange aringe nagusaba ahubwo wabikora muri displine ugashaka uko waba sezera ukajya kwibana cg ugashaka ahandi wibera kuberako nubibwira mukuru wawe nubundi azagirango mwararyamanye uramuhisha ko muziranye hanyuma umugabo nawe azahita atuza ariko kuba azi ubwambure bwawe ukaba uba munzu ye na mukuru wawe bituma adafuza rwose kandi mubyukuri uramuvuna mumutwe kuberako iyo akubonye yibwira ko yaruhuka ariko muryamanye so mufashe uhave rwose nubundi niwowe wabiteye ujya kwisigira mucyumba cye na mukuru wawe
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umva nkubwize ukuri sister burya abagabo twese tuzira kureba ubwambure bwumukobwa nago wamurenganya peer nange aringe nagusaba ahubwo wabikora muri displine ugashaka uko waba sezera ukajya kwibana cg ugashaka ahandi wibera kuberako nubibwira mukuru wawe nubundi azagirango mwararyamanye uramuhisha ko muziranye hanyuma umugabo nawe azahita atuza ariko kuba azi ubwambure bwawe ukaba uba munzu ye na mukuru wawe bituma adafuza rwose kandi mubyukuri uramuvuna mumutwe kuberako iyo akubonye yibwira ko yaruhuka ariko muryamanye so mufashe uhave rwose nubundi niwowe wabiteye ujya kwisigira mucyumba cye na mukuru wawe
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Inama naguha ni uko utazigera wemera gusambana nawe.kuko ingaruka mbi byakuzanira zaruta kure izo zo kugutesha umutwe. Ibyiza rero, uzivanemo gutinya uwo mugabo, umushakire umwanya ahantu hagaragara mutiherereye, umubwire ushize amanga ko udashobora gusambana, unamubwire ko adakwiyeno kubitekereza ko bitazigera bibaho n’umunsi n’umwe kandi umubwire ko aramutse akinishije kugufata Ku ngufu wakwitabaza ubutsbere ibyo kandi ukabivuga uri serious. Azahita abireka ndetse muzatandukana wahanaguritse mu mutwe we. Ariko niba wipfusha ubusa imbere ye by’abakobwa kabona niyo wabikora uhakana, umugabo we aba azi konari smasonisoni mugira ariko nahatiriza uzakumaramo ubwoba ukemera. Kandi muri uko kukwiyegereza agutereta jya wibuka ko hari aho umubiri w’umugabo wagera ntabe agishobora kwifata akaba yabikora Ku ngufu.Iyo umuhakaniye ushize amanga, mu minsinmike ASA nk’ukwanze ariko bisozwa no kuguha agaciro bikomeye rimwe na rimwe ukajya unumva uri mu Bantu ashima. Ubwo rero ingamba ni izawe.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Inama naguha ni uko utazigera wemera gusambana nawe.kuko ingaruka mbi byakuzanira zaruta kure izo zo kugutesha umutwe. Ibyiza rero, uzivanemo gutinya uwo mugabo, umushakire umwanya ahantu hagaragara mutiherereye, umubwire ushize amanga ko udashobora gusambana, unamubwire ko adakwiyeno kubitekereza ko bitazigera bibaho n’umunsi n’umwe kandi umubwire ko aramutse akinishije kugufata Ku ngufu wakwitabaza ubutsbere ibyo kandi ukabivuga uri serious. Azahita abireka ndetse muzatandukana wahanaguritse mu mutwe we. Ariko niba wipfusha ubusa imbere ye by’abakobwa kabona niyo wabikora uhakana, umugabo we aba azi konari smasonisoni mugira ariko nahatiriza uzakumaramo ubwoba ukemera. Kandi muri uko kukwiyegereza agutereta jya wibuka ko hari aho umubiri w’umugabo wagera ntabe agishobora kwifata akaba yabikora Ku ngufu.Iyo umuhakaniye ushize amanga, mu minsinmike ASA nk’ukwanze ariko bisozwa no kuguha agaciro bikomeye rimwe na rimwe ukajya unumva uri mu Bantu ashima. Ubwo rero ingamba ni izawe.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umvape ntunyumwe nabi woe wifuje umugabo wa mukuru wae nonese kujya kwisigira mucyumba cye icyawe cyari cyabayiki??ikintu cy mbere nubaha iyo ndi wabandi icyumba na douche.none rero ncuti yanjye niba ukeneye ko mukuru wae yubaka vaho ushake ahandi hokuba nuniyame uwo mugabo bizagufasha cyn.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umvape ntunyumwe nabi woe wifuje umugabo wa mukuru wae nonese kujya kwisigira mucyumba cye icyawe cyari cyabayiki??ikintu cy mbere nubaha iyo ndi wabandi icyumba na douche.none rero ncuti yanjye niba ukeneye ko mukuru wae yubaka vaho ushake ahandi hokuba nuniyame uwo mugabo bizagufasha cyn.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umvape ntunyumwe nabi woe wifuje umugabo wa mukuru wae nonese kujya kwisigira mucyumba cye icyawe cyari cyabayiki??ikintu cy mbere nubaha iyo ndi wabandi icyumba na douche.none rero ncuti yanjye niba ukeneye ko mukuru wae yubaka vaho ushake ahandi hokuba nuniyame uwo mugabo bizagufasha cyn.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umvape ntunyumwe nabi woe wifuje umugabo wa mukuru wae nonese kujya kwisigira mucyumba cye icyawe cyari cyabayiki??ikintu cy mbere nubaha iyo ndi wabandi icyumba na douche.none rero ncuti yanjye niba ukeneye ko mukuru wae yubaka vaho ushake ahandi hokuba nuniyame uwo mugabo bizagufasha cyn.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umvape ntunyumwe nabi woe wifuje umugabo wa mukuru wae nonese kujya kwisigira mucyumba cye icyawe cyari cyabayiki??ikintu cy mbere nubaha iyo ndi wabandi icyumba na douche.none rero ncuti yanjye niba ukeneye ko mukuru wae yubaka vaho ushake ahandi hokuba nuniyame uwo mugabo bizagufasha cyn.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umvape ntunyumwe nabi woe wifuje umugabo wa mukuru wae nonese kujya kwisigira mucyumba cye icyawe cyari cyabayiki??ikintu cy mbere nubaha iyo ndi wabandi icyumba na douche.none rero ncuti yanjye niba ukeneye ko mukuru wae yubaka vaho ushake ahandi hokuba nuniyame uwo mugabo bizagufasha cyn.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umvape ntunyumwe nabi woe wifuje umugabo wa mukuru wae nonese kujya kwisigira mucyumba cye icyawe cyari cyabayiki??ikintu cy mbere nubaha iyo ndi wabandi icyumba na douche.none rero ncuti yanjye niba ukeneye ko mukuru wae yubaka vaho ushake ahandi hokuba nuniyame uwo mugabo bizagufasha cyn.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Umvape ntunyumwe nabi woe wifuje umugabo wa mukuru wae nonese kujya kwisigira mucyumba cye icyawe cyari cyabayiki??ikintu cy mbere nubaha iyo ndi wabandi icyumba na douche.none rero ncuti yanjye niba ukeneye ko mukuru wae yubaka vaho ushake ahandi hokuba nuniyame uwo mugabo bizagufasha cyn.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Ntabwo byoroshye ariko warakojeje kogera no guhangara kwinjira mu cyumba cya boss wambaye ubusa ukanahisigira, iyo uza kuhamusanga ariwe wambaye ubusa ibiri kumubaho nibyo biri kukubaho. Kandi nimba uri mwiza kurusha mukuru wawe ni bibi cyane kurutaho. Uzamwandikire ibaruwa umusaba imbabazi ko wakoresheje kandi umumenyeshako utiteguye na rimwe kubangamira umubano we n’umugore we ahubwo nibiba ngombwa uri bushake ahandi uhungira nimba atiteguye kukubabarira. Hanyuma umusabe ubwiyunge no kukwihanganira ugasoza amasomo yawe ariko byose bizaterwa nuko mwari musanzwe mubanye. Ubundi kukubona ubwambure sicyo kibazo ahubwo irari niryo nyirabayazana nyuma yo kunagaho ijisho. Hari n’igihe mwicara nabi tukareba iyo giterwa inkingi ariko nyuma y’igihe bikibagirana. Ikindi nkubu muri covid wagonye kujya mu rugo akaba yibagiweho gato.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Ntabwo byoroshye ariko warakojeje kogera no guhangara kwinjira mu cyumba cya boss wambaye ubusa ukanahisigira, iyo uza kuhamusanga ariwe wambaye ubusa ibiri kumubaho nibyo biri kukubaho. Kandi nimba uri mwiza kurusha mukuru wawe ni bibi cyane kurutaho. Uzamwandikire ibaruwa umusaba imbabazi ko wakoresheje kandi umumenyeshako utiteguye na rimwe kubangamira umubano we n’umugore we ahubwo nibiba ngombwa uri bushake ahandi uhungira nimba atiteguye kukubabarira. Hanyuma umusabe ubwiyunge no kukwihanganira ugasoza amasomo yawe ariko byose bizaterwa nuko mwari musanzwe mubanye. Ubundi kukubona ubwambure sicyo kibazo ahubwo irari niryo nyirabayazana nyuma yo kunagaho ijisho. Hari n’igihe mwicara nabi tukareba iyo giterwa inkingi ariko nyuma y’igihe bikibagirana. Ikindi nkubu muri covid wagonye kujya mu rugo akaba yibagiweho gato.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Nanjye ndunga mu rya Nyiransabimana,..ni gute wagiye mu cyumba cy abandi.ukaniyanbura,imyenda yose…gusa muramu wawe nta kosa na rimwe afite,kuko yinjiye yumva yinjiye mu cyumba cye,…Ahubwo mukuru wawe niwe utazi ibyo kubaka urugo kbsa,..Ni gute akunyana mu cyumba cye ?!! Urumva arari agakumbi…kdi agakungu ingaruka zacu Ni izo…ntikubaka …nunaramuka ubikoranye na muramu wawe Ni mukutu wawe uzaba abaye nyirabayazana!!9
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Nanjye ndunga mu rya Nyiransabimana,..ni gute wagiye mu cyumba cy abandi.ukaniyanbura,imyenda yose…gusa muramu wawe nta kosa na rimwe afite,kuko yinjiye yumva yinjiye mu cyumba cye,…Ahubwo mukuru wawe niwe utazi ibyo kubaka urugo kbsa,..Ni gute akunyana mu cyumba cye ?!! Urumva arari agakumbi…kdi agakungu ingaruka zacu Ni izo…ntikubaka …nunaramuka ubikoranye na muramu wawe Ni mukutu wawe uzaba abaye nyirabayazana!!9
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Mike musaba IMANA ibahe imbaraga zogutsinda satanic.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Mike musaba IMANA ibahe imbaraga zogutsinda satanic.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Noneho ndumiwe pe! Ariko ubu twataye umuco koko nta soni namba habe numutima no kubaha ? Harya ngo ni mpaka dusandaguze nibyo dusanze? Umva sista mbere yo kubaza igisubizo banza umenye ikibazo cyawe. 1. Ese niba uvuga ko sista wawe muziranye aho ntiwaba wirengagiza ko ubu ari mu rugo rwe? Mbaze sista wawe nawe nti aho waba wibuka ko washatse kandi ugomba kubera abato bawe intangarugero ko numva kuvogera ubwiherero bwawe na boss ntacyo bikubwira? Sista muto wowe se urajyana ubusa mucyumba cya muramu wawe kwenda iki? Sista mukuru, wowe ubwo ugira ibanga ry’ urugo aho ntucyeka ko mukiri home? Sista muto,kwisiga kwa muramu wawe bihatse iki iwawe habaye iki? Sista mukuru ndakumenyesha ko umwari ari usiga ubwana iwabo agashaka umugabo twita umwana wabandi! Igisubizo rero 1. Banza wicare na sista wawe mubiganireho ko ubona umugabo yarahindutse ariko bitari grave kuko ikosa ni iryanyu mwembi2) Saba sista kukwizera ko utamusenyera kuko iyo uri ubikora utari kubimumenyesha kugira ngo atuze.3. Bwira umugabo ko niyongera kugukinisha uzabimenyesha umugore we.4.saba umugabo imbabazi ko warengereye kandi bitazongera kubaho kuko ubutaha nahagusanga azakurongora induru zivuge kandi kuzaburana ko yagufashe bizakugora yakwisangiye mu cyumba nta sume! 5. Inama yanyuma uzajye wubaha ubwiherero n’ ibyumba bya bene nyoko naho ibyamashuri byo ntaho bihuriyr nikibazo wagize kuko hari iyindi myanzuro ihari ariko itari iyo kurikuvanamo. Ibaze nawe ari wowe mugabo uko byagenda ubundi wisubize
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Noneho ndumiwe pe! Ariko ubu twataye umuco koko nta soni namba habe numutima no kubaha ? Harya ngo ni mpaka dusandaguze nibyo dusanze? Umva sista mbere yo kubaza igisubizo banza umenye ikibazo cyawe. 1. Ese niba uvuga ko sista wawe muziranye aho ntiwaba wirengagiza ko ubu ari mu rugo rwe? Mbaze sista wawe nawe nti aho waba wibuka ko washatse kandi ugomba kubera abato bawe intangarugero ko numva kuvogera ubwiherero bwawe na boss ntacyo bikubwira? Sista muto wowe se urajyana ubusa mucyumba cya muramu wawe kwenda iki? Sista mukuru, wowe ubwo ugira ibanga ry’ urugo aho ntucyeka ko mukiri home? Sista muto,kwisiga kwa muramu wawe bihatse iki iwawe habaye iki? Sista mukuru ndakumenyesha ko umwari ari usiga ubwana iwabo agashaka umugabo twita umwana wabandi! Igisubizo rero 1. Banza wicare na sista wawe mubiganireho ko ubona umugabo yarahindutse ariko bitari grave kuko ikosa ni iryanyu mwembi2) Saba sista kukwizera ko utamusenyera kuko iyo uri ubikora utari kubimumenyesha kugira ngo atuze.3. Bwira umugabo ko niyongera kugukinisha uzabimenyesha umugore we.4.saba umugabo imbabazi ko warengereye kandi bitazongera kubaho kuko ubutaha nahagusanga azakurongora induru zivuge kandi kuzaburana ko yagufashe bizakugora yakwisangiye mu cyumba nta sume! 5. Inama yanyuma uzajye wubaha ubwiherero n’ ibyumba bya bene nyoko naho ibyamashuri byo ntaho bihuriyr nikibazo wagize kuko hari iyindi myanzuro ihari ariko itari iyo kurikuvanamo. Ibaze nawe ari wowe mugabo uko byagenda ubundi wisubize
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
WA MUKOBWA WE URI IGISHWI WAJYAGA MU CYUMBA CYA MUKURU WAWE USHAKA IKI AHUBWO NI WOWE WAMUSHAKAGA.KUKO IYO UTAJYA KUHISIGIRA NTA KIBAZO ABA AFITE,KUKI WOWE UTUBASHYE ICYO CYUMMBA
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
WA MUKOBWA WE URI IGISHWI WAJYAGA MU CYUMBA CYA MUKURU WAWE USHAKA IKI AHUBWO NI WOWE WAMUSHAKAGA.KUKO IYO UTAJYA KUHISIGIRA NTA KIBAZO ABA AFITE,KUKI WOWE UTUBASHYE ICYO CYUMMBA
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Ubu koko wabuze ahandi wagisha inama utaje kwiyandagaza kukarubanda uhubwo uri danger
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Ubu koko wabuze ahandi wagisha inama utaje kwiyandagaza kukarubanda uhubwo uri danger
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Tanga ibintu sha nubundi ntazarenza utunota 4 mwana muhe ajabikemo
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Tanga ibintu sha nubundi ntazarenza utunota 4 mwana muhe ajabikemo
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
WArahemutse kwisigira amavuta mucumba cyabos wowe namukuruwawe nikosa mwakoze. bwira mukuruwawe azamubwireko ushaka kubaganiriza bombi barikumwe.maze uzabivuge usaba imbabazi uhishe mukuruwawe kobosi yigeze kugusaba.. nubivuga azahita acika irari kd mubane neza uzirikaneko arimuramuwawe kandi akayagufashaga. ibirenze ibyo twabunganira kurinimero 0785324795/0731762256murakoze muzagire amasomo meza
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
WArahemutse kwisigira amavuta mucumba cyabos wowe namukuruwawe nikosa mwakoze. bwira mukuruwawe azamubwireko ushaka kubaganiriza bombi barikumwe.maze uzabivuge usaba imbabazi uhishe mukuruwawe kobosi yigeze kugusaba.. nubivuga azahita acika irari kd mubane neza uzirikaneko arimuramuwawe kandi akayagufashaga. ibirenze ibyo twabunganira kurinimero 0785324795/0731762256murakoze muzagire amasomo meza
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Vayo nkwereke inziranyayo
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Vayo nkwereke inziranyayo
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Sister Niba Ucyiba Murungo rwabo, Wagovye kwimuka Vuba;cyane Naho ubundi urasenyera Umuvukanyi wawe.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Sister Niba Ucyiba Murungo rwabo, Wagovye kwimuka Vuba;cyane Naho ubundi urasenyera Umuvukanyi wawe.
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Ndumva wamuha
Umugabo wa mukuru wanjye yambonye nambaye ubusa, none irari ry'igitsina rimumereye nabi- Nkore iki?
Ndumva wamuha