Muraho neza, ndi umusore w’imyaka 26 nkaba maze imyaka itatu ntwara umukirekazi, tuva mu rugo mu gitondo akirirwa muri business hirya no hino nkamucyura nijoro.
Iyo urebye usanga imyaka ya databuja ari myinshi cyane kurusha iya mabuja, kuko ni umugore yashatse wa kabiri, uwa mbere sinzi niba yaritabye Imana cyangwa baratandukanye, ibyo ntabyo nzi.
Gusa Mabuja ntabwo arengeje imyaka 38 mu gihe boss we asatira ubusaza muri za 60.
Mabuja ndamutwara rimwe na rimwe akabeshya umugabo ko twagiye muri business kandi arimo kuryoshya n’undi mugabo nzi, gusa njyewe ntacyo biba bindebaho, ndi umushoferi aho yifuje ko mujyana niho tujya.
Rwose ndabizi neza ko aca inyuma boss, ni kenshi rwose asambana n’uwo mugabo kuko ndi mukuru ntacyo ntabona. Gusa ntabwo bajya basambanira muri hoteli, bashaka ahantu haciriritse umuntu wese atabakekera.
Nk’umuntu uzi byinshi kuri we agerageza kumfata neza, hari n’utuntu tumwe na tumwe ambwira cyangwa akangishaho inama, kuko yarangije kubona ko mbizi. Hari n’ubwo atega moto cyangwa ivatiri yirinda ko imodoka tuyijyana mu cyerekezo abaziranye n’umugabo we bayibona.
Nk’iyo mugejeje mu rugo avuye muri ibyo bifuti byose hari igihe ampa nk’ibihumbi 20 cyangwa se 30 akambwira ngo ni itike, ngo nsome n’agafanta ningera muri karitiye. Mbese nk’umukozi mbyungukiramo pe n’ubwo ntazi ibizaza nyuma. N’ubwo iyo yagiye muri ibyo hari ayo ansigira ngo sinicwe n’inzara cyangwa inyota, mbese nabaye umufatanyacyaha hahhhhh
Boss yamaze gukeka ko umugore we amuca inyuma, yarampamagaye njya kumureba aho akorera, ambaza amakuru naba nzi y’umugore we n’abandi bagabo baba bari kumwe.
Njyewe namubwije ko iby’agabo bamutereta n’abo bakorana business ntamenya kubatandukanya, ko ntajya mbyitaho ikindeba ari ukumutwara aho agiye, gusa yampaye umukoro wo kuzajya muha raporo y’urugendo rwose rw’umunsi kandi hari igihe umugore we amubeshya ko tugeze nko mu Ruhango tuva Butare kandi wenda arimo kuryoshya za Kicukiro.
Boss ambaza niba nta mugabo nzi mbona basohokana cyangwa bagakora ibindi, naramuhakaniye, mbese aranshakamo amakuru kandi koko ndayafite. Mungire inama, ese mabuja nzamuvemo? ese boss nimuha raporo y’urugendo rwose nkamubeshya mpishira mabuja nyuma akabimenya? Mbese ndi mu ihurizo ariko mabuja nirinze kumubwira ko umugabo we arimo kumumbazaho amakuru?



36 Responses
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Ceceka. Azabyikurikiranire ku giti cye. Ntabwo ariko kazi wasinyiye. Ntukabe injajwa. Numubwira se mugasanga baba baganira ibindi? Tuzaaaaa
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Ceceka. Azabyikurikiranire ku giti cye. Ntabwo ariko kazi wasinyiye. Ntukabe injajwa. Numubwira se mugasanga baba baganira ibindi? Tuzaaaaa
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Banza nawe umurye ituru mbere yo gutanga amakuru. Cyangwa se nawe umwake cash kubura ngo utayatanga. Jay kumenya isi….
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Banza nawe umurye ituru mbere yo gutanga amakuru. Cyangwa se nawe umwake cash kubura ngo utayatanga. Jay kumenya isi….
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kora akazi kakujyanye iby’amagambo ubivemo. Kandi uwo wita bosi si we bosi wawe. Bosi wawe ni uwo ushinzwe gutwara.
Ikindi kandi umenyeko umugaragu iyo yanzwe na nyirabuja ataha, yakwangwa na shebuja akahaguma.
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kora akazi kakujyanye iby’amagambo ubivemo. Kandi uwo wita bosi si we bosi wawe. Bosi wawe ni uwo ushinzwe gutwara.
Ikindi kandi umenyeko umugaragu iyo yanzwe na nyirabuja ataha, yakwangwa na shebuja akahaguma.
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Banza nawe umurye ituru mbere yo gutanga amakuru. Cyangwa se nawe umwake cash kubura ngo utayatanga. Jay kumenya isi….
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Banza nawe umurye ituru mbere yo gutanga amakuru. Cyangwa se nawe umwake cash kubura ngo utayatanga. Jay kumenya isi….
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Wowe ikikubesheje aho Ni cash uri mu nzira yo kuzigeraho. Bwira boss aguhe ayo ushaka ubundi uzamurye urwara afate icyo kiraya. upfa kubika ibanga ntubibwire nyokobuja ko bari kukubaza amakuru.
Nubishaka uzahite usezera cga uhagume atazakeka ko ari wowe wayatanze. Nta kindi uzakura kuri iryo shyano keretse niba nawe ajya aguha
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Wowe ikikubesheje aho Ni cash uri mu nzira yo kuzigeraho. Bwira boss aguhe ayo ushaka ubundi uzamurye urwara afate icyo kiraya. upfa kubika ibanga ntubibwire nyokobuja ko bari kukubaza amakuru.
Nubishaka uzahite usezera cga uhagume atazakeka ko ari wowe wayatanze. Nta kindi uzakura kuri iryo shyano keretse niba nawe ajya aguha
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Nta mpamvu yo gutanga amakuru kuko wahita umusenyera. Ukomeze ugume ku ijambo wamubwiye ry’uko utamenya gutandukanya abo bakorana Business n’abamutereta.
Ikindi, Niko wabwira Nyokobuja kugirango ahindure imyitwarire kuko Umugabo amushakaho amakuru. N’atihana, aziga ubwenge bwo gukora ibyaha bye. Urugero, yakoresha Moto cg Voiture wowe akagusiga ahantu. Ibyo nabikora bizatuma utazabeshya Shobuja igihe akubajije ingendo mwakoze kandi nubwo nawe yagushyiraho Maneko azabona ko utamubeshya.
Wa Musore we kubaka biragora, uramutse umuvuyemo agasenya ushobora kubahemukira bombing bagasaza nabi kurushaho, nubwo n’ibyo Atari byiza, ariko urumva ko Umugore abikora yiyubashye. Muri make no icyaha cyamunaniye gukira, ariko birashoboka ko Imana yamusanga agakizwa Mandi agakomeza akubaka urugo rwe. Ariko ubivuze agasenya urugo, nubwo yakizwa nyuma ntiyabasha kongera kubaka urugo rwe.
Mugire amahoro!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Ngo abikora yiyubashye? Ubwo c aracyiyubashye ra???
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Ngo abikora yiyubashye? Ubwo c aracyiyubashye ra???
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kubaka biragora c ubundi ubwo iyo ndaya irubatse??ko iri kurwihirikira!!!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kubaka biragora c ubundi ubwo iyo ndaya irubatse??ko iri kurwihirikira!!!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kubaka biragora c ubundi ubwo iyo ndaya irubatse??ko iri kurwihirikira!!!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kubaka biragora c ubundi ubwo iyo ndaya irubatse??ko iri kurwihirikira!!!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kubaka biragora c ubundi ubwo iyo ndaya irubatse??ko iri kurwihirikira!!!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kubaka biragora c ubundi ubwo iyo ndaya irubatse??ko iri kurwihirikira!!!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Nta mpamvu yo gutanga amakuru kuko wahita umusenyera. Ukomeze ugume ku ijambo wamubwiye ry’uko utamenya gutandukanya abo bakorana Business n’abamutereta.
Ikindi, Niko wabwira Nyokobuja kugirango ahindure imyitwarire kuko Umugabo amushakaho amakuru. N’atihana, aziga ubwenge bwo gukora ibyaha bye. Urugero, yakoresha Moto cg Voiture wowe akagusiga ahantu. Ibyo nabikora bizatuma utazabeshya Shobuja igihe akubajije ingendo mwakoze kandi nubwo nawe yagushyiraho Maneko azabona ko utamubeshya.
Wa Musore we kubaka biragora, uramutse umuvuyemo agasenya ushobora kubahemukira bombing bagasaza nabi kurushaho, nubwo n’ibyo Atari byiza, ariko urumva ko Umugore abikora yiyubashye. Muri make no icyaha cyamunaniye gukira, ariko birashoboka ko Imana yamusanga agakizwa Mandi agakomeza akubaka urugo rwe. Ariko ubivuze agasenya urugo, nubwo yakizwa nyuma ntiyabasha kongera kubaka urugo rwe.
Mugire amahoro!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
umva nawe niba ubyungukiramo se urashaka iki?bivemo komeza akazi kawe bose bareke rya inoti za madamu
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
umva nawe niba ubyungukiramo se urashaka iki?bivemo komeza akazi kawe bose bareke rya inoti za madamu
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
man wewe nyakobuja mubikire ibanga!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
man wewe nyakobuja mubikire ibanga!
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Nukabe injajwa umugabo ni ugira ibanga sha
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Nukabe injajwa umugabo ni ugira ibanga sha
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Ahubwo kuko umugore ariwe ugukoresha kd akaba azi ko umubikira ibanga mufashe gucunga umugabo we,mubiganire amenyeko bamwinjiriye,kuko namenyako umugabo yamuxyetse numurye akara ashyatse yakwirukana akazana undi utarasobanukirwa.uzamubwireko ushaka kumubwira akantu umuhishurire ko umugabo ari kumucunga.
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Ahubwo kuko umugore ariwe ugukoresha kd akaba azi ko umubikira ibanga mufashe gucunga umugabo we,mubiganire amenyeko bamwinjiriye,kuko namenyako umugabo yamuxyetse numurye akara ashyatse yakwirukana akazana undi utarasobanukirwa.uzamubwireko ushaka kumubwira akantu umuhishurire ko umugabo ari kumucunga.
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Hhhhhhhhhhhhhh
Inama ziraha
Hhhhhhhhhhh
Ariko Nina hari ubupfapfa bwa mbere naba narabonye nukugisha inama hano
Ngabo hambira ndabona inama zabaye umuba
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Hhhhhhhhhhhhhh
Inama ziraha
Hhhhhhhhhhh
Ariko Nina hari ubupfapfa bwa mbere naba narabonye nukugisha inama hano
Ngabo hambira ndabona inama zabaye umuba
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Murakoze Ku makuru muduhaye
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Murakoze Ku makuru muduhaye
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Izo ni conflict zizatinda Zikabyara ibyaha, bibwire RIB ikumiree Icyaha kitaraba.
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Izo ni conflict zizatinda Zikabyara ibyaha, bibwire RIB ikumiree Icyaha kitaraba.
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kora akazi ibindi ntibikureba
Ndi umushoferi, mabuja ntwara umusambanya ndamuzi none databuja aranshakaho amakuru- Nkore iki?
Kora akazi ibindi ntibikureba