Umuhanda uturuka i Kigali ugana i Gakenke wangijwe bikomeye n’inkangu zawufunze kuri ubu hakaba nta kinyabiziga kibasha kuwucamo kubera imvura ikomeye yahabyukiye na n’ubu bikaba bivugwa ko ikiri kugwa.


Biravugwa ko amazu agera kuri 80 amaze kubarurwa nk’ayangijwe n’imvura, mu gihe imyuzure yahitanye abantu babarirwa muri 32.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Dennis Ns./Bwiza.com





