Umwana yavutse adafite umwenge w’ikibuno -AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Muri Nigeria mu gace ka Pankshin benshi batunguwe no kubona umwana wavutse adafite umwenge w’ikibuno.

Ibi byamenyekanye ubwo amafoto y’uwo mwana yacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga aho bamusabiraga ubufasha ngo abe yavurwa.

baby foto xx

Nkuko Ghafla ibivuga , ngo nyuma yo kuvuka taliki 30 Mata 2016 akabura aho yitumira, byakurikiwe no kubyimba inda, bikaba byarateye urujijo ku cyabiteye.

baby foto1

Kuvuka bene aka kageni ngo byaba byaratewe n’uko uwo muyoboro w’ikibuno ushobora kuba warazibye cyangwa nta wuhari, ariko abaganga bakaba bakimukurikirana ngo barebe niba uwo mwenge waboneka.

babyanus2

Uyu mubyeyi utarabyariye kwa muganga, ngo ni kimwe mu mbogamizi zaba zituma uwo mwana ageza ubu ataravurwa, bityo ababyeyi bakaba bakangurirwa kujya bisuzumisha kenshi gashoboka igihe begereje igihe cyo kubyara ndetse no mu gihe batwite.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *