Ibi byabaye ku wa kane tariki ya 12 Gicurasi 2016, mu Bufaransa mu birori ngarukamwaka serukiramuco ku nshuro ya 69 byari byitabiriwe ku bwinshi n’ibyamamare muri Cinema, nibwo Laure Calamy usanzwe akina film yagaraje imibyinire idasanzwe bimuviramo kwerekana imyanya y’ibanga.

Mu gihe uyu mukinnyi yageraga ku itapi itukura (Red Carpet), nk’uko byari biteganyijwe yabanje gucinya akadiho bityo ikanzu yari yambaye isatuye cyane ivaho bityo imyanya y’ibanga uko yakabaye ijya ku Karubanda.

Ibyo byatumye itsinda ry’abo bafatanya uwo mwuga nabo bari barimo gucinya akadiho batangarira imibyinire ya mugenzi wabo ndetse baranamwinginga ngo amanure ukuguru ariko aranga.

Laure w’imyaka 41 y’amavuko n’ubwo yagaragaje ubwambure mu ruhame, umuyobozi we mu bijyanye na Cinema “Alain Guiraudie” nawe ntiyatanzwe kuko yakomeje kwirebera imiterere y’umukinnyi we.
ANDI MAFOTO:




Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com


