A47A4524

Bukavu: Abasaga 400 bari barahunze imirwano bagarutse mu byabo banyuze mu Rwanda (AMAFOTO)

Sangiza iyi nkuru

Abanye-Congo basaga 400 bari barahunze kubera imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC), basubiye iwabo kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Gashyantare 2025, bishimira ko u Rwanda rwabafashije kubona inzira ibasubiza mu byabo.

Aba baturagebambukiye ku mupaka wa Kamanyola binjira muri Bugarama ku ruhande rw’u Rwanda binjirira ku mupaka wa Rusizi ya 1, basubira i Bukavu.

Bamwe muri bo bavuga ko bahunze intambara ubwo yari yageze ku kibuga cy’indege cya Kavumu birinda ko yabasanga mu mujyi wa Bukavu, bamwe bahungiye mu Burundi, abandi bakerekeza i Uvira, i Kamanyola, ndetse no mu gace ka Kalemie.

Bamwe muri aba baturage basubiye I Bukavu, abanda berekera Goma, bamwe bajya mu miryango yabo abatifuzaga bgutaha bajya kuba bacumbikiwe muri Transit Center Nyarushishi.

A47A4519 scaled
Abanye-Congo basaga 400 bari barahunze kubera imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC), basubiye iwabo

A47A4511 scaled A47A4498 scaled A47A4486 scaled A47A4526 scaled A47A4524 scaled

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *