Jennifer Lopez yabyinnye acugusa ikibuno abari bitabiriye igitaramo bifata ku munwa- AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Gicurasi, nibwo umuhanzi Jennifer Lopez yagaragaje imibyinire idasanzwe mu gitaramo yakoreye i Atlanta ubwo bamamazaga ibyiza byo kugenda mu ndege “Quatar airways.
LOPEZ2
Ubwo Lopez yageraga ku rubyiniro abari aho batangiye kwifata ku munwa bitewe n’uburyo yabyinagamo n’imbaraga yakoreshaga acugusa ikibuno, ibintu benshi bamuziho kuri stage, anabyina yikuba ku bagabo.
LOPEZ4
Nk’uko bitangazwa na Dailymail, ngo uyu mugore w’imyaka 46 ashobora kuzagera aho abyina yambaye ubusa kubera uburyo yahinduranyaga imyambaro ku rubyiniro.
LOPEZ6
Nyuma yo gusoza iki gitaramo cyatangaje benshi nk’uko n’amafoto abigaragaza, bitangazwa ko Lopez wari umaze kubyina iminota 45 yahise akomereza ibirori i Las Vegas.
lOPEZ
LOPEZ7
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
MUREGO Anatty@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *