gulfnews_2025-02-21_1udxo35h_Cardinals

Abakandida 10 ba mbere bashobora kuvamo uzasimbura Papa n’amahirwe bafite

Sangiza iyi nkuru

Karidinali Pietro Parolin niwe uza mbere muri sondage yo kumenya ushobora gusimbura Papa Fransisiko nk’umuyobozi wa Kiliziya Gatolika.

Reba urutonde rw’abakandida 10 ba mbere bahabwa amahirwe wasanga gusa kuri Polymarket:

Screenshot 2025 04 28 131400 Screenshot 2025 04 28 131515

Papa Fransisiko yari Umushumba wa Kiliziya Gatolika akaba n’Umuyobozi wa Leta ya Vatikani kuva ku itariki ya 13 Werurwe 2013 kugeza apfuye ku itariki 21 Mata 2025. Yabaye Papa wa mbere w’Umuyezuwiti, ndetse n’uwa mbere ukomoka muri Amerika no mu majyepfo y’Isi, kandi ni we wa mbere wavukiye cyangwa wakuriye hanze y’u Burayi kuva habaho Papa Gregory III wakomokaga muri Syria wo mu kinyejana cya 8.

Kuri iyi nshuro bamwe basanga igihe kigeze ngo hatorwe na Papa ukomoka muri Afurika, ariko abandi bavuga ko Abanyaburayi bashaka kwisubiza ububasha bwabo i Vatikani.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *