Zambia: Kubarura amajwi byahagaritswe nyuma yo guhohotera abakozi ba komisiyo y’amatora

‎Komisiyo y’amatora muri Zambia yahagaritse kubarura amajwi no gutangaza ibyavuye mu matora mu gihugu hose nyuma y’amakuru y’urugomo rwabereye mu turere tumwe na tumwe rwibasiye abashinzwe amatora. ‎Abashinzwe amatora batangarije itangazamakuru ko hari igihe impapuro z’itora zibwe mu dusanduku tw’itora, bongeraho ko bongera gusuzuma iryo hagarikwa mu masaha 24 nk’uko bitangazwa n’Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters. […]

C64: Bamaramaje mu gihe itariki ntarengwa bahaye Tshisekedi yegereje

‎Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rizwi nka C64, rirategura imyigaragambyo karundura mbere y’uko itariki ntarengwa ya 15 Kanama igera. Iyi ni itariki ntarengwa yahawe Perezida FĂ©lix Tshisekedi ngo ategure ku mugaragaro ibiganiro bidaheza bigamije gukemura ikibazo cya politiki n’umutekano muke muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. ‎ ‎Mbere, iri […]

‎Geneve: U Rwanda na DRC bemeye gukomeza gukurikirana ishyirwamubikorwa ry’agahenge

‎U Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bemeranyije gukomeza gukurikirana no kugenzura ishyirwamubikorwa ry’ihagarikwa ry’imirwano mu burasirazuba bwa Congo mu nama y’iminsi ibiri yabahurije mu Busuwisi. Ku itariki ya 12 ni iya 13 Kanama 2026, nibwo abahagarariye Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) n’u Rwanda, hamwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Qatar, Togo […]

RDC yongeye guhabwa ijambo muri SADC nyuma yo kwishyura ibirarane by’imisanzu

‎Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugira uburenganzira bwayo bwose bwo gufata iijambo mu nama z’Umuryango w’Iterambere ry’Amajyepfo ya Afurika (SADC). Iki cyemezo cyafashwe mu nama y’Inama y’Abaminisitiri y’uyu muryango yabaye kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 12 Kanama, i Durban, muri Afurika y’Epfo, mbere y’Inama Isanzwe ya 46 y’Abakuru b’Ibihugu na za […]

Sudani: Inyeshamba za RSF zafashe Umujyi wa Geissan ku mupaka na Ethiopia

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Kanama 2026, Inyeshyamba za RSF zemeje ko zafashe Umujyi wa Geissan uherereye ku mupaka na Ethiopia itarebana neza na Sudani muri iki gihe. Igitero cya RSF cyabanjirijwe n’ibitero bya drone n’amabombe y’intwaro ziremereye ku wa Kabiri. Ingabo za RSF ngo zaturutse mu cyerekezo cya Ethiopia. Ingabo za Sudani zimaze […]

Nairobi: Ambasade ya Sudani y’Epfo yafunze imiryango kubera ibirarane by’ubukode

Ambasade ya Sudani y’Epfo i Nairobi yafunzwe nyuma y’uko, nk’uko bivugwa, leta yaba yarananiwe kwishyura ibirarane by’ubukode bw’amezi ane, bigahagarika serivisi za ambasade ku Banyasudani y’Epfo batuye muri Kenya. Ambasade, iherereye mu gace ka Kilimani muri Nairobi, yafunzwe ku wa Kabiri, itariki ya 11 Kanama, nk’uko byatangajwe n’umukozi wa ambasade waganiriye na Radio Tamazuj. Urubuga […]

Bangui: Ambasaderi w’u Bufaransa arashinjwa ibikorwa by’ubushurashuzi

U Bufaransa bwatangiye gukurikirana umudiplomate wabwo mukuru muri Repubulika ya Centrafrica (CAR) kubera imyitwarire mibi, nyuma y’ibirego by’uko yajyanye abagore benshi mu rugo rwe rw’akazi akaryamana na bamwe muri bo. Ibirego kuri Ambasaderi Bruno Foucher, bivuga ku bintu bivugwa ko byabaye hagati ya Mutarama 2024 na Werurwe uyu mwaka, byatumye Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa […]

Perezida Kagame yakurikiye umukino wahuje PSG na Aston Villa

Kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatatu i Salzburg, muri Austria, Perezida Kagame yitabiriye umukino wa UEFA Super Cup wa 2026, uhuza amakipe abiri afitanye ubufatanye na gahunda ya “Visit Rwanda”. Ayo makipe ni Paris Saint-Germain (ikipe ifite igikombe cya UEFA Champions League) na Aston Villa (ikipe yatwaye igikombe cya UEFA Europa League), ikaba n’umufatanyabikorwa mushya […]

Kalehe: Ihuriro rya FARDC ryagabye ibitero bitandukanye mu bice bituwe cyane

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Kanama 2026, guhera saa kumi n’ebyiri n’iminota mirongo ine n’itanu z’umugoroba (18:45), ingabo zishyize hamwe zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero bikomeye zikoresheje imbunda zirasa kure (artillerie) ku duce dutandukanye two muri Teritwari ya Kalehe dutuwe cyane, harimo Rumbishi, Chambombo, Cyamatare na Gasovu. Nk’uko itangazo ryasohowe na AFC/M23 […]

Amashyaka CNDD-FDD na ANC yiyemeje kurushaho kubaka umubano

Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 11 Kanama 2026, Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD, RĂ©vĂ©rien Ndikuriyo, yahuye na mugenzi we w’ishyaka African National Congress (ANC), Fikile Mbalula, muri Afurika y’Epfo mu ruzinduko rugamije gushimangira ubucuti. Nk’uko byatangajwe n’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, uru ruzinduko rwari rugamije kongera gushimangira umubano w’amateka w’ubuvandimwe, ubufatanye n’imikoranire ihuza […]

Zimbabwe: Abantu 44 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato

Polisi ya Zimbabwe ivuga ko abantu nibura 44 bapfuye nyuma yuko ku wa kabiri ubwato burohamye mu Kiyaga cya Kariba cyo muri icyo gihugu. Ubwo bwato bwari bufite ubushobozi bwo gutwara abagenzi 90 hamwe n’ababutwaye batanu ariko umutegetsi wo kuri icyo kiyaga yatangaje ko abantu 120, barimo abana 12, ari bo bari bari muri ubwo […]

RDC: Wazalendo irigamba gufata imirenge myinshi muri Kalehe

Inyeshyamba za Wazalendo zirigamba kwigarurira Chambombo na Kazinga nyuma y’imirwano ikaze yabereye i Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Imirwano ikaze bivugwa ko yahuje inyeshyamba za Wazalendo n’abarwanyi ba AFC/M23 ku wa Kabiri, itariki ya 11 Kanama 2026, mu bice bitandukanye bya Teritwari ya Kalehe. Amakuru aturuka mu baturage bo muri ako gace agera kuri […]

Nigeria: Abapolisi 10 biciwe mu mirwano yabahuje n’ibisambo

Muri Nigeria, abapolisi icumi, abasivili babiri, n’abakekwaho kuba abajura 17 bishwe mu gitondo cyo kuwa Kabiri, itariki ya 11 Kanama, mu mirwano yahuje inzego z’umutekano n’itsinda rinini ry’abagizi ba nabi ku mupaka uhuza leta za Zamfara na Kebbi. Abapolisi n’ingabo zari zaroherejwe mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria iminsi mike mbere yaho mu rwego rwo gukumira […]

RDC: Ni iki kirusha ikindi imbaraga hagati y’intambara n’ibiganiro nyuma yo kohereza ingabo nshya 10,000 mu burasirazuba?

Mu gihe inzira za dipolomasi zo kurangiza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo zigenda zigabanuka, guverinoma ya Perezida FĂ©lix Tshisekedi yimuriye ingabo zirenga 10.000 mu burasirazuba bwa Congo, zikaba ari zimwe mu ngabo nyinshi Kinshasa iherutse kohereza icyarimwe. Iki gikorwa gishobora kongera umwuka mubi, kigahungabanya ibiganiro bisanzwe n’umutwe wa AFC/M23, kandi birongera ubwoba bw’uko ahazaza h’akarere […]

Gako: Abasirikare 146 basoje imyitozo yagenewe military police

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK MUBARAKH, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Kanama 2026, yayoboye umuhango wo gusoza amahugurwa ku basirikare 146, barimo Ofisiye n’abandi basirikare, basoje amahugurwa y’Urwego rushinzwe imyitwarire no kurinda abayobozi (Military Police). Ni imyitozo ya gisirikare yamaze ibyumweru 7, yabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Gako, […]

Abashinzwe ibya gisirikare muri za ambasade bahawe ishusho rusange y’umutekano mu karere

Kuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y’Ingabo n’Ingabo z’u Rwanda, bagiranye ibiganiro ku mutekano n’abahagarariye ibihugu bitandukanye mu bya gisirikare (Defence AttachĂ©s – DAs) bemerewe gukorera mu Rwanda, ibagezaho ishusho rusange y’umutekano mu karere no ku rwego mpuzamahanga, ndetse n’ibikorwa RDF ikomeje gukora byo kubungabunga amahoro. Ibi biganiro byahuje ba DAs n’intumwa zihagarariye ibihugu n’imiryango mpuzamahanga […]

Ni iki kihishe inyuma y’ingendo rwihishwa za Gen. Prime Niyongabo i Kinshasa?

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Burundi, Gen. Prime Niyongabo, yakoze urugendo rw’ibanga i Kinshasa muri iki cyumweru gishize mu gihe indege za gisirikare za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) zikomeje gutunda ibikoresho bya gisirikare zibijyana i Bujumbura, umurwa mukuru w’ubukungu n’icyambu gikuru cy’u Burundi, ibyerekana imyiteguro ikomeje yo kongera kugaba ibitero ku barwanyi ba AFC/M23 […]

Bashar Assad wahoze ari perezida wa Syria yakatiwe igihano cy’urupfu

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Kanama 2026, Urukiko rwo muri Syria rwakatiye igihano cy’urupfu uwahoze ari Perezida wa Syria, Bashar Assad, adahari. Assad yakuwe ku butegetsi mu Kuboza 2024 ubwo ingabo zirwanya ubutegetsi zinjiraga i Damascus, bigahagarika ubutegetsi bw’umuryango we bwari bumaze imyaka irenga mirongo itanu. We n’umuryango we bahungiye mu Burusiya, aho yahawe […]

U Burusiya buri gukoresha misile za Koreya ya Ruguru mu kugaba ibitero kuri Ukraine – Zelensky

Ukraine n’u Burusiya byakomeje kurasana mu ijoro ryakeye, aho Perezida Volodymyr Zelensky yashinje Moscou gukoresha ibisasu bya Koreya ya Ruguru. Perezida wa Ukraine yavuze ko ibitero byabereye i Zaporozhye, byahitanye nibura batandatu bikanakomeretsa nibura 19, byakoreshejwemo ibisasu bya missiles ballistic byaturutse ku mufatanyabikorwa w’u Burusiya, Korea ya Ruguru. I Voronezh, mu majyepfo y’u Burusiya, ububiko […]

Icyogajuru cy’u Bushinwa cyaturitse nyuma y’amasegonda 85 cyoherejwe mu isanzure

Icyogajuru cy’u Bushinwa cyari kijyanye satellite mu kirere yaturitse nyuma y’amasegonda make gihagurutse kuri uyu wa Mbere, ibi bikaba bigaragaza igihombo gikomeye muri gahunda ya Beijing yo kuba mu bihugu by’ibihangange mu bijyanye n’isanzure. Icyogajuru cya Long March 7A cyaturitse mu buryo buhambaye nyuma y’amasegonda 85 gusa gihagurutse kuri site ya Wenchang ku kirwa cya […]

Hasojwe Itorero Indangamirwa16 ryari rimaze ukwezi kurenga

Uyu munsi ku itariki 10 Kanama, hasojwe Itorero Itorero Indangamirwa icyiciro cya 16 rimaze iminsi 40 ribera muri CTC-Gabiro mu Karere ka Gasabo, kuva ku itariki 1 Nyakanga 2026. Urubyiruko rwaryitabiriye rwahawe inyigisho zitandukanye zigamije kububakamo indangagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda no kurangwa n’umuco w’Ubutore; kuba Intagamburuzwa mu bibazo bahura na byo mu buzima; kuba […]

Igitero cya Ukraine mu Burusiya cyahitanye abantu 13

Abantu nibura 13 bapfuye mu gitero cya drones za Ukraine cyagabwe kuri Repubulika ya Tatarstan mu Burusiya, nk’uko byatangajwe n’abayobozi. Mu bapfuye harimo umwana umwe, mu gihe abandi bantu 75 bakomeretse, nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’u Burusiya; iki kikaba ari kimwe mu bitero bikomeye kandi byahitanye abantu benshi byagabwe ku Burusiya kuva intambara hagati y’u Burusiya […]

Mali: Igitero ku kigo cya gisirikare kiciwemo abasirikare benshi

Abarwanyi b’umutwe wa JNIM (Group for the Support of Islam and Muslims) bagabye igitero ku kigo gikuru cy’ingabo mu mujyi wa San, hagati muri Mali, ku Cyumweru tariki ya 9 Kanama. Abasirikare nibura 12 bishwe, kandi ibikoresho bya gisirikare birasahurwa. Abagabye igitero bageze ku kigo cya gisirikare cy’ingenzi cya Mali muri San bagendera ku mapikipiki […]

Ikipe ya APR Karate yegukanye igikombe mu irushanwa mpuzamahanga

Ikipe ya APR Karate yegukanye igikombe mu marushanwa mpuzamahanga ya Karate (Zanshin Karate Championship 2026), yabaye ku mugoroba wo ku Cyumweru kuri Petit Stade i Kigali. Abakinnyi barenga 600 baturutse mu Rwanda, Kenya na Uganda ni bo bitabiriye aya marushanwa. Ikipe ya APR Karate yari ihagarariwe n’abakinnyi 19, yitwaye neza aho mu cyiciro cy’abakuru yatwaye […]

Amerika yahinduye umuvuno mu ntambara irwana na Iran

Perezida wa Amerika, Donald Trump, yatangaje ku Cyumweru ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje gushyira igitutu ku bukungu bwa Iran, aho gutangiza igikorwa gishya cya gisirikare, mu gihe Tehran ikomeje guhangana na Washington ku ngingo nyinshi, harimo no kwanga gufungura uruzitiro rwa Hormuz. Mu magambo yatangajwe n’urubuga rwa interineti rw’Abanyamerika Axios ubwo yavuganaga narwo […]

FIFA yanenze gahunda ikomeje yo gushaka gukuraho Infantino

FIFA yanenze cyane icyo yise “umuhate ukomeje kandi uhuriweho” wo “gutesha agaciro” iri shyirahamwe na perezida waryo, Gianni Infantino. Ibi byatangajwe nyuma y’amakuru yatangajwe na Daily Telegraph, avuga ko uvugwaho kuba yari umukunzi wa Infantino yahawe amafaranga y’impozamarira na UEFA nyuma yo kugirana umubano ubwo yari umunyamabanga mukuru w’iri Shyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burayi. Umuvugizi […]

Rusesabagina i Kigali, imwe muri operation za NISS zasigiye isomo Isi y’Ubutasi – Igice cya 2

Ubushize twabagejejeho ukuntu inzego z’ubutasi n’umutekano z’u Rwanda (NISS) zabashije gutekera umutwe Rusesabagina wari umuterankunga ukomeye w’inyeshyamba za FLN zikamuvana muri Amerika, mu gice cya mbere tukaba twaragarukiye ku rugendo rwe rwerekeza i Kigali, mu gice cya 2 tukaba tubagezaho uko yaje kwisanga i Kigali n’ingaruka byamugizeho mu migambi ye ya politiki. RUSESABAGINA YISANGA I […]

Amafoto: Abatuye i Kigali bitabiriye ku bwinshi siporo ya Car Free Day

Kuri iki Cyumweru, Abanyakigali babyukiye muri Siporo Rusange ya Car Free Day iba kabiri mu kwezi igamije gufasha abatuye Kigali n’abayigenda kugira ubuzima bwiza. Muri siporo rusange Car Free Day yo kuri iki Cyumweru hakozwe urugendo rugaragaza ko Abanyakigali bafite intego yo kurwanya Kanseri no gutanga icyizere ku barwayi binyuze mu gukusanya inkunga yo kugura […]

Abasivili 13 biciwe mu gitero cya ADF muri Ituri

Abaturage nibura 13 biciwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu gitero gishya cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba wa ADF muri Teritwari ya Mambasa, mu Ntara ya Ituri iherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu. Iki gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu, itariki ya 8 Kanama, nk’uko byatangajwe n’umuryango uharanira […]

Qatar na yo irashima irekurwa ry’imfungwa za AFC/M23

Leta ya Qatar yatangaje ko yishimiye irekurwa, ryakozwe n’abayobozi ba Congo, ry’abantu 15 bari bafunzwe, ndetse no gushyikiriza aba bantu Ihuriro Alliance Fleuve Congo, binyuze kuri Komite Mpuzamahanga y’Umuryango Utabara Imbabare wa Croix Rouge (ICRC). Aba bantu 15, AFC/M23 yaje gutangaza ko batandatu muri ntaho bahuriye na yo, barekuwe ku itariki ya 6 na 7 […]

Imirwano ikomeye yahuje AFC/M23 na Wazalendo muri Walikale

Ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Kanama 2026, imirwano yongeye kubuka hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’inyeshyamba za Wazalendo mu mudugudu wa Misambo, uherereye muri zone ya Kisimba muri Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru ava muri ako gace abivuga, abarwanyi ba AFC/M23 baturutse i Rusamambu, muri zone ya Ikobo, bagabye igitero […]

USA: Umukambwe Joe Biden wahoze ari perezida ararembye

Umuhungu wa Joe Biden, Hunter Biden, yatangaje mu kiganiro yagiranye na BBC ko kanseri ya prostate (ifata mu myanya ndangagitsina y’abagabo), se arwaye, yageze mu magufwa ikaba itera ububabare bukabije. “Kanseri yarakwirakwiye, igera mu magufwa ndetse n’ahandi,” ni ko Hunter Biden yabwiye ikiganiro “Newsnight” cya BBC, nk’uko bigaragara mu mashusho yashyizwe kuri interineti ku wa […]

Kenya: Uwashinjwaga iterabwoba yakatiwe imyaka 115 y’igifungo

Umugabo wahamwe n’icyaha cyo kuba umwe mu bagize umutwe wa Al-Shabaab yakatiwe igifungo cy’imyaka 115 nyuma yo guhamwa n’ibyaha birindwi bijyanye n’iterabwoba muri Kenya. Mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 7 Kanama, Ibiro by’Umuyobozi w’Ubushinjacyaha (ODPP) byavuze ko Urukiko rwa Kahawa ruyoborwa n’Umucamanza, Gideon Kiage, rwasanze ibimenyetso byatanzwe n’abatangabuhamya 10 b’ubushinjacyaha biha […]

Umutwe wa Al Shabab ukomeje kunyeganyeza inzego z’umutekano za Kenya

Abantu nibura batandatu bakomeretse, harimo umwe wakomeretse bikabije, nyuma y’uko imodoka barimo ikandagiye igisasu cyari cyatezwe mu muhanda, mu gikorwa bikekwa ko ari icy’umutwe wa Al Shabaab mu Ntara ya Mandera. Nk’uko amakuru y’ibanze abigaragaza, iyi mpanuka yabaye ku wa Kane ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hafi y’Umudugudu wa Odole mu Karere ka Elwak. Aba […]

Pratik İpuçları: Masa Oyunları Mobil Cihazlarda Nasıl Kullanılır Gereksiz Risklerden Kaçınarak Hakkında Bilinmesi Gereken Temel Ayrıntılar

Masa oyunları, yıllardır insanların sosyalleĹźmesini, eÄźlenmesini ve zihinsel becerilerini geliĹźtirmesini saÄźlayan popĂĽler bir aktivitedir. Geleneksel olarak masa oyunları, kart oyunları, zeka oyunları ve strateji oyunları gibi çeĹźitli kategorilere ayrılmaktadır. Ancak, teknolojinin hızla ilerlemesiyle birlikte, mobil cihazlar ĂĽzerinden de birçok masa oyununa eriĹźim saÄźlama imkanı doÄźmuĹźtur. Bu yazıda, mobil cihazlarda masa oyunlarını nasıl kullanabileceÄźiniz konusunda pratik […]

Tanzania na Uganda bigiye kugira Tanga icyanya cy’ibijyanye n’ingufu mu karere

Tanzania na Uganda byasinye amasezerano y’ubufatanye ya miliyari 20 z’amadolari na Vitol Bahrain yo kubaka uruganda rutunganya ibikomoka kuri peteroli, ububiko n’ibikoresho i Tanga, bityo ubufatanye bwa EACOP buva ku kohereza ibicuruzwa mu mahanga bidatunganyijwe bujya mu gutunganya no gukwirakwiza lisansi. Perezida wa Repubulika ya Uganda na mugenzi we wa Tanzania, kuwa Kane bahagarikiye isinywa […]

Goma: AFC/M23 yashyizeho abashinzwe ubutabera n’uburenganzira bwa muntu

Ihuriro Alliance Fleuve Congo/Mouvement du 23 Mars (AFC/M23), ku wa Gatatu, itariki ya 5 Kanama 2026, ryatangaje ishyirwaho ry’umuyobozi w’ishami n’abamwungirije babiri bashinzwe ubutabera n’uburenganzira bwa muntu. Ibi byatangajwe mu mwanzuro washyizweho umukono na Bertrand Bisimwa, Umuhuzabikorwa wungirije wa AFC/M23. Hashingiwe kuri uyu mwanzuro, Jean-Philippe Chubaka Mashamba yashyizweho nk’umuyobozi w’Ishami ry’Ubutabera n’Uburenganzira bwa Muntu. Hanashyizweho […]

Meta yategetswe kwishyura izindi miliyoni 567$

Umucamanza wo muri Amerika muri New Mexico yategetse Meta kwishyura andi madolari miliyoni 567 (miliyoni 421 z’amapawundi) kubera kunanirwa kuburira abaturage ku kaga imbuga zayo zishyira ku bana, bikaba ari icyemezo kinini cyane cyafatiwe isosiyete ku mutekano w’abana. Umucamanza Bryan Biedscheid yavuze ko iyi kompanyi ikomeye ku mbuga nkoranyambaga ari “ikibazo rusange” kimwe n’ihumanya ry’ikirere […]

Salongier krok po kroku – kompleksowy poradnik korzystania z platformy

  Salongier to platforma online, która umoĹĽliwia zarzÄ…dzanie salonami fryzjerskimi i kosmetycznymi. DziÄ™ki niej moĹĽna Ĺ‚atwo planować grafik pracowników, prowadzić ksiÄ™gowość, zarzÄ…dzać klientami oraz monitorować sprzedaĹĽ. W niniejszym artykule przedstawimy kompleksowy poradnik korzystania z platformy  Salongier, krok po kroku. Krok 1: Rejestracja Pierwszym krokiem jest rejestracja na platformie Salongier. Wystarczy wejść na stronÄ™ internetowÄ… platformy […]

Benin: Patrice Talon wahoze ari perezida yatorewe kuyobora sena

Uwahoze ari Umukuru w’Igihugu cya BĂ©nin, Patrice Talon, yatorewe kuba Perezida wa Sena kuri uyu wa Kane, itariki ya 6 Kanama 2026. Azayobora uru rwego rwa kabiri rw’inteko ishinga amategeko mu gihe cy’imyaka itanu nk’uko inkuru dukesha RFI ivuga. Patrice Talon yatangiye inshingano zo kuyobora Sena nyuma y’amezi abiri avuye ku buyobozi. Yabaye Perezida wa […]

Uganda: Ambasade y’u Rwanda yavuze ko itazi Nuwagaba witabaje Museveni

Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda, Colonel Joseph Rutabana, yahakanye yivuye inyuma kuba yarigeze guhura na Stephen Nuwagaba cyangwa kumumenya, ahakana ibivugwa ko Ambasade y’u Rwanda i Kampala yaba ifitanye isano n’uyu musore uvuga ko yakorewe iyicarubozo, ibintu byateje impaka zikomeye muri Uganda. Mu kiganiro n’ikinyamakuru ChimpReports mbere y’uko Perezida Yoweri Museveni asohora itangazo rirambuye ku […]

Infantino yemeye amakosa ariko arakomeza kuyobora FIFA

Gianni Infantino yasabye imbabazi ku bw’amakosa yakoze mu migambi yateje impaka yo kugurisha imigabane mu marushanwa ku bashoramari bigenga, ariko azakomeza kuba Perezida wa FIFA nyuma yo kubona inkunga y’abayobozi bakuru mu nama yabereye muri Maroc. Ku wa Gatatu, Infantino yahamagaye abagize inama y’ubutegetsi ku cyicaro cya FIFA muri Afurika giherereye i Rabat, nyuma y’uko […]

Senegal: Urukiko rwakatiye abantu 3 bashinjwaga gutuka Perezida Faye

Ku wa Gatatu, itariki ya 5 Kanama, urukiko rwo muri Dakar rwakatiye igifungo abantu batatu basanzwe batanga ibitekerezo mu binyamakuru byegereye ishyaka Pastef rya Ousmane Sonko kubera kwibasira umukuru w’igihugu. Aba bahamijwe ibyaha byo gutuka Umukuru w’Igihugu no kuvuga amagambo ahabanye n’umuco n’imyitwarire , nyuma yo gusohora amashusho basabira ibyago n’urupfu “uwagambaniye umushinga wa Pastef”, […]

Perezida Museveni yatangiye uruzinduko rw’iminsi 2 muri Tanzania

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, yageze i Dar es Salaam, muri Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzaniya kuri uyu wa Gatatu ushize, ku butumire bwa mugenzi we, Dr. Suluhu Samia Hassan, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Abinyujije kuri X, Museveni yavuze ko “Uganda na Tanzaniya bifitanye umubano mwiza cyane umaze igihe kirekire, ushingiye ku mateka dusangiye, […]

Mexico: Umuntu uzwi cyane yishwe ari “live” kuri TikTok

Umu “influencer” wo mu gihugu cya Mexico, CĂ©sar GastĂ©lum, yarashwe ubwo yari kuri TikTok imbonankubone, aho yari arimo gufata amashusho ari kumwe n’inshuti ze ebyiri hanze ya resitora ya “fast food” i Tres RĂ­os, mu mujyi wa Culiacán, ku mugoroba wo kuwa Kabiri ubwo abagabo babiri bari kuri moto bamusatiraga maze umwe aramurasa. Yari afite […]

U Budage: Ikintu kiguruka mu kirere kitavuzwe cyahungabanyije ingendo z’indege muri Leipzig

Ingendo zo mu kirere ku kibuga cy’indege cya Leipzig/Halle mu Budage, gikomeye mu bijyanye n’ubwikorezi bw’imizigo, zahungabanye nijoro nyuma y’uko hatangajwe ko hari ikintu kiguruka cyahagaragaye ndetse ikindi kintu kikaboneka hafi y’aho indege zihagurukira, nk’uko polisi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu. Ingendo nyinshi, harimo n’indege imwe itwara abagenzi, zacishijwe ku bindi bibuga by’indege nyuma yo […]

Los Angeles: Umugabo witwaje imbunda yafashwe akekwaho gushaka kwica Trump

Abayobozi muri California bataye muri yombi umugabo wagaragaye hafi y’ikibuga cya golf cya Perezida Donald Trump mu Mujyi wa Los Angeles, mbere y’uruzinduko rwa Perezida rwari rugamije gukusanya inkunga. Jeanine John Taele w’imyaka 38, yasanzwe afite imbunda nto ya pistol n’amasasu atemewe n’amategeko mu kibuga cya golf cya Trump National Golf Course i Rancho Palos […]

Walikale: Inyeshyamba za Wazalendo zasahuye abaturage zirabacucura i Buleusa

Umujyi wa Buleusa, umurwa mukuru wa Gurupoma ya Ikobo muri Teritwari ya Walikale muri Kivu y’Amajyaruguru, wabayemo ubusahuzi bwinshi mu ijoro ryo ku Cyumweru, itariki ya 2 Kanama, rishyira kuwa Mbere tariki ya 3 Kanama 2026. Abaturage bashinje inyeshyamba za Wazalendo, zifatanya n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), kuba inyuma y’ibyo bikorwa, byabaye […]

Kyiv: Ibitero bya missiles by’u Burusiya byahitanye 15

U Burusiya bwagabye ibitero byinshi bya misile ku murwa mukuru wa Ukraine witwa Kyiv n’akarere kahakikije kuri uyu wa Gatatu, bihitana nibura abantu 15 binakomeretsa benshi. Ibitero byatangiye nyuma gato ya saa sita z’ijoro, impanda ziteguza ibitero by’indege zumvikana mu murwa mukuru mu gihe kirenga isaha nk’uko bitangazwa na Deutsche Welle. Ingabo zirwanira mu kirere […]

Ibigo birimo RSSB, RICA, MINISANTE byasabiwe gukurikiranwa mu butabera

Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko, PAC yasabye Minisiteri y’Ubutabera gusaba Ubushinjacyaha gukurikirana amafaranga yatanzwe ntihagaragazwe uburyo yakoreshejwe mu bigo bitandukanye bya Leta. Ni muri Raporo iyi Komisiyo yagejeje ku Nteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite kuri uyu wa 4 Kanama 2026, igaragaza ko amafaranga agomba gukurikiranwa mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize, […]

U Rwanda na EU bashyize umukono ku masezerano y’inkunga ya miliyari 67 Frw

Kuri uyu wa Kabiri u Rwanda n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi basinye amasezerano y’inkunga ya miliyoni 40 z’amayero (hafi miliyari 67 z’amanyarwanda) yo gushyigikira impinduka mu rwego rw’ubuhinzi mu Rwanda rukaba urwego rugezweho, ruhuriweho n’abantu bose, kandi ruhangana n’imihindagurikire y’ikirere. Binyuze muri gahunda ya “HANGARIBIHE”, ubufatanye buzashimangira ubuhinzi bushingiye ku mihindagurikire y’ikirere, imicungire y’ubutaka irambye, kuhira […]

CG Namuhoranye yakiriye ukuriye umutekano rusange muri Yorudaniya

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yakiriye ku Cyicaro Gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Umutekano Rusange muri Yorodaniya, Maj. Gen Obeidallah Abedrabbuh Maaitah, mu nama y’ubufatanye hagati y’inzego zombi. Ibiganiro byabo byibanze ku kurushaho gushimangira ubufatanye mu bikorwa bya gipolisi n’umutekano rusange, birushaho kubaka umusingi ukomeye wo […]

Leta yisubije ibibanza 6 bitabyajwe umusaruro mu byanya by’inganda

Guverinoma y’u Rwanda yisubije ibibanza bitandatu biri mu byanya by’inganda kubera ko abashoramari bananiwe kubyubaka mu gihe cyagenwe, mu rwego rwo kugabanya ikibazo cyo kugundira ubutaka hagamijwe kububyaza umusaruro mu gihe kiri imbere no kwihutisha iterambere ry’inganda. Ibi byatangajwe ku wa Mbere, itariki ya 3 Kanama, na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Antoine Kajangwe, mu nama rusange […]

I Kigali habereye Inama y’Isuzuma rya Operation USALAMA XI

Kuri uyu wa Mbere, itariki 3 Kanama 2026, Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Pacifique Kabanda yafunguye ku mugaragaro Inama y’Isuzuma rya Operation USALAMA XI, n’Inama itegura Operation Usalama XII, ihuza abafatanyabikorwa bo mu Muryango w’Ubufatanye bw’Abakuru ba Polisi zo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAPCC0) n’Umuryango w’Ubufatanye bw’Abakuru ba Polisi bo mu Karere ka Afurika y’Amajyepfo […]

Burundi: CNDD-FDD yibutse imyaka 11 ishize Gen. Adolphe Nshimirimana yishwe

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 3 Kanama 2026, Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ari kumwe n’Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD RĂ©vĂ©rien Ndikuriyo, umwungirije, Cyriaque Nshimirimana, abagize umuryango wa nyakwigendera Adolphe Nshimirimana, n’abandi bayobozi, bifatanyije n’abayoboke ba CNDD-FDD mu kwibuka imyaka 11 ishize Adolphe Nshimirimana yishwe. Abakoranye na we bagarutse ku mico ye […]

Ubwato bw’u Bwongereza bwarasiwe mu muhora wa Hormuz

Ikigo gishinzwe umutekano wo mu mazi cy’u Bwongereza cyatangaje ko ubwato bw’imizigo bwarashwe “igisasu kitazwi” mu Muhora wa Hormuz. Iki kigo kivuga ko ibi byabereye hafi y’inkombe za Oman, kandi ko biri gukorwako iperereza, ariko nta makuru arambuye cyatanze ku byaba byangiritse cyangwa niba hari abapfuye. Ibi bibaye mu gihe ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe […]

Bütçe Odaklı Yaklaşım: Casino Bonusları Temel Kavramlarıyla Nasıl Anlaşılır Mobil Platformlarda ve Bütçe Kontrolünü Destekleyen Pratik Yaklaşımlar

Birçok insan için kumarhane deneyimi heyecan verici bir aktivitedir. Ancak, kumar oynarken bĂĽtçeyi kontrol etmek önemlidir. Kumarbazlar için, bĂĽtçe odaklı yaklaşım, casino bonusları gibi teklifleri deÄźerlendirirken ve mobil platformlarda oynarken önemli bir rol oynar. Bu makalede, bĂĽtçe odaklı yaklaşımın nasıl uygulanabileceÄźi ve bĂĽtçe kontrolĂĽnĂĽ destekleyen pratik yaklaşımlar ĂĽzerinde durulacaktır. Casino bonusları, kumarhanelerde sunulan çeĹźitli tekliflerdir […]

Rusesabagina i Kigali, imwe muri operation za NISS zasigiye isomo Isi y’Ubutasi – Igice cya 1

Inzego z’ubutasi z’u Rwanda (NISS) ni zimwe mu nzego zagiye zigaragaza ubuhanga budasanzwe mu gukusanya amakuru y’ibanga mu bihe bitandukanye, nk’aho mu 2015 zamenye igitero cy’iterabwoba cyategurwaga ku Bubiligi zikabuburira ntibwumve bikarangira ibitero bibaye, ariko imwe muri Operation za NISS zabereye inshoberamanga Isi y’intasi ni uburyo zagejeje Paul Rusesabagina mu Rwanda bucece nta kumushimuta cyangwa […]