Bria: Gen. Mansour yashimye imyitwarire y’Ingabo z’u Rwanda

Kuri uyu wa Mbere, itariki 1 Kamena, Ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA), zakiriye ku cyicaro cyazo i Bria, Umuyobozi mushya (Sector Commander) mu gice cyâAmajyaruguru ashyira Uburasirazuba, Brig Gen Hamad Mostafa Ahmed Adel Mansour wahawe ikaze nâUmuyobozi wa Rwanda Battle Group, Lt Col David […]
Senegal: Hashyizweho guverinoma itarimo ishyaka rya minisitiri w’intebe wirukanwe

Minisitiri wâintebe uherutse kwirukanwa muri Senegal, Ousmane Sonko, yatangaje ku wa Mbere ko ishyaka rya politiki ayoboye ritazajya muri guverinoma nshya yâigihugu, byongera gushimangira amakimbirane ari muri politiki y’iki gihugu mu gihe hari ikibazo gikomeye cyâimyenda. Sonko mu butumwa yanditse kuri X yavuze ko yahuye ku wa Mbere na Perezida Bassirou Diomaye Faye, umufasha we […]
U Rwanda rwatsinzwe urubanza rwarezemo u Bwongereza

Kuri uyu wa Mbere, Urukiko ruhoraho rwâUbukemurampaka rwatangaje ko u Bwongereza butagomba kwishyura u Rwanda miliyoni mirongo zâamapound kubera amasezerano yâabimukira yahagaritswe. Uru rwego ruherereye i La Haye rwavuze ko rwanze ibirego byose byâimari byatanzwe n’u Rwanda, ruvuga ko u Bwongereza bugikeneye kubahiriza ibikubiye muri ayo masezerano Minisitiri wâIntebe Keir Starmer â yahagaritse mu 2024. […]
Ikipe y’Inzego z’umutekano z’u Rwanda yatsinzwe n’Akarere ka MocĂmboa da Praia

Kuri iki Cyumweru, Inzego zâumutekano z’u Rwanda (RSF) zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado zakinnye umukino wa gicuti wâumupira wâamaguru nâurubyiruko rwo mu Karere ka MocĂmboa da Praia. Uyu mukino wateguwe mu rwego rwo kurushaho gukomeza umubano mwiza hagati yâabaturage nâInzego zâumutekano z’u Rwanda. Witabiriwe n’abayobozi batandukanye, abaturage hamwe n’abo mu nzego z’umutekano ku mpande […]
Ethiopia: Bazindukiye mu matora yitezweho kugumisha Abiy Ahmed ku butegetsi

Kuri uyu wa Mbere, abaturage ba Ethiopia bagiye mu matora, aho ishyaka riharanira iterambere (PP) rya Minisitiri wâIntebe uriho ubu, Abiy Ahmed, ryiteze intsinzi. Abiy uri ku butegetsi kuva mu 2018, amaze iminsi ashinjwa kuba yarakomeje gutegekesha igitugu no guhashya abatavuga rumwe nâubutegetsi, bitandukanye nâimyaka ye ya mbere ku butegetsi ubwo yatsindiraga igihembo cyâamahoro cyitiriwe […]
Masisi: Imirwano ikomeye ihuje AFC/M23 na FARDC i Buhimba

Inyeshyamba za AFC/M23 nâingabo za FARDC zishyigikiwe na Wazalendo, zirahanganye kuva ku Cyumweru nijoro kugeza kuri uyu wa Mbere, itariki ya 1 Kamena, i Buhimba, muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nkâuko amakuru aturuka muri ako gace agera kuri ACTUALITE.CD abitangaza, ngo imirwano yatangiye mu masaha ya saa tanu z’ijoro ku isaha […]
RDC: Abamaze kwandura Ebola barakabakaba 300

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeje kuri iki Cyumweru gishize, ko umubare wâabanduye Ebola wemejwe wiyongereye bagera kuri 282 nyuma yâibisubizo 19 bishya byâibizamini. Nkâuko imibare yatanzwe na minisiteri y’itumanaho ibigaragaza, mu ntara ya Ituri hagaragaye abantu 264 banduye byemejwe, 15 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na batatu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Minisiteri y’itumanaho […]
Gen. Mubarakh yakiriye ikipe ya APR FC n’abafana mu birori byo gusangira

Umugaba Mukuru wâIngabo zâu Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, uyu munsi yakiriye abakinnyi ba APR FC, abatoza, abagize itsinda ryâubuyobozi bwâikipe ndetse nâabafana bayo mu birori byo gusangira byabereye kuri Mess ya Ofisiye bakuru, Kimihurura. Iki gikorwa cyitabiriwe kandi nâUmugaba wâIngabo zirwanira ku butaka, Umugaba wâInkeragutabara nâabandi bayobozi bakuru muri RDF, cyateguwe mu rwego rwo […]
Trump yasabye impinduka mu masezerano na Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ko habaho impinduka ku masezerano hagati ya Amerika na Iran agamije kurangiza imirwano yatangiye mu ntangiriro z’uyu mwaka. Impinduka zijyanye nâUmuhora wa Hormuz nâikurwaho ryâamabuye yâagaciro ya uranium, nkâuko CBS News, igitangazamakuru gikorana na BBC muri Amerika kibitangaza. Ibiro bya Perezida wa Amerika, White House, […]
Gen Mutayomba wa FDLR yarasiwe mu mirwano yabahuje na AFC/M23

Amakuru aturuka muri Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko Gen Mutayomba, umwe mu bayobozi bakuru b’inyeshyamba za FDLR, yarasiwe mu mirwano ikaze yabahuje n’abarwanyi ba AFC/M23 mu gace ka Ngululu, gaherereye muri Gurupoma ya Nyamaboko ya 1 muri Teritwari ya Masisi. Amakuru dukesha Umunyamakuru wa Bwiza wegereye ahabera imirwano avuga ko “Gen Mutayomba yarashwe amasasu abiri hejuru […]
Huye: Akurikiranweho kwica umuhungu we amukubise ifuni

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 43 ukekwaho kwica umuhungu we wâimyaka 21 amukubise umuhini mu mutwe. Icyaha akurikiranyweho cyakozwe ku itariki ya 17 Gicurasi 2026, ahagana saa tanu zâijoro, mu Mudugudu wa Kinombe, Akagali ka Gasumba , Umurenge wa Maraba, mu Karere ka Huye mu rugo iwe. Mu […]
Lubumbashi: Umushinwa yisanze mu bakurikiranweho kwibisha imbunda

Urukiko rwa Gisirikare rwa Lubumbashi muri iki Cyumweru rwatangije urubanza rw’abantu 14, barimo Abanyekongo 13 n’Umushinwa umwe. Iburanisha ryabereye ahakorera Umujyi wa Lubumbashi ku rwego rwa mbere. Abaregwa bakurikiranweho nâubushinjacyaha gutunga imbunda nâamasasu mu buryo butemewe nâamategeko, ndetse nâubujura bwitwaje imbunda, ibyaha bikomeye biburanishwa nâurukiko rwa gisirikare. Ku wa Gatanu, itariki ya 29 Gicurasi, mu […]
Bujumbura: Umunyekongo afunzwe n’ubutasi ashinjwa kwegera u Rwanda na M23

Umunyekongo Babunga Benjamin Watuna aherutse gutabwa muri yombi, kuwa 27 Gicurasi, i Bujumbura, umurwa mukuru wâubukungu wâu Burundi, afashwe nâinzego zâubutasi zâu Burundi, aho amakuru atandukanye yizewe avuga ko iri fatwa rifitanye isano nâibirego byo gufatanya nâumutwe wâinyeshyamba wa AFC / M23, mu gihe u Burundi bukomeje gushimangira ubufatanye mu byâumutekano na Kinshasa. Amakuru avuga […]
France: Intsinzi ya PSG yaraje abarenga 400 muri gereza

Imirwano hagati y’abakunzi b’umupira w’amaguru n’abapolisi hirya no hino mu Bufaransa yatumye abantu barenga 400 batabwa muri yombi nyuma y’intsinzi ya Paris Saint-Germain (PSG) ku mukino wa nyuma wa Champions League na Arsenal. Ibihumbi byâabapolisi boherejwe mu rwego rwo gukumira imvururu zari zahungabanyije ingendo za bus na gari ya moshi mu murwa mukuru Paris nk’uko […]
Juba: Abasirikare b’u Rwanda bizihije umunsi wahariwe ababungabunga amahoro

Kuwa Gatandatu, itariki 30 Gicurasi, Abasirikare bâu Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani yâEpfo, Juba, bifatanyije nâingabo zo mu bindi bihugu zikorera muri UNMISS mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa LONI wahariwe ababungabunga amahoro, ufite insanganyamatsiko igira iti: âGushora mu mahoro.â Iki gikorwa cyaranzwe n’akarasisi ka gisirikare, kuzirikana no guha icyubahiro abaguye mu […]
U Burusiya burashinja Ukraine gutera uruganda rutunganya ingufu za nikeleyeri

Ikigo mpuzamahanga gishinzwe ingufu za kirimbuzi (IAEA) cyasabye kugera ku ruganda rutunganya ingufu za nikeleyeri rwa Zaporizhzhia ruherereye mu majyepfo yâuburasirazuba bwa Ukraine nyuma yâigitero cyâindege zitagira abapilote kuri uru ruganda ubu rwigaruriwe nâu Burusiya. Iri shami ryâumuryango wâabibumbye rigenzura intwaro kirimbuzi ryatangaje ko ryamenyeshejwe nâuruganda, kuri ubu ruyobowe nâubuyobozi bwa Moscow, ko drone yagonze […]
PSG yakoze amateka amaze gukorwa n’amakipe 2 gusa muri Champions League

Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yo mu Bufaransa yongeye kwiyerekana nk’imwe mu makipe y’ibihangange yabayeho i Burayi nyuma yo kuba ikipe ya kabiri gusa yegukanye igikombe cya Champions League yikurikiranya. Ni intsinzi yagezweho binyuze kuri penaliti 4-3 mu mukino wa nyuma na Arsenal yo mu Bwongereza, i Budapest muri Hongrie, aho mu gihe gisanzwe no […]
Bukavu: Barataka kubera ifungwa ry’umupaka w’u Rwanda

Abacuruzi bo mu mujyi wa Bukavu, umurwa mukuru wâintara ya Kivu yâamajyepfo muri DR Congo, barataka kubera ingamba zo ku mupaka zashyizweho nâu Rwanda mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola mu karere. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryasabye ibihugu byegeranye na DRC guhita bifata ingamba zo guhagarika ikwirakwizwa rya virusi ya […]
Ikwirakwizwa ry’intwaro nto rikomeje kuba ikibazo ku mutekano w’akarere

Minisitiri wâUmutekano wâImbere mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, akaba nâUmuyobozi wâInama yâAbaminisitiri yâIkigo gishinzwe kurwanya ikwirakwizwa ryâintwaro nto nâizoroheje mu karere ka Afurika yâIburasirazuba nâakarere kâIbiyaga Bigari (Regional Centre on Small Arms-RECSA), yayoboye umuhango wo gufungura inama ya 17 yâAkanama Ngishwanama (TAC) yabereye i Kigali mu Rwanda. Iyi nama yahuje Abayobozi Bakuru ba Polisi, Abanyamabanga […]
Kenya: Urukiko rwitambitse umugambi wo kwakira Abanyamerika bakekwaho kwandura Ebola

Urukiko mu gihugu cya Kenya rwitambitse gahunda yari gutangira kuri uyu wa Gatanu yo gushinga muri iki gihugu ikigo cyo gushyira mu kato Abanyamerika bakekwaho cyangwa banduye Ebola, nyuma y’ikirego cyatanzwe nâikigo Katiba Institute. Urukiko Rukuru rwa Nairobi rwategetse kubuza abakozi ba leta gushinga cyangwa gukorera icyo kigo cy’akato ndetse no kwakirira muri Kenya abantu […]
Uganda: DIGP Ocaya yasabye kubyaza umusaruro imyitozo bakubutsemo mu Rwanda

Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi ya Uganda, James Ocaya, yasabye abapolisi gushyira mu bikorwa neza ubumenyi bahawe mu myitozo ihuriweho yâibyumweru bitatu ya SWAT igamije gushimangira kurwanya iterabwoba nâibindi byaha bikomeye, ashimangira ko hakenewe ubufatanye bwâakarere ndetse nâamahanga mu guteza imbere umutekano. Ibi yabivuze kuwa Kane ubwo yagezaga ijambo ku itsinda ryatoranijwe ryâabapolisi bakuwe mu […]
CG Namuhoranye yakiriye Umuyobozi w’Igipolisi cya Seychelles

Mu gihe Polisi y’u Rwanda yizihiza urugendo rw’ imyaka 25, Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Seychelles Commissioner Godfra Hermitte, yiboneye imikorere myiza yâabapolisi bo muri Seychelles barangije amasomo y’icyiciro cya 14 ya ba ofisiye bato ndetse n’abasoje amahugurwa azwi nka Advanced Police Special Forces Course, mbere yo kwakirwa na CG Namuhoranye. Abo bapolisi kandi bitabiriye […]
Umuyobozi wa OMS yaraye i Kinshasa

Umuyobozi wâishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ku Isi OMS/WHO yageze i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, aho agiye gufasha kuyobora ibikorwa byo kurwanya Ebola. Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus byitezwe kandi ko azakomeza akagera no mu bice byo mu burasirazuba bwâiki gihugu bikomerewe nâindwara ya Ebola […]
Abanyamerika banduye Ebola bagiye koherezwa muri Kenya aho kwinjira muri Amerika

Mu gihe icyorezo cya Ebola muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gikomeje kwiyongera, ubuyobozi bwa Trump buvuga ko bwibanze ku kurinda iki cyorezo kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Kuri uyu wa Gatatu ushize, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yagize ati: “Ntidushobora kandi ntituzemera ko […]
Abadepite bagiye gukora ingendo rusange zigamije gusura ibikorwa byo kongera umusaruro wâubuhinzi

 Umutwe w’Abadepite wateguye ingendo rusange zâAbadepite mu Turere twose twâIgihugu zigamije kubona amakuru yo kugenzura ibikorwa birebana no kongera umusaruro wâibihingwa ngandurarugo byatoranyijwe nâibihingwa ngengabukungu bya kawa nâicyayi. Izi ngendo ziteganyijwe kuva ku wa 28 Gicurasi kugeza ku wa 4 Kamena 2026 muri imwe mu Mirenge igize Uturere two mu Ntara, no ku wa 6-7 […]
Bugesera: Hatangiye imyitozo ihuriweho yo kurwanya iterabwoba y’ibihugu bigize EAPCCO

Inzego zâumutekano zo mu bihugu bigize Umuryango uhuza Abayobozi Bakuru ba Polisi mu Karere ka Afurika yâIburasirazuba (EAPCCO), zitabiriye imyitozo ihuriweho yo kurwanya iterabwoba, ibera mu Rwanda. Iyi myitozo itangizwa ku mugaragaro kuri uyu wa Kane, tariki 28 Gicurasi 2026, irabera mu Kigo cyâAmahugurwa yo kurwanya Iterabwoba (CTTC) giherereye i Mayange mu Karere ka Bugesera. […]
RDC: Martin Fayulu asanga Amasezerano y’i Washington atari igisubizo cyâibibazo byugarije Congo

Kuri Martin Fayulu, Amasezerano y’i Washington ntabwo ari igisubizo cyâibibazo byugarije Repubulika ya Demokarasi ya Congo imbere yâu Rwanda. Uyu muyobozi w’abatavuga rumwe nâubutegetsi muri kiganiro kuri space cyateguwe n’umunyamakuru Stanislas Bujakera Tshiamala kuri X, yasenye imvugo ya guverinoma, ivuga ko ayo masezerano ari ingabo (shield) ya diplomasi. Fayulu yagize ati: “Goma imaze igihe kingana […]
Kenya: Inkongi y’umuriro mu icumbi ry’abanyeshuri b’abakobwa yahitanye benshi

Icumbi ry’abana b’abakobwa biga ku ishuri ryisumbuye Utumishi Girls Academy i Gilgil, mu Ntara ya Nakuru, mu gihugu cya Kenya, ryafashwe n’inkongi y’umuriro mu gicuku byibuze abanyeshuri 17 bahasiga ubuzima. Nkâuko Croix-Rouge ya Kenya ibitangaza ngo iyi nkongi y’umuriro ngo yadutse mu ma saa saba z’igicuku ariko itangazwa mu ma saa cyenda n’igice za mu […]
Walikale: Imirwano ikomeye yahuje AFC/M23 na FARDC i Misambo

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 27 Gicurasi, habaye imirwano ikaze, hagati yâinyeshyamba za AFC / M23 n’Ingabo za FARDC, zishyigikiwe na Wazalendo, mu gace ka Misambo, gaherereye ku mupaka wa gurupoma za Kisimba na Ikobo (Teritwari ya Walikale), mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nkâuko amakuru aturuka muri ako gace agera kuri ACTUALITE.CD abitangaza, […]
Uganda yafunze umupaka uyihuza na RD Congo

Igihugu cya Uganda kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Gicurasi cyatangaje ko cyafunze byâagateganyo ingendo zinyura ku mupaka ugihuza na Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ryâicyorezo cya Ebola. Abashinzwe ubuvuzi muri Uganda bavuga ko bafashe icyo cyemezo nyuma yâicyo bise âibyago biri hejuru cyaneâ byâubwandu bwa Ebola bunyuze ku […]
UAE yashinjwe kohereza abacanshuro bo muri Colombia mu ntambara yo muri Sudani

Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) zongeye kwibasirwa n’ibirego bishya biyishinja uruhare rukomeye mu ntambara yo muri Sudani zifasha uruhande rurwanya leta binyuze mu kurushakira abacanshuro. Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa Kabiri, itariki ya 26 Gicurasi 2026, na Human Rights Watch, abacanshuro bo muri Colombia baherewe akazi muri UAE bivugwa ko nyuma boherejwe kurwana ku ruhande […]
CG Namuhoranye yakiriye ushinzwe umutekano w’abaturage ba Qatar

Umuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yakiriye ku cyicaro gikuru cya polisi ku Kacyiru, Umuyobozi Mukuru wâumutekano wâabaturage muri Qatar, Major General Mohammed Jassim Al-Sulaiti, ari kumwe na Mansour bin Ali Fahad Al-Shahwani Al-Hajri, Ambasaderi wâIgihugu cya Qatar mu Rwanda. Kuri uyu wa Gatatu abayobozi bombi bagiranye ibiganiro bigamije gushimangira ubufatanye busanzwe […]
Senegal: Sonko wirukanwe ku mwanya wa minisitiri w’intebe yatorewe kuyobora abadepite

Muri Senegal, Ousmane Sonko wahoze ari Minisitiri wâintebe, wirukanwe kuri uyu mwanya ku itariki ya 22 Gicurasi, yatorewe kuba perezida wâinteko ishinga amategeko kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 26 Gicurasi 2026, ku majwi 132 kuri 133, mu gihe utamutoye yifashe. Amatora yabaye mu gihe abayoboke batavuga rumwe nâubutegetsi bagera kuri mirongo itatu bamagana kugaruka […]
Masisi: Imirwano ikaze yahuje AFC/M23 na Wazalendo muri Gurupoma ya Kibabi

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 26 Gicurasi 2026, haravugwa imirwano ikaze, yabaye hagati ya AFC/M23 nâIngabo za Congo (FARDC) zishyigikiwe n’inyeshyamba za Wazalendo i Kinigi na Katoyi muri Gurupoma ya Kibabi, ho muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru agera kuri Kivu Morning Post avuga ko AFC/M23 yasubije inyuma igitero cy’Ingabo […]
Gari ya moshi yagonze bus itwaye abanyeshuri mu Bubiligi

Gari ya moshi yagonze bus yâishuri mu Bubiligi ahitwa Buggenhout kuri uyu wa Kabiri, ihitana “benshi” nk’uko byatangajwe na minisitiri w’umutekano w’iki gihugu. Minisitiri Bernard Quintin yanditse mu butumwa yashyize kuri X ati: “N’akababaro kenshi, namenye impanuka ikomeye yabereye i Buggenhout, aho bus y’ishuri yagonzwe na gari ya moshi. Ibitekerezo byanjye biri ku bagizweho ingaruka […]
Kenya: Uhuru Kenyatta yibasiye Perezida Ruto amushinja gushyira imbere politiki ishingiye ku moko

Perezida wa kane wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yagabye igitero kuri Perezida William Ruto na bamwe mu bayobozi bari mu ishyaka United Democratic Alliance (UDA), abashinja guteza imbere politiki y’amacakubiri, ishingiye ku moko mbere y’amatora rusange yo mu 2027. Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 25 Gicurasi, Uhuru yafashe ijambo mu nama yâintumwa zâishyaka rya Jubilee […]
Senegal: Perezida Faye yagize Aminou Lo minisitiri w’intebe mushya

Kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Gicurasi 2026, Perezida wa Senegal, Bassirou Diomaye Faye, yashyizeho Ahmadou Al Aminou Lo nka minisitiri wâintebe mushya wâiki gihugu cyo muri Afurika y’uburengerazuba. Lo asimbuye Ousmane Sonko wirukanwe ku wa Gatanu, nyuma y’amezi yari ashize hari amakimbirane akomeye hagati ye na perezida nk’uko inkuru dukesha DW ibyibutsa. Kwirukanwa kwe […]
RDC: Abarwayi ba Ebola batorotse aho bavurirwaga

Abaganga bakorera ku mirongo yâimbere mu rugamba rwo kurwanya Ebola muri Congo, basanzwe bahanganye nâikibazo cyo kubura ibikoresho byâibanze, kuri ubu bagomba no guhangana nâibitero byibasira ibigo byabo ndetse nâabarwayi batoroka mu gihe virusi ikomeje gukwirakwira. Nibura ibitero nkâibi bitatu byabereye mu ntara yo mu majyaruguru yâuburasirazuba bwa RDC ya Ituri, ahavuzwe abantu ba mbere […]
CAR: Ingabo z’u Rwanda zo muri MINUSCA zavuye ku buntu abavanywe mu byabo

Kuri uyu wa Mbere abasirikare bâu Rwanda bari mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA), barimo ibitaro bya Rwanda Level 2+ hamwe n’abagize RWABG VIII, batanze serivisi zâubuvuzi ku buntu ku bantu barenga 410 bavanwe mu byabo (IDPs) bari mu nkambi ya Gobolo 1 iri i Bria muri Repubulika ya Santarafurika. Iki […]
Ingabo za Amerika zagabye ibitero bishya kuri Iran

Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zivuga ko zagabye ibitero bishya mu majyepfo ya Iran, zirasa ku bigo bikorerwamo ibisasu bya misile no ku mato yageragezaga gutega ibisasu bya mine. Bimwe mu biro bikuru biyobora imirwano byâingabo za Amerika (US Central Command) byasohoye itangazo bivuga ko ibyo bitero byagabwe mu âkwirwanahoâ, kandi ko bigamije […]
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa UNMISS zambitswe imidari ya Loni

Abasirikare bâu Rwanda bari mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani yâEpfo (UNMISS), kuri uyu munsi bahawe imidari yâishimwe ya Loni mu muhango wabereye mu kigo cya Loni kiri i Malakal, muri Leta ya Upper Nile, mu rwego rwo kubashimira ubwitange, ubunyamwuga nâumusanzu wabo mu guteza imbere amahoro no kurinda abasivili. Abasirikare bahawe […]
Minisitiri w’Ingabo wa RDC ategerejwe i Bujumbura

Nyuma yâijoro rye rya mbere mu Mujyi wa Uvira, nubwo mu nkengero zaho muri Kivu yâAmajyepfo havugwa imirwano ya hato na hato, Visi Minisitiri wâintebe, akaba na Minisitiri wâIngabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, arerekeza i Bujumbura, umurwa mukuru w’ubucuruzi wa Repubulika yâu Burundi, aho biteganyijwe ko agomba kugirana ibiganiro na […]
Senegal: Perezida w’inteko yeguye nyuma yo kwirukanwa kwa minisitiri w’intebe

Ku Cyumweru, itariki ya 24 Gicurasi, politiki ya Senegal yongeye guhungabana, ubwo Perezida wâInteko Ishinga Amategeko, Malick Ndiaye yeguraga nyuma y’iminsi itageze kuri ibiri neza minisitiri w’intebe yirukanwe ku mirimo ye. Mu butumwa bwashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, Ndiaye yatangaje ko avuye ku mwanya we. Uyu ushyigikiye Minisitiri w’Intebe wirukanwe, Ousmane Sonko yanditse ati: “Nyuma yo […]
Lt Col. Kabera yifatanyije na Nu-Vision High School mu kwibuka abazize jenoside

Umuvugizi Wungirije wâIngabo zâu Rwanda, Lt Col Simon Kabera, uyu munsi yifatanyije nâabanyeshuri nâabarimu barenga 1200 bo muri Nu-Vision High School mu guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu ijambo yagejeje ku banyeshuri, Lt Col Kabera yasobanuye ibyiciro Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwemo ikanashyirwa mu bikorwa, anagaragaza uruhare Ingabo za RPA zagize mu guhagarika […]
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yakiriye abaganga b’Abanyarwanda bagiye kwihugura

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yasangiye ifunguro nâabaganga bagera ku 128 baturutse mu Rwanda bakurikirana amahugurwa yihariye muri Ethiopia, hamwe na bagenzi babo barenga 400 baturutse muri Afurika. Ibiro bya minisitiri w’intebe, bibinyujije kuri X byatangaje ko aba bari mu muryango ugenda waguka w’abaganga bo muri Afurika bitangiye […]
Gasabo: Abayoboke ba Green Party bateraniye mu nama ya biro politiki y’ishyaka

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Gicurasi 2025, Abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda baturutse mu ntara zose zâigihugu bitabiye inama yâishyaka (Political Bureau Meeting) iri kubera kuri Olympic Hotel mu karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Perezida wâishyaka Hon Dr Frank Habineza, yakiriye abarwanashyaka ba Green Party anabagezaho bimwe mu bikorwa inama […]
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Amir wa Qatar i Doha

Kuri iki Cyumweru, itariki 24 Gicurasi 2026 i Doha, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabonanye na Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, Amir wa Qatar, mu ruzinduko rwe rw’umunsi umwe muri iki gihugu. Amir wa Qatar yakiriye Perezida Kagame muri Amiri Diwan, aho abayobozi bombi baganiriye ku mibanire ya kivandimwe hagati y’u Rwanda na Qatar, […]
Ukraine: Igitero simusiga cy’u Burusiya cyahitanye 4 i Kyiv

U Burusiya bwagabye igitero kinini kuri Ukraine, bukoresheje drones amagana na misile nyinshi nyuma y’uko Perezida Putin yijeje kwihorera ku gitero cyagabwe mu karere kigaruriwe n’u Burusiya. Abantu bane bapfuye abandi barenga 50 barakomereka i Kyiv no mu turere tuyikikije, mu ijoro ryose kugeza kuri iki cyumweru, aho ibisasu byaturikiye mu karere kose, ndetse bivugwa […]
RDC: Nyuma ya Rubaya ibindi bitero bya drones za FARDC byibasiye Rumangabo

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Gicurasi 2026, saa 07:35 za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero bya bombe kandi bitavangura ku gace gatuwe cyane ka Rumangabo, ndetse no ku nkambi yâabashinzwe kurinda Parike yâIgihugu ya Virunga, bakoresheje indege zitagira abapilote z’intambara za CH-4. Itangazo rya AFC/M23 ku makuru mashya ava […]
Perezida Kagame yashimye umusaruro w’ubufatanye bw’u Rwanda na Kaminuza ya Gikirisitu ya Oklahoma

Kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatandatu muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame na madamu we, Jeannette Kagame, bifatanyije nâubuyobozi bwa Kaminuza ya Gikirisitu ya Oklahoma, hamwe nâabanyeshuri barenga 350 bahize hamwe nâabafatanyabikorwa mu birori byo kwizihiza imyaka 20 y’ubufatanye hagati ya Kaminuza n’u Rwanda. Mu ijambo yavugiye muri ibi birori, Perezida Kagame yagaragaje ko mu […]
Ingabo z’u Rwanda zishobora kwisanga muri Haiti

Raina Forbin, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga nâIbibazo byâAmadini muri Repubulika ya Haiti, yabonanye na mugenzi we, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga nâUbutwererane Mpuzamahanga wa Repubulika yâu Rwanda, mu gihe cyâinama yâabaminisitiri ku kubungabunga amahoro mu bihugu bigize Francophonie, aho impande zombi ziyemeje kurushaho gufatanya mu bijyanye n’umutekano. Ibiganiro byabo byibanze ku byo Guverinoma ya […]
RDC: Igitero cya drone i Rubaya cyahitanye abasivili kandi cyangiza byinshi

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Gicurasi 2026 saa 00:15, ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zateye ibisasu mu gace gatuwe cyane muri Rubaya hakoreshejwe drone yâintambara ya CH4. Iki gitero cyâubunyamaswa kandi cyagabwe nkana cyateje impfu zâinzirakarengane nyinshi kandi gisenya amazu ndetse nâimitungo yâabaturage nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na AFC/M23. Andi makuru […]
USA: Umuntu witwaje imbunda yarashe ku barinzi ba White House

Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, ukekwaho icyaha yarashe ku bashinzwe umutekano bari hafi ya White House, bituma abapolisi benshi bahurura batabaye. Urwego rwâibanga rwa Amerika (US Secret Service) rushinzwe kurinda perezida rwatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko uwo muntu warashe yishwe. Itangazo ryagize riti: “Abapolisi bo mu rwego rwâibanga basubije amasasu, barasa ukekwaho icyaha, wajyanywe […]
Kenya: Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gusoza imyitozo ya Ushirikiano Imara 2026

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 22 Gicurasi 2026, intumwa ziyobowe na Minisitiri wâIngabo wâu Rwanda, Juvenal Marizamunda, zirimo na Maj Gen Alex Kagame, Umugaba Mukuru w’ Inkeragutabara, bitabiriye umuhango wo gusoza imyitozo ya Gisirikare y’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba. Ni imyitozo yiswe USHIRIKIANO IMARA 2026 yabereye muri Kenya, Nairobi. Intego yâiyi myitozo yâuyu […]
Abagize Unity Club Intwararumuri bahuriye mu Nama ku Mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa Gatanu, Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri nâabandi bashyitsi batumiwe bahuriye mu Nama Nyunguranabitekerezo ku Mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi nâUrugamba rwo kuyihagarika. Iyi nama iri kubera mu Ngoro yâInteko Ishinga Amategeko yitabiriwe nâabarenga 500 barimo abo mu nzego za Leta, abayobozi bâamadini nâamatorero, sosiyete sivile nâabahagarariye urubyiruko. Muri iyi nama, hateguwe ingingo […]
Masisi: Imirwano hagati ya AFC/M23 na FARDC yongeye gusatira Rubaya

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 22 Gicurasi 2026, imirwano ikaze yongeye gutangira, hagati yâIngabo za Congo, zishyigikiwe nâinyeshyamba za Wazalendo, nâabarwanyi b’Ihuriro rya AFC/M23 muri Teritwari ya Masisi. Iyi mirwano iravugwa muri Chugi no kuri axe ya Kinigi, ku misozi ireba Kinigi na Kavuta, muri Gurupoma ya Kibabi, byibura mu birometero 30 uvuye Rubaya. […]
Tchad: Urukiko rwagumijeho igihano cyahawe Succès Masra wahoze ari minisitiri w’intebe

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 21 Gicurasi, Urukiko rw’Ikirenga i N’Djamena rwanze ubujurire bwatanzwe n’itsinda ryâabanyamategeko bunganira uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Tchad, Succès Masra, bityo rukomeza igihano cyâigifungo cyâimyaka 20 yakatiwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo “gukwirakwiza ubutumwa bwâivanguramoko no kwibasira abanyamahanga,” “kwifatanya n’abagizi ba nabi,” n “” ubufatanyacyaha mu bwicanyi. “ Kuri […]
AFC/M23 yongeye gufata Kinigi na Kaniro mu gihe FARDC igenzura Katoyi centre

Amakuru aturuka ku rugamba mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko ku wa Kane, itariki ya 21 Gicurasi 2026, abarwanyi ba AFC/M23 bahagaritse igitero cyagabwe na FARDC ifatanyije nâinyeshyamba za Wazalendo muri Teritwari ya Masisi. Nkâuko amakuru aturuka atangazwa nâimiryango itegamiye kuri leta agera kuri Kivu Morning Post avuga, guhera ku mugoroba […]
RDC: Abaturage bariye karungu batwitse ahavurirwa Ebola

Abaturage bariye karungu batwitse igice cyâibitaro biri mu gace kiganjemo Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko abo mu muryango hamwe nâinshuti zâumusore bikekwa ko yishwe nâiyo virusi bari babujijwe gutwara umurambo we ngo bajye kuwushyingura. Uwitwa Luc Malembe Malembe, umunyapolitiki wo muri ako gace agaruka ku byo yaboneye ku bitaro […]
Minisitiri wâIngabo za Mozambique yasuye Inzego zâUmutekano zâu Rwanda (RSF) i MocĂmboa da Praia

Minisitiri wâIngabo za Mozambique, CristĂłvĂŁo Artur Chume, uyu munsi yasuye Inzego zâUmutekano zâu Rwanda (RSF) ziri i MocĂmboa da Praia. Yari aherekejwe na Brigadier General TomĂĄs Francisco JoĂŁo Mponha, Umuyobozi wungirije wâIngabo za Mozambique zirwanira ku butaka (FADM), hamwe nâabandi ba ofisiye bakuru. Minisitiri w’Ingabo nâitsinda yari ayoboye bakiriwe ku cyicaro gikuru cya RSF nâUmuyobozi […]