EPILUWxXkAAF3tH

Ubwoko 52 bw’ibinyobwa bisembuye byavaga mu mahanga bwaciwe ku isoko ry’u Rwanda

Sangiza iyi nkuru

Nyuma y’uko Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge (RSB) gihagaritse ibyemezo by’ubuziranenge ku nganda zagaragaweho kutubahiriza ibisabwa mu gutunganya ibinyobwa bisembuye no gukoresha nabi ikirango cya S-Mark, ubu Rwanda FDA na yo yaciye ku isoko ry’u Rwanda, ubwoko 52 bw’ibinyobwa bisembuye byatumizwaga mu mahanga.

HO wpY9XsAA87yz

HO wpYsWcAAsayO

HO wpYoWsAEercO

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply