Mu gihe muri Uganda hakomeje kugenda hagaragara udushya twinshi mu bahanzi bafite amazina akomeye ubu noneho hiyongereyeho undi muhanzikazi “Meva” wagaragaye ashyira intoki mu gitsina cye.

Nyuma yo gucibwa integege na bagenzi be ko atazi umuziki akanga ku wureka, Meva Katoto yagaragaye yikinishiriza mu birori ubwo yaririmbiraga mu mujyi wa Mbarara ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 20 Gicurasi 2016.
Kuva aho atandukaniye n’umugabo we General Geeon akagana iy’umuziki ,Gatoto amaze kuririmba akumva irari rimurenze nta kindi yahisemo uretse kwikinisha.

Iki gikorwa kigayitse Meva yakoze , Kigira ingaruka zitandukanye zishobora no kumuviramo nyiri ukubikora kugerwaho n’ingaruka zikomeye zirimo kwangirika kw’imitekerereze.

Ubusanzwe uyu muhanzikazi ntiyarakunze kuvugwa cyane mu itangazamakuru nyuma yo gushyira hanze indirimbo yise Ningyenda, abenshi bakaba bemeza ko yabikoze kugirango ahangane na bagenzi be barimo Winnie Nwagi.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Murego Anatty


