Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Abenshi b’igitsina gabo bemeza ko ikibuno kinini ku muntu w’igitsina gore kimufasha kuryoshya imibonano mpuzabitsina n’ubwo bigoye kubihamya kuko abantu badateye kiwe ndetse bakaba batanakunda bimwe, ariko benshi bagaragaje ko bakunda abagore bafite ibibuno binini.
Bruno ati” njye nitwa Bruno, irindi zina ndumva atari ngombwa cyane, icyo nzi cyo ni uko umuntu aryoherwa n’iki gikorwa bitewe n’uwo bagikoranye cyangwa uburyo cyakozwemo gusa ariko njye nkunda umukobwa ufite taille kuko ariwe uryoshya ibintu.
Umukobwa udafite taille ntacyo navugana nawe kuko atanantera sentiment (tugenekereje twabyita nk’ibyiyumviro, amarangamutima cyangwa ubushake )
fille3-horz
Hashingiwe no kubushakashatsi bwa Simon Shield Umushakashatsi w’umwongereza mubyerekeya ubuzima bw’imyororokere, aho yasobanuye uruhare ikibuno kigira mu mibonano mpuzabitsina, yagaragaje ko umugore cyangwa umukobwa ufite ikibuno kinini bituma aba uw’igikundiro,maze benshi bamubona bakifuza gukorana nawe imibonano mpuzabitsina.
Avuga kandi ko mu gihe umugabo yifuje umugore nk’uyu maze akagira amahirwe yo kumugeraho aryoherwa cyane n’iyo mibonano, kuko aba ayibonye yarayifuje.
Ibi ariko ntitwabishingiraho tubigira ihame kuko hari abakunda abafite ikibuno gito nk’uko Jacques M. abyivugira.
Jacques we agira ati” ikibuno se kivuze iki? Njye mbona ntakeza kacyo, sinagikunda, njye mbona ntaho bihurira n’imibonano mpuzabitsina wenda wasanga hari icyo kimara ntazi ariko njye sinkitaho cyane iyo ngiye gukunda umukobwa, mbese ntagaciro kanini mbiha….”
Uwamahoro , ni umwe mu bakora umwuga wo gucuruza agataro, aniyemerera ko anicuruza, ngo kuko yabitangiye akiri muto kubera ubuzima agira ati « njye ndabibona, abakobwa bafite taye( Taille )nibo abagabo bakunda.
Njye mbona ari uko Ufite ikibuno kinini akenshi ngo aba afite igitsina gito bityo nti bibe byasaba umugabo utera akabariro kuba afite igitsina kirekire cyangwa kibyibushye kugira ngo amuhaze ( amagambo amwe yasimbujwe andi kuko ari urukozasoni cyane)
Ibyo uyu Uwamahoro avuga kandi ntaho bitaniye n’ibyo urubuga Mensfitness rutangaza kuko narwo rugaragaza ko igitsina gito gifasha umugabo kuryoshya imibonano kuko aba yumva ko igitsina cye cyaba gito cyangwa kinini kiba gihagije muri icyo gikorwa.
Uru rubuga rutangaza ko mu gihe umugore afite igitsina kinini, umugabo yumva igitsina cye cyabaye nk’icy’umwana bityo nti yiyumvishe ko imibonano yaryoshye, ku mugabo aba naho ngo aba yumva ameze nk’urimo kumutobatoba cyangwa umugore akumva wagira ngo umugabo arimo gukoresha urutoki.
Twifashishije kandi urubuga rwa Wikipedia bigaragara ko Ubushakashatsi bwakozwe ku bagore 10.000 bafite ikibuno kinini muri reta ya Frorida ho muri Amerika bwagaragaje ko 67% baba bafite ububobere buhagije mu gitsina ndetse bakanagira amavangingo.
Ibi ngo bituruka ku kuba baba bafite imisemburo myinshi Testisterone na Progesterone bityo bakagira amavangingo n’ububobere bwinshi mu gitsina ari nabyo bigira uruhare runini mu kuryoherwa n’imibonanompuzabitsina ikagenda neza.
Urubuga women’s Life rugaragaza ko ikibuno kinini gifasha umukobwa kwakira abagabo benshi batera akabariro ku munsi cyangwa akaba yabasha kwakira umugabo we igihe cyose akeneye gutera akabariro, uru rubuga runatangaza kandi ko umugabo yishimira cyane iki gikorwa mu gihe umugore yagiye hejuru mu gutera akabariro.
Muri ubu buryo bwo gutera akabariro iki kibuno cy’umukobwa cyangwa umugore kiba cyitikura ku bibero by’umugabo igihe yisimbiza amunyongera maze bigatuma umugabo arushaho kugira ubushake n’igitsina cye kikagumana umurego.
N’ubwo atari kuri buri wese ufite ikibuno kinini uba ufite ibi byose ariko ubushakashatsi bugaragaza ko abenshi baba babifite cyangwa baburamo bike kimwe n’ubwo binashoboka ko n’ufite ikibuno gito ashobora kubigira ndetse akaba yanarusha ufite kinini kuko abantu bataremye kimwe ndetse imibonano umuntu akaba ayishimira bitewe n’uburyo yakozwe cyangwa uko afata uwo bayikoranye.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *