GoZjkrXXYAIB45t

U Rwanda rukomeje kumurikira Isi ibyiza bya rwo muri Expo2025 ibera Osaka

Sangiza iyi nkuru

Mu Mujyi wa Osaka, mu Buyapani, hakomeje kubera Imurikagurisha Mpuzamahanga ku nsanganyamatsiko igira iti ‘Gutegura Umuryango w’ejo hazaza kubw’ubuzima bwacu,’ kuva ku itariki ya 13 Mata kugeza ku ya 13 Ukwakira 2025.

 

GrYIOrFXcAAKdfK

GsBfFksWEAARjzc

Imurikagurisha ryahuje ibihugu bitandukanye ku Isi kugira ngo habeho gutegura ejo hazaza, hibandwa ku nsanganyamatsiko z’ingenzi zo kurokora ubuzima, kongerera ubushobozi abaturage, no guhuza abantu.

GrYIOq4W8AASMpy

GsBfFkoXMAAFC3s

 

Stand y’u Rwanda muri iri murikagurisha rikomeye ku Isi Ribera mu Buyapani kandi rimara igihe kirekire, hakomeje kugera abanyamahanga bakururwa n’ibihamurikirwa n’ukuntu hateguye, ndetse n’abashaka kumenya byinshi ku Rwanda.

 

About01 768x489 1 GtJ94DJXkAA oUC GtJ 840XAAAmaDe GtJ9wRvXUAAqMNA GtJ9pJlWAAA BMn GtO3 uKXsAACiX GtO3 uAXYAAQh2N GtO3 tqW0AAj V GtO3

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *