Pasiteri Veronica washinze itorero ryitwa Life and Prosperity Ministry riri mu gace ka Asaba muri Leta ya Delta muri Nigeria, yavuze ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo, akabavura ikibazo cyo kutabyara (ubugumba).
Inkuru zanditswe n’ibitangazamakuru byo muri Nigeria birimo Naija Post zivuga ko Pasiteri Veronica yatangarije aya magambo mu iteraniro ryabaye tariki ya 8 Werurwe 2020.
Ubu butumwa Veronica yabushyize no ku rukuta rwa Facebook, agira ati: “ Imana yampaye igitsina gikiza, ni ukuryamana nanjye gusa ugahita ukira ubugumba. Abagabo baca muri byinshi muri iki gihe, Imana yantumye kubabohora.”
Yakomeje agira ati: “ Wahitamo kwizera gukiza kwanjye cyangwa ukabireka ariko ni ukuri.”
Amakuru avuga ko nyuma y’iteraniro rya Pasiteri Veronica, yatanze nimero ya telefone abagabo bamuhamagariraho, mu gihe baba bashaka gukira ikibazo cy’ubugumba. Kuryamana inshuro imwe ngo ntibirenza iminota ibiri.
Imvugo za Pasiteri Veronica zimaze kumugira ikimenyabose muri Nigeria. Na none aherutse gutangaza ko ‘atari icyaha ko umugore yaryamana na mukuru cyangwa murumuna w’umugabo we’ kuko mu isano, na we yitwa umugabo we. Kuri we, ngo kwemera kuryamana n’uyu muntu, bigaragaza urukundo umugore afitiye umuryango.



14 Responses
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Ng’urwo urwi nari nararu diriye. Umva rwose naragiye ndabona memememeeee.
Ese,iyo Mana ni bwlko ki ihanze ho kubwiriza abayobora ubwoko bw’Imana gukora ibyaha?
Cyakora kuko hari ho Imana ntinshi abantu bihimbiye, ibyo singiye kubita ho igihe. Ariko niba ari Yesu, uhi mugore yihangishije ho kumubeshyera ko ari we wamutumye gukora ayo , birabe ibyuya ntonibe amaraso. Kuko Yesu ntabwiriza abantu gukora ibyaha. Isi iraturangiranye.
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Ng’urwo urwi nari nararu diriye. Umva rwose naragiye ndabona memememeeee.
Ese,iyo Mana ni bwlko ki ihanze ho kubwiriza abayobora ubwoko bw’Imana gukora ibyaha?
Cyakora kuko hari ho Imana ntinshi abantu bihimbiye, ibyo singiye kubita ho igihe. Ariko niba ari Yesu, uhi mugore yihangishije ho kumubeshyera ko ari we wamutumye gukora ayo , birabe ibyuya ntonibe amaraso. Kuko Yesu ntabwiriza abantu gukora ibyaha. Isi iraturangiranye.
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Aba nibo bateje isi akaga bateye Uwiteka kureka abantu be
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Aba nibo bateje isi akaga bateye Uwiteka kureka abantu be
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Ntimwibaze isoko yibisa nirimbuka ryiyisi dutujweho !
Harya ngo Ni pastori nagahumamunwa kbs, ariko byose byarahanuwe ahubwo igihe kiregereje ngwibyahanuwe bisohore!!
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Ntimwibaze isoko yibisa nirimbuka ryiyisi dutujweho !
Harya ngo Ni pastori nagahumamunwa kbs, ariko byose byarahanuwe ahubwo igihe kiregereje ngwibyahanuwe bisohore!!
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Imyuka mibi yo muri Nigeria yarabanjiriye
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Imyuka mibi yo muri Nigeria yarabanjiriye
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Mwebwe mugende abavure maze ubundi mumushinje ko arumutekamutwe mwanze gukira, kdi we aravuga ko arumuti atanga ,hhhhhhhh
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
Mwebwe mugende abavure maze ubundi mumushinje ko arumutekamutwe mwanze gukira, kdi we aravuga ko arumuti atanga ,hhhhhhhh
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
1.Timothy 6:5.
N’impaka z’abantu bononekaye ubwenge bakamyemo ukuri,bibwira Yuki kubaha Imana ari inzira yo kubona indamu.
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
1.Timothy 6:5.
N’impaka z’abantu bononekaye ubwenge bakamyemo ukuri,bibwira Yuki kubaha Imana ari inzira yo kubona indamu.
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
1.Timothy 6:5.
N’impaka z’abantu bononekaye ubwenge bakamyemo ukuri,bibwira Yuki kubaha Imana ari inzira yo kubona indamu.
Umupasiteri avuga ko Imana yamutumye kuryamana n’abagabo
1.Timothy 6:5.
N’impaka z’abantu bononekaye ubwenge bakamyemo ukuri,bibwira Yuki kubaha Imana ari inzira yo kubona indamu.