Hagiye gushyirwaho imbuga yahariwe abambaye ubusa buri buri — AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Mu gihe mu bihugu bimwe na bimwe hakunze kugaragara za Restaurant zafunguwe ku mugaragaro zigenewe abambaye ubusa, ubu noneho hagiye no gushyirwaho imbuga yagenewe gufasha abashyitsi kurwanya ubushyuhe bw’izuba ariko bambaye ubusa.
1
Muri icyi cyumweru, nibwo mu Bwongereza i London hateganyijwe gufungura imbuga izajya igerwamo n’abambaye ubusa hagamijwe kurwanya ubushyuhe buterwa n’izuba ryinshi.
Ibi ngo bizatuma abasura ako gace bisanzura bagahangana n’ubushyuhe ariko kandi banifatira icyo kunywa mu kabari gatangaje kabarizwa muri uwo mujyi.
2
Gidon Katz umuyobozi wa Tv Now ari nayo yateye inkunga iki gikorwa, avuga ko bisa nkaho ari ugushishikariza abantu kurwanya umunaniro uterwa n’ubushyuhe no kwitandukanya n’imyumvire y’ahashize.
Iyi mbuga igiye gufungurwa ku mugaragaro nyuma y’andi maresitora yagiye afungurwa mu rwego rwo kunezeza abayagana no kubahiriza ubwisanzure bwabo.
3
4
5
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *