Ese kuki abagore bataniha mu gihe cyo guterwa akabariro binubirwa n’abagabo?

Sangiza iyi nkuru

Ni kenshi usanga abagore baniha, biriza,basakuza , bahumeka cyane mu gihe bari guterwa akabariro aho usanga ngo birushaho gushimisha abagabo babo, mu gihe abandi bagore baceceka binubirwa n’abagabo babo cyangwa bakabata.
unhapy
Ubushakashatsi bugaragaza ko rimwe na rimwe ngo uko kuniha cyangwa kurira ntaho bihuriye n’ububabare n’agahinda! Kandi nta n’ubwo aba yigiza nkana, ntabwo aba abyikoresha, ngo hari igihe biba ari ibyishimo biba byamusabye umutima.
Igihe abagore batagaraje amarangamutima yabo ngo basakuze cyangwa n’ibijyanye na byo mu gihe aterwa akabariro, baca intege abagabo babo ndetse bikavamo kubahurwa, kuko akenshi abagabo babafata nk’aho batanyurwa n’ibyo babakorera.
Iyo umugore atagukunda ntanakubahe ngo muraryamana ntakome ahubwo yibereye mu bindi bitekerezo, ukirwanaho warangiza nawe ukigira mu byawe..
Gusa abagore bashobora kuniha cyangwa gusakuza ahanini bababara bitewe n’uburwayi yaba yifitiye mu myanya ye ndangagitsina cyangwa se akaba afite ikibazo cyo kubura ububobere mu gitsina.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ibi bisaba kwitonda ukamubaza, wakumva akubwiye ko nta kibazo afite ushobora kumenya ko ari ibyishimo bibimutera; gusa na none kuniha birizana.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *