Rihanna yahakanye ko akoreshwa na Sekibi abihamishije umurongo wo muri Bibiliya

Sangiza iyi nkuru

Mu gihe abahanzi benshi bakunze gukorera umuziki wabo muri Amerika abenshi muri bo bashinzwa gukorana na Shitani, umuhanzikazi Rihanna ukunze kugarukwaho ko yimitse ubwami bw’imyuka mibi, yabiteye utwatsi abahamishije imwe mu mirongo ya Bibiliya.
rihanna
Ubwo yabazwaga n’itangazamakuru niba yizera Yesu nk’umwami n’umukiza Rihanna yashimangiye ko amwizara kandi akaba yemera ko ashobora byose anatanga urugero rwo muri Mariko 9:28.
Ubusanzwe uyu muhanzikazi akaba abarizwa mu idini ry’Abangilikani ari naho akorera amasengesho ye n’indi migenzo igenga amadini nk’ibisanzwe.
Ibi abitangaje nyuma y’igihe gito agaragaye afite ikirahure cyuzuye inzoga ndetse afatiye n’itabi ku munwa byanatumye abakunzi bamushinza ubusinzi no kwiyandarika ku Karubanda.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *