Screenshot_20240916

Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa

Sangiza iyi nkuru

Mu rukundo hari utuntu duto duto ukorera umukunzi wawe ntabe yakwibagirwa cyangwa ngo agusimbuze undi. Guha ubutumwa bugufi umukunzi umwifuriza ijoro ryiza ni kimwe muri ibyo bikorwa, mwaba mukundana cyane cyangwa byoroheje, yaba ari kure yawe cyangwa mubonana kenshi. Dore bumwe mu butumwa buzatuma ubasha kwigarurira umutima w’umukunzi wawe ndetse bukazamutera guhora amwenyura igihe agutekereje:

1.”Nta wundi muntu nifuza kuba ndikumwe na we atari wowe. Ndifuza ko wagumana nanjye ukangundira kugeza nsinziriye iri joro.”

2.”Muri ubu butumwa, nguhaye urukundo rwanjye rwose. Ndifuza kuba naguhobera ngusomagura iyi saha.”

3.”Nicishije bugufi ngo nereke umwiza wanjye kuri iyi si ko mukunda cyane kandi mwifuriza kunyurwa n’iri joro.”

4.”Ndifuza ko twarangiza igicuku tuganira tudateze kurambirwana. Uri ibyishimo byo kuganiriza.”

5.”Ndabizi ko uru ari urugendo rushya kuri twe, gusa tuzishima kuko ejo hazaza hatubikiye ibyiza. Ni wowe uzamura amarangamutima yanjye.”

6.”Kimwe mu bigize ibihe nkunda buri munsi ni igihe nganira nawe ngana igitanda. Uranshimisha.”

7.”Nanga urunuka iyo uri kure yanjye. Mpora mbara iminsi ntegereje kongera kukubona. Gusa menya ko ngukunda. Ijoro ryiza!”

8.”Inzozi ni yo mahirwe nsigaranye yo kubasha kukubona. Ni yo mpamvu shenge nkunda kuryama buri joro. Nishimiye kongera kukubona.”

9.”Ndifuza ko wamenya ko ari wowe wenyine undi mu bwenge mbere y’uko ndyama. Ndifuza ko nakomeza kukubona na nyuma y’uko mbyutse. Ndagukunda.”

10.”Ndyamye ntegereje gusinzira gusa icyantwaye ibitekerezo ni uburyo nakugundira nkubonye.”

Soma Izindi Nkuru

64 Responses

  1. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ni gute umuntu yabona umuterankunga wumushinga umuntu yaba afite??

  2. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ni gute umuntu yabona umuterankunga wumushinga umuntu yaba afite??

  3. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nishimiye ububutumwa bwiza

  4. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nishimiye ububutumwa bwiza

  5. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Muraho neza. Ndifuza umukunzi mwiza w’imico myiza, w’imfura rwose kdi nawe ufite ibitecyerezo cyo kwagura umuryango. Rero mubyukuri nkeneye umukobwa nawe wifuza kdi ukeneye koko kuba umugore no kuba umubyeyi yumva ko ugihe kigeze. Yaba inzobe cg igikara, akaba ashinguye byaba byiza cyane, ajijutse bikaba akarusho, ushyira imbere ibitecyerezo byubaka no gushishikarira gutera imbere k’urugo rwe n’umuryongo muri rusange. Ufite ikinyabupfura, wumvikana kdi usabana. Muri rusange ufite intego.

    Mfite gahunda rwose naboneka kuri phone 0781968321.Mbarizwa i mu mujyi wa Kigali. Murakoze cyane.

  6. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Muraho neza. Ndifuza umukunzi mwiza w’imico myiza, w’imfura rwose kdi nawe ufite ibitecyerezo cyo kwagura umuryango. Rero mubyukuri nkeneye umukobwa nawe wifuza kdi ukeneye koko kuba umugore no kuba umubyeyi yumva ko ugihe kigeze. Yaba inzobe cg igikara, akaba ashinguye byaba byiza cyane, ajijutse bikaba akarusho, ushyira imbere ibitecyerezo byubaka no gushishikarira gutera imbere k’urugo rwe n’umuryongo muri rusange. Ufite ikinyabupfura, wumvikana kdi usabana. Muri rusange ufite intego.

    Mfite gahunda rwose naboneka kuri phone 0781968321.Mbarizwa i mu mujyi wa Kigali. Murakoze cyane.

  7. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze kutwigisha nabikunze

  8. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze kutwigisha nabikunze

  9. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    MPA NUMBER YAWENKUHAMAGAREUNYIGISHE

  10. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    MPA NUMBER YAWENKUHAMAGAREUNYIGISHE

  11. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    turabakunda inkuru zanyu zirafasha rwose
    ariko. mbonye umukobwa
    utarengeje imyak19 n 22 m1 cm64 wimibiri yombi byamfasha kurushaho
    ngemfi imyak 23 murakoze!’ number 0727529093

  12. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    turabakunda inkuru zanyu zirafasha rwose
    ariko. mbonye umukobwa
    utarengeje imyak19 n 22 m1 cm64 wimibiri yombi byamfasha kurushaho
    ngemfi imyak 23 murakoze!’ number 0727529093

  13. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze kwizi nyigisho muduhaye

  14. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze kwizi nyigisho muduhaye

  15. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    mwiriwe ndabakunda cyane nkeneye umukunzi ufite hejuru yimwaka 35 ufite umwana umwe yaba yaratandukanye numudamu cg ari ingaragu apfakuba afite umwana
    wumukobwa meto 175 ibiro 75 wize ukora.

  16. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    mwiriwe ndabakunda cyane nkeneye umukunzi ufite hejuru yimwaka 35 ufite umwana umwe yaba yaratandukanye numudamu cg ari ingaragu apfakuba afite umwana
    wumukobwa meto 175 ibiro 75 wize ukora.

  17. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    nditayari ubwo wabwira uko twabonana

  18. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    nditayari ubwo wabwira uko twabonana

  19. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Muraho ndibaza?
    harumuntu wigeze
    abonera umuknzi
    kuri’uru,rubuga?
    murakoze

  20. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Muraho ndibaza?
    harumuntu wigeze
    abonera umuknzi
    kuri’uru,rubuga?
    murakoze

  21. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze

  22. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze

  23. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze

  24. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze

  25. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze kuduha amagambo meza nkayo yaryohera umukunzi.

  26. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze kuduha amagambo meza nkayo yaryohera umukunzi.

  27. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze cyane kutubwira amagambo meza wabwira umukunzi wawe.

  28. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze cyane kutubwira amagambo meza wabwira umukunzi wawe.

  29. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoz kuriz nyigish

  30. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoz kuriz nyigish

  31. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo

  32. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo

  33. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo

  34. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo

  35. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    NDAHARI KANDI NDITEGUYE

  36. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    NDAHARI KANDI NDITEGUYE

  37. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Wakwandikira inshutizawe uzisaba urukundo.

  38. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Wakwandikira inshutizawe uzisaba urukundo.

  39. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    ndumukobwa,mfite imyaka23 ndashaka umukunzi urihagati ya25NA30merereye mukarere kagatsibo nimerozanjye nizi0790544900

  40. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    ndumukobwa,mfite imyaka23 ndashaka umukunzi urihagati ya25NA30merereye mukarere kagatsibo nimerozanjye nizi0790544900

  41. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    igitekerezomfite nuko nibonyeho,mumazinayanjye nanditsengondashaka,umukunzi mbajije umunu warumfitiyefone arabimbwira ngoyanditse,yikinira mumazina yanjye,munkundiye ubwo butumwamwabunsibiraho mwabamukozecyane ibibitumye namununzajyamfaguha foneyanjye

  42. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    igitekerezomfite nuko nibonyeho,mumazinayanjye nanditsengondashaka,umukunzi mbajije umunu warumfitiyefone arabimbwira ngoyanditse,yikinira mumazina yanjye,munkundiye ubwo butumwamwabunsibiraho mwabamukozecyane ibibitumye namununzajyamfaguha foneyanjye

  43. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ndipfuza kukubona tukayaga mpere IBURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.

  44. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ndipfuza kukubona tukayaga mpere IBURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.

  45. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ndipfuza kukubona tukayaga mperereye I BURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.

  46. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ndipfuza kukubona tukayaga mperereye I BURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.

  47. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    NDABASHIMIRA KO MUNYIGISHA BYINSHI NDANEZERWA CYANE!

  48. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    NDABASHIMIRA KO MUNYIGISHA BYINSHI NDANEZERWA CYANE!

  49. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ndumukobwa nshaka umuku nzi urihasi 20

  50. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ndumukobwa nshaka umuku nzi urihasi 20