Screenshot_20240916

Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa

Sangiza iyi nkuru

Mu rukundo hari utuntu duto duto ukorera umukunzi wawe ntabe yakwibagirwa cyangwa ngo agusimbuze undi. Guha ubutumwa bugufi umukunzi umwifuriza ijoro ryiza ni kimwe muri ibyo bikorwa, mwaba mukundana cyane cyangwa byoroheje, yaba ari kure yawe cyangwa mubonana kenshi. Dore bumwe mu butumwa buzatuma ubasha kwigarurira umutima w’umukunzi wawe ndetse bukazamutera guhora amwenyura igihe agutekereje:

1.”Nta wundi muntu nifuza kuba ndikumwe na we atari wowe. Ndifuza ko wagumana nanjye ukangundira kugeza nsinziriye iri joro.”

2.”Muri ubu butumwa, nguhaye urukundo rwanjye rwose. Ndifuza kuba naguhobera ngusomagura iyi saha.”

3.”Nicishije bugufi ngo nereke umwiza wanjye kuri iyi si ko mukunda cyane kandi mwifuriza kunyurwa n’iri joro.”

4.”Ndifuza ko twarangiza igicuku tuganira tudateze kurambirwana. Uri ibyishimo byo kuganiriza.”

5.”Ndabizi ko uru ari urugendo rushya kuri twe, gusa tuzishima kuko ejo hazaza hatubikiye ibyiza. Ni wowe uzamura amarangamutima yanjye.”

6.”Kimwe mu bigize ibihe nkunda buri munsi ni igihe nganira nawe ngana igitanda. Uranshimisha.”

7.”Nanga urunuka iyo uri kure yanjye. Mpora mbara iminsi ntegereje kongera kukubona. Gusa menya ko ngukunda. Ijoro ryiza!”

8.”Inzozi ni yo mahirwe nsigaranye yo kubasha kukubona. Ni yo mpamvu shenge nkunda kuryama buri joro. Nishimiye kongera kukubona.”

9.”Ndifuza ko wamenya ko ari wowe wenyine undi mu bwenge mbere y’uko ndyama. Ndifuza ko nakomeza kukubona na nyuma y’uko mbyutse. Ndagukunda.”

10.”Ndyamye ntegereje gusinzira gusa icyantwaye ibitekerezo ni uburyo nakugundira nkubonye.”

Soma Izindi Nkuru

64 Responses

  1. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ni gute umuntu yabona umuterankunga wumushinga umuntu yaba afite??

      1. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
        ndumukobwa,mfite imyaka23 ndashaka umukunzi urihagati ya25NA30merereye mukarere kagatsibo nimerozanjye nizi0790544900

        1. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
          Ndipfuza kukubona tukayaga mpere IBURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.

        2. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
          Ndipfuza kukubona tukayaga mpere IBURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.

        3. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
          Ndipfuza kukubona tukayaga mperereye I BURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.

        4. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
          Ndipfuza kukubona tukayaga mperereye I BURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.

      2. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
        ndumukobwa,mfite imyaka23 ndashaka umukunzi urihagati ya25NA30merereye mukarere kagatsibo nimerozanjye nizi0790544900

  2. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Ni gute umuntu yabona umuterankunga wumushinga umuntu yaba afite??

  3. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Muraho neza. Ndifuza umukunzi mwiza w’imico myiza, w’imfura rwose kdi nawe ufite ibitecyerezo cyo kwagura umuryango. Rero mubyukuri nkeneye umukobwa nawe wifuza kdi ukeneye koko kuba umugore no kuba umubyeyi yumva ko ugihe kigeze. Yaba inzobe cg igikara, akaba ashinguye byaba byiza cyane, ajijutse bikaba akarusho, ushyira imbere ibitecyerezo byubaka no gushishikarira gutera imbere k’urugo rwe n’umuryongo muri rusange. Ufite ikinyabupfura, wumvikana kdi usabana. Muri rusange ufite intego.

    Mfite gahunda rwose naboneka kuri phone 0781968321.Mbarizwa i mu mujyi wa Kigali. Murakoze cyane.

    1. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
      Muraho ndibaza?
      harumuntu wigeze
      abonera umuknzi
      kuri’uru,rubuga?
      murakoze

    2. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
      Muraho ndibaza?
      harumuntu wigeze
      abonera umuknzi
      kuri’uru,rubuga?
      murakoze

  4. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Muraho neza. Ndifuza umukunzi mwiza w’imico myiza, w’imfura rwose kdi nawe ufite ibitecyerezo cyo kwagura umuryango. Rero mubyukuri nkeneye umukobwa nawe wifuza kdi ukeneye koko kuba umugore no kuba umubyeyi yumva ko ugihe kigeze. Yaba inzobe cg igikara, akaba ashinguye byaba byiza cyane, ajijutse bikaba akarusho, ushyira imbere ibitecyerezo byubaka no gushishikarira gutera imbere k’urugo rwe n’umuryongo muri rusange. Ufite ikinyabupfura, wumvikana kdi usabana. Muri rusange ufite intego.

    Mfite gahunda rwose naboneka kuri phone 0781968321.Mbarizwa i mu mujyi wa Kigali. Murakoze cyane.

  5. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    turabakunda inkuru zanyu zirafasha rwose
    ariko. mbonye umukobwa
    utarengeje imyak19 n 22 m1 cm64 wimibiri yombi byamfasha kurushaho
    ngemfi imyak 23 murakoze!’ number 0727529093

  6. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    turabakunda inkuru zanyu zirafasha rwose
    ariko. mbonye umukobwa
    utarengeje imyak19 n 22 m1 cm64 wimibiri yombi byamfasha kurushaho
    ngemfi imyak 23 murakoze!’ number 0727529093

  7. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    mwiriwe ndabakunda cyane nkeneye umukunzi ufite hejuru yimwaka 35 ufite umwana umwe yaba yaratandukanye numudamu cg ari ingaragu apfakuba afite umwana
    wumukobwa meto 175 ibiro 75 wize ukora.

  8. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    mwiriwe ndabakunda cyane nkeneye umukunzi ufite hejuru yimwaka 35 ufite umwana umwe yaba yaratandukanye numudamu cg ari ingaragu apfakuba afite umwana
    wumukobwa meto 175 ibiro 75 wize ukora.

  9. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze

  10. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze

  11. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze

  12. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze

  13. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze kuduha amagambo meza nkayo yaryohera umukunzi.

  14. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze kuduha amagambo meza nkayo yaryohera umukunzi.

  15. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze cyane kutubwira amagambo meza wabwira umukunzi wawe.

  16. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murakoze cyane kutubwira amagambo meza wabwira umukunzi wawe.

  17. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo

  18. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo

  19. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo

  20. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo

  21. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    igitekerezomfite nuko nibonyeho,mumazinayanjye nanditsengondashaka,umukunzi mbajije umunu warumfitiyefone arabimbwira ngoyanditse,yikinira mumazina yanjye,munkundiye ubwo butumwamwabunsibiraho mwabamukozecyane ibibitumye namununzajyamfaguha foneyanjye

  22. Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
    igitekerezomfite nuko nibonyeho,mumazinayanjye nanditsengondashaka,umukunzi mbajije umunu warumfitiyefone arabimbwira ngoyanditse,yikinira mumazina yanjye,munkundiye ubwo butumwamwabunsibiraho mwabamukozecyane ibibitumye namununzajyamfaguha foneyanjye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *