Mu rukundo hari utuntu duto duto ukorera umukunzi wawe ntabe yakwibagirwa cyangwa ngo agusimbuze undi. Guha ubutumwa bugufi umukunzi umwifuriza ijoro ryiza ni kimwe muri ibyo bikorwa, mwaba mukundana cyane cyangwa byoroheje, yaba ari kure yawe cyangwa mubonana kenshi. Dore bumwe mu butumwa buzatuma ubasha kwigarurira umutima w’umukunzi wawe ndetse bukazamutera guhora amwenyura igihe agutekereje:
1.”Nta wundi muntu nifuza kuba ndikumwe na we atari wowe. Ndifuza ko wagumana nanjye ukangundira kugeza nsinziriye iri joro.”
2.”Muri ubu butumwa, nguhaye urukundo rwanjye rwose. Ndifuza kuba naguhobera ngusomagura iyi saha.”
3.”Nicishije bugufi ngo nereke umwiza wanjye kuri iyi si ko mukunda cyane kandi mwifuriza kunyurwa n’iri joro.”
4.”Ndifuza ko twarangiza igicuku tuganira tudateze kurambirwana. Uri ibyishimo byo kuganiriza.”
5.”Ndabizi ko uru ari urugendo rushya kuri twe, gusa tuzishima kuko ejo hazaza hatubikiye ibyiza. Ni wowe uzamura amarangamutima yanjye.”
6.”Kimwe mu bigize ibihe nkunda buri munsi ni igihe nganira nawe ngana igitanda. Uranshimisha.”
7.”Nanga urunuka iyo uri kure yanjye. Mpora mbara iminsi ntegereje kongera kukubona. Gusa menya ko ngukunda. Ijoro ryiza!”
8.”Inzozi ni yo mahirwe nsigaranye yo kubasha kukubona. Ni yo mpamvu shenge nkunda kuryama buri joro. Nishimiye kongera kukubona.”
9.”Ndifuza ko wamenya ko ari wowe wenyine undi mu bwenge mbere y’uko ndyama. Ndifuza ko nakomeza kukubona na nyuma y’uko mbyutse. Ndagukunda.”
10.”Ndyamye ntegereje gusinzira gusa icyantwaye ibitekerezo ni uburyo nakugundira nkubonye.”



64 Responses
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Ni gute umuntu yabona umuterankunga wumushinga umuntu yaba afite??
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Wakwandikira inshutizawe uzisaba urukundo.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
ndumukobwa,mfite imyaka23 ndashaka umukunzi urihagati ya25NA30merereye mukarere kagatsibo nimerozanjye nizi0790544900
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
URUKUNDO NIRWOGERE
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
URUKUNDO NIRWOGERE
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Ndipfuza kukubona tukayaga mpere IBURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Ndipfuza kukubona tukayaga mpere IBURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Ndipfuza kukubona tukayaga mperereye I BURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Ndipfuza kukubona tukayaga mperereye I BURUNDI NIBERE COMMUNE MARANGARA COLLINE KIDOBORI Mfise imyaka 21 Kombura ine kuryango kwize imyaka usaba woza tukabiyaga? inyishu.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Ndumukobwa nshaka umuku nzi urihasi 20
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Nimero yawe
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Nimero yawe
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Ndumukobwa nshaka umuku nzi urihasi 20
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
ndumukobwa,mfite imyaka23 ndashaka umukunzi urihagati ya25NA30merereye mukarere kagatsibo nimerozanjye nizi0790544900
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Wakwandikira inshutizawe uzisaba urukundo.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Ni gute umuntu yabona umuterankunga wumushinga umuntu yaba afite??
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Nishimiye ububutumwa bwiza
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
ndfuza umukunzi pana amonii
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
ndfuza umukunzi pana amonii
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Nishimiye ububutumwa bwiza
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Muraho neza. Ndifuza umukunzi mwiza w’imico myiza, w’imfura rwose kdi nawe ufite ibitecyerezo cyo kwagura umuryango. Rero mubyukuri nkeneye umukobwa nawe wifuza kdi ukeneye koko kuba umugore no kuba umubyeyi yumva ko ugihe kigeze. Yaba inzobe cg igikara, akaba ashinguye byaba byiza cyane, ajijutse bikaba akarusho, ushyira imbere ibitecyerezo byubaka no gushishikarira gutera imbere k’urugo rwe n’umuryongo muri rusange. Ufite ikinyabupfura, wumvikana kdi usabana. Muri rusange ufite intego.
Mfite gahunda rwose naboneka kuri phone 0781968321.Mbarizwa i mu mujyi wa Kigali. Murakoze cyane.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Muraho ndibaza?
harumuntu wigeze
abonera umuknzi
kuri’uru,rubuga?
murakoze
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
nange ndabyibaza peu!
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
nange ndabyibaza peu!
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Muraho ndibaza?
harumuntu wigeze
abonera umuknzi
kuri’uru,rubuga?
murakoze
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
NDAHARI KANDI NDITEGUYE
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
NDAHARI KANDI NDITEGUYE
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Muraho neza. Ndifuza umukunzi mwiza w’imico myiza, w’imfura rwose kdi nawe ufite ibitecyerezo cyo kwagura umuryango. Rero mubyukuri nkeneye umukobwa nawe wifuza kdi ukeneye koko kuba umugore no kuba umubyeyi yumva ko ugihe kigeze. Yaba inzobe cg igikara, akaba ashinguye byaba byiza cyane, ajijutse bikaba akarusho, ushyira imbere ibitecyerezo byubaka no gushishikarira gutera imbere k’urugo rwe n’umuryongo muri rusange. Ufite ikinyabupfura, wumvikana kdi usabana. Muri rusange ufite intego.
Mfite gahunda rwose naboneka kuri phone 0781968321.Mbarizwa i mu mujyi wa Kigali. Murakoze cyane.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze kutwigisha nabikunze
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze kutwigisha nabikunze
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
MPA NUMBER YAWENKUHAMAGAREUNYIGISHE
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
NDABASHIMIRA KO MUNYIGISHA BYINSHI NDANEZERWA CYANE!
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
NDABASHIMIRA KO MUNYIGISHA BYINSHI NDANEZERWA CYANE!
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
MPA NUMBER YAWENKUHAMAGAREUNYIGISHE
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
turabakunda inkuru zanyu zirafasha rwose
ariko. mbonye umukobwa
utarengeje imyak19 n 22 m1 cm64 wimibiri yombi byamfasha kurushaho
ngemfi imyak 23 murakoze!’ number 0727529093
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
turabakunda inkuru zanyu zirafasha rwose
ariko. mbonye umukobwa
utarengeje imyak19 n 22 m1 cm64 wimibiri yombi byamfasha kurushaho
ngemfi imyak 23 murakoze!’ number 0727529093
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze kwizi nyigisho muduhaye
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze kwizi nyigisho muduhaye
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
thanks for that massege
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
thanks for that massege
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
mwiriwe ndabakunda cyane nkeneye umukunzi ufite hejuru yimwaka 35 ufite umwana umwe yaba yaratandukanye numudamu cg ari ingaragu apfakuba afite umwana
wumukobwa meto 175 ibiro 75 wize ukora.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
mwiriwe ndabakunda cyane nkeneye umukunzi ufite hejuru yimwaka 35 ufite umwana umwe yaba yaratandukanye numudamu cg ari ingaragu apfakuba afite umwana
wumukobwa meto 175 ibiro 75 wize ukora.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
nditayari ubwo wabwira uko twabonana
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Mperereye Nyanza
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Mperereye Nyanza
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
nditayari ubwo wabwira uko twabonana
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Nkeneye umukunzi ugomba kumbera umugore ufite imyaka guhera kuri 28kugeza kuri34 ukijijwe wubaha IMANA nabantu ufite akazi njye mfite imyaka 32 mfite ibiro 80 sinzi uburebure mfite gusa ndimuremure ariko sicyane ndinzobe mbonye imibiri yombi cyangwa akaba ari urukara byababyiza uzahamagare iyi number 0780634629 nyiriyi number azakungezaho murakoze
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze kuduha amagambo meza nkayo yaryohera umukunzi.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze kuduha amagambo meza nkayo yaryohera umukunzi.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze cyane kutubwira amagambo meza wabwira umukunzi wawe.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze cyane kutubwira amagambo meza wabwira umukunzi wawe.
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoz kuriz nyigish
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoz kuriz nyigish
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murategura kbbx aba aritwiza ututugambo
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
igitekerezomfite nuko nibonyeho,mumazinayanjye nanditsengondashaka,umukunzi mbajije umunu warumfitiyefone arabimbwira ngoyanditse,yikinira mumazina yanjye,munkundiye ubwo butumwamwabunsibiraho mwabamukozecyane ibibitumye namununzajyamfaguha foneyanjye
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
igitekerezomfite nuko nibonyeho,mumazinayanjye nanditsengondashaka,umukunzi mbajije umunu warumfitiyefone arabimbwira ngoyanditse,yikinira mumazina yanjye,munkundiye ubwo butumwamwabunsibiraho mwabamukozecyane ibibitumye namununzajyamfaguha foneyanjye
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze kwizo nyigisho
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
Murakoze kwizo nyigisho