Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo

Sangiza iyi nkuru

Miss Vanessa Raïssa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda mu 2015, yatangaje ko ku munsi w’ejo yagerageje kwiyahura agahagarikwa n’abo mu muryango we.

Miss Uwase wemeje ko yagerageje kwiyahura mu butumwa yasangije incuti ze kuri WhatsApp (Status), yari amaze iminsi mu bihe bikomeye, nyuma yo gutandukana na Putin Kabalu, umuherwe w’Umukongomani bari bamaze igihe mu rukundo.

Miss Vanessa muri Status, yavuze ko iyo hataza kuba umuvandimwe we na nyina umubyara yakabaye yararangije ubuzima bwe ku Isi ku gicamunsi cy’ejo.

Ati: “Iyo ataba mama n’umuvandimwe wanjye, nari kurangiza ubuzima bwanjye kuri iki gicamunsi. Ndananiwe kandi ndarwaye cyane! Singishaka kuba kuri iyi Si ukundi. Mbisubiyemo…iyo bitaba ku bwa mama n’umuvandimwe wanjye ntashaka kubabaza, nakabaye nagiye uyu munsi.”

Incuti za hafi za Miss Vanessa zivuga ko yakoze ibishoboka byose kugira ngo yigarurire umutima w’uriya mukunzi we, gusa bikarangira atamugarukiye, ibyamuteye umubabaro no guhungabana cyane.

Miss Uwase Vanessa yamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga cyane urwa Instagram yakunze gushyiraho amafoto yerekana impano zihenze, ingendo n’ibiruhuko yagiye agirana n’umuherwe Kalabu bagiranye ibihe byiza.

Kabalu Putin na we azwi kuri Instagram nk’umucuruzi ukize ufite ibigo bitandukanye by’ubucuruzi mu bihugu by’u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Tanzaniya aho atuye ubu.

Mbere yo gufata cyemezo giteye ubwoba cyo kwiyambura ubuzima, amakuru ko Vannessa yari yagiye muri Tanzania mu rugendo rwari rugamije gutsura umubano n’uriya mukunzi we, gusa agatungurwa no gusanga yarabivuyemo burundu.

Miss Vanessa yatandukanye n’umukunzi we, mu gihe muri 2019 ubwo yagiraga Isabukuru y’amavuko, yari yamukoreshereje ibirori bihenze binarangira amwambitse Impeta y’Urukundo, ku buryo byari bizwi ko bazarushingana.

Icyo gihe uyu mukobwa wanakundanye n’umuririmbyi Olvis wo mu tsinda rya Active, yavuguye imbere y’abagize umuryango we ko yiteguye kubera uriya mukongomani umugore, mu butumwa yasangije abamukurikira kuri Instagram. Ubukwe bwa bariya bombi bwari bwitezwe muri uyu mwaka wa 2020.

Soma Izindi Nkuru

40 Responses

  1. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Ibi bibere nabandi bakobwa bakunda ibyo bataruhiye. Ntarukundo mbonye ahongaho, abazi gushishoza babonagako byari nkumuriro wamashara umwe uzima hadaciye kabiri, mukanya umuyonga ukawubura.

    Ibanga ryambere ry’umunezero nukwihigira, ukarya utwo wabiriye icyuya, burya niko gaciro nyakuri. Aha niho mbona itanduklaniro ryo mumutwe heza ninyuma heza. Buri cyose gifite umumaro ariko utandukanye bitangaje.

    1. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      ariko umuntu ajya kwiyahura akabibwira abantu koko ngo ngiye kwiyahura, wagiye kwamakuza se nkugiye gu shopinga ubundi ukurirekura ukareba ko abavandimwe bakubuza, sha urukundo nkurwo ni wowe ndubonanye, agafaranga ntabwo wapfa kukarya utarakagoye wowe miss weeee

    2. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      ariko umuntu ajya kwiyahura akabibwira abantu koko ngo ngiye kwiyahura, wagiye kwamakuza se nkugiye gu shopinga ubundi ukurirekura ukareba ko abavandimwe bakubuza, sha urukundo nkurwo ni wowe ndubonanye, agafaranga ntabwo wapfa kukarya utarakagoye wowe miss weeee

  2. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Ibi bibere nabandi bakobwa bakunda ibyo bataruhiye. Ntarukundo mbonye ahongaho, abazi gushishoza babonagako byari nkumuriro wamashara umwe uzima hadaciye kabiri, mukanya umuyonga ukawubura.

    Ibanga ryambere ry’umunezero nukwihigira, ukarya utwo wabiriye icyuya, burya niko gaciro nyakuri. Aha niho mbona itanduklaniro ryo mumutwe heza ninyuma heza. Buri cyose gifite umumaro ariko utandukanye bitangaje.

  3. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Abanyarwandakazi bakabije gukunda impôts ni kwiyandirika. Ntarukundo yari amufitiye yakundaga ibyo atunze. Bajye bumva

    1. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ni uburaya abakobwa bacu bafite.Naho ibyo kwiyahura ni ubushake bwe abikore ntakibazo.Ahubwo nashyiremo agatege yihute ajye kwa Rushoferi avuge abo yasambaye nabo

    2. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ni uburaya abakobwa bacu bafite.Naho ibyo kwiyahura ni ubushake bwe abikore ntakibazo.Ahubwo nashyiremo agatege yihute ajye kwa Rushoferi avuge abo yasambaye nabo

    3. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ni uburaya abakobwa bacu bafite.Naho ibyo kwiyahura ni ubushake bwe abikore ntakibazo.Ahubwo nashyiremo agatege yihute ajye kwa Rushoferi avuge abo yasambaye nabo

    4. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ni uburaya abakobwa bacu bafite.Naho ibyo kwiyahura ni ubushake bwe abikore ntakibazo.Ahubwo nashyiremo agatege yihute ajye kwa Rushoferi avuge abo yasambaye nabo

    5. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ni uburaya abakobwa bacu bafite.Naho ibyo kwiyahura ni ubushake bwe abikore ntakibazo.Ahubwo nashyiremo agatege yihute ajye kwa Rushoferi avuge abo yasambaye nabo

    6. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ni uburaya abakobwa bacu bafite.Naho ibyo kwiyahura ni ubushake bwe abikore ntakibazo.Ahubwo nashyiremo agatege yihute ajye kwa Rushoferi avuge abo yasambaye nabo

    7. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ni uburaya abakobwa bacu bafite.Naho ibyo kwiyahura ni ubushake bwe abikore ntakibazo.Ahubwo nashyiremo agatege yihute ajye kwa Rushoferi avuge abo yasambaye nabo

    8. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ni uburaya abakobwa bacu bafite.Naho ibyo kwiyahura ni ubushake bwe abikore ntakibazo.Ahubwo nashyiremo agatege yihute ajye kwa Rushoferi avuge abo yasambaye nabo

    9. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ntabwo Miss Vanessa yakundaga uriya mugabo!
      Ahubwo yakunze ziriya companies z’ubucuruzi.
      Kandi ibi bintu byeze muri aba bakobwa biyita ngo ni aba ????

    10. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Ntabwo Miss Vanessa yakundaga uriya mugabo!
      Ahubwo yakunze ziriya companies z’ubucuruzi.
      Kandi ibi bintu byeze muri aba bakobwa biyita ngo ni aba ????

    11. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Inda nini izabamarirra ku icumu,kwifuza kurya ibyo utavunikiye ….ngo ni ba muss akirukira umuzayirwa,bazahakura uda yakabati

    12. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
      Inda nini izabamarirra ku icumu,kwifuza kurya ibyo utavunikiye ….ngo ni ba muss akirukira umuzayirwa,bazahakura uda yakabati

  4. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Abanyarwandakazi bakabije gukunda impôts ni kwiyandirika. Ntarukundo yari amufitiye yakundaga ibyo atunze. Bajye bumva

  5. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Ariko VANE,ubu ntureba ko naha biboneka ko ntarukundo rwarimo? Ihangane rwose, uracyari muto, kandi kuba ataraguteye inda, ubishimire IMANA. Kandi ubutaha uzirinde gutanga AVANSI kuko niyo ituma abakunzi banyu babazinukwa bidateye kabiri. Ibanga ntarindi, ni ukuryamana n’uwo mwamaze kurushinga. Ibitari ibyo uba wikururiye akaga rwose. Uracyari MUTO, ntabwo uri MUBI, humura uwawe arahari kandi araza VUBA. BAKOBWA RWOSE MUJYE MU MUCA AKENGE. MUMENYE KO 70% y’ibyo umuhungu akubwira biba biganisha mu kwishimisha gusa. Uzaba umugabo wawe ntashobora ku kubwira ibyo kuryamana. Arakubaha, ubikubwiye cg ubigusabye aba akubahutse. Ni ibintu 2 bitajyana rero. Niba ashaka ko muryamana, kandi akubwira ko ashaka ko murwubakana, ujye umubwira agire vuba agutware byemewe n’amategeko, ahasigaye nababwira iki?

  6. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Ariko VANE,ubu ntureba ko naha biboneka ko ntarukundo rwarimo? Ihangane rwose, uracyari muto, kandi kuba ataraguteye inda, ubishimire IMANA. Kandi ubutaha uzirinde gutanga AVANSI kuko niyo ituma abakunzi banyu babazinukwa bidateye kabiri. Ibanga ntarindi, ni ukuryamana n’uwo mwamaze kurushinga. Ibitari ibyo uba wikururiye akaga rwose. Uracyari MUTO, ntabwo uri MUBI, humura uwawe arahari kandi araza VUBA. BAKOBWA RWOSE MUJYE MU MUCA AKENGE. MUMENYE KO 70% y’ibyo umuhungu akubwira biba biganisha mu kwishimisha gusa. Uzaba umugabo wawe ntashobora ku kubwira ibyo kuryamana. Arakubaha, ubikubwiye cg ubigusabye aba akubahutse. Ni ibintu 2 bitajyana rero. Niba ashaka ko muryamana, kandi akubwira ko ashaka ko murwubakana, ujye umubwira agire vuba agutware byemewe n’amategeko, ahasigaye nababwira iki?

  7. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Niyo urebye aho uyu mukobwa yasomaga uwo mukongomani kwitama urumuntu uzi gushishoza ubona ko mu maso ye harimo uburyarya! Gusa nange nanga abantu bakunda kudamarara mubyo batavunikiye! Baba abasore cg inkumi, mwagiye mukora ko Imana yabahaye amaboko! Kurata isura hamwe nibyomwambariyeho nubupfapfa!.

  8. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Niyo urebye aho uyu mukobwa yasomaga uwo mukongomani kwitama urumuntu uzi gushishoza ubona ko mu maso ye harimo uburyarya! Gusa nange nanga abantu bakunda kudamarara mubyo batavunikiye! Baba abasore cg inkumi, mwagiye mukora ko Imana yabahaye amaboko! Kurata isura hamwe nibyomwambariyeho nubupfapfa!.

  9. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Uyu mukobwa ariko kuba yadhatse kwiyahura bigaragaza ko yamaze kwangirika mumutwe. Abantu bamubujije kenshi gukundana na Putin yanga numva. Ikibazo tugira twebwe abasore bo mu Rwanda ni uko abakobwa bacu batubenga kuko turi abakene. Basore mwe mwirinde abakobwa b’aba miss, abasitarikazi, aba slay queens, abakobwa babanyamuziki kuko ntibubaka. Icyo bashobiye ni ukwirira utaha gusa.

  10. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Uyu mukobwa ariko kuba yadhatse kwiyahura bigaragaza ko yamaze kwangirika mumutwe. Abantu bamubujije kenshi gukundana na Putin yanga numva. Ikibazo tugira twebwe abasore bo mu Rwanda ni uko abakobwa bacu batubenga kuko turi abakene. Basore mwe mwirinde abakobwa b’aba miss, abasitarikazi, aba slay queens, abakobwa babanyamuziki kuko ntibubaka. Icyo bashobiye ni ukwirira utaha gusa.

  11. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Iyo urukundo ruherekejwe namafaranga nuko bigender ntakundi niyihangane. nababyeyi nabo babigiramo uruhari kandi warabibonaga ko umuryango warukunze umufuka wuriya musore.

  12. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Iyo urukundo ruherekejwe namafaranga nuko bigender ntakundi niyihangane. nababyeyi nabo babigiramo uruhari kandi warabibonaga ko umuryango warukunze umufuka wuriya musore.

  13. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Niyihangane azabona undi imana yamugeneye.kandi akundane na mwene wabo nubwo yaba adafite ibya mirenge.

  14. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Niyihangane azabona undi imana yamugeneye.kandi akundane na mwene wabo nubwo yaba adafite ibya mirenge.

  15. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Bakobwa mwiyubahe mwige gushyiramo ubushoshozi na feri! Umuhungu akubwiye ko agukunda genda buhoro ubisasanye ubona haricyo mugeraho. Abanyamahanga bakunda abakobwa bazi gukora akazi ko murugo cyane-guteka neza, isuku murugo cg kumubiri ariko ufungutse mubitekerezo kandi ukamwubaha cyane. Bisanibitandukanye nibyo tumenyereye. Slay queens babaryaho show ariko mumago wapi!

  16. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Bakobwa mwiyubahe mwige gushyiramo ubushoshozi na feri! Umuhungu akubwiye ko agukunda genda buhoro ubisasanye ubona haricyo mugeraho. Abanyamahanga bakunda abakobwa bazi gukora akazi ko murugo cyane-guteka neza, isuku murugo cg kumubiri ariko ufungutse mubitekerezo kandi ukamwubaha cyane. Bisanibitandukanye nibyo tumenyereye. Slay queens babaryaho show ariko mumago wapi!

  17. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    She had no love to that congolise she only wanted his money not his love
    So maybe he discovered her ambition to him and mad right decision

  18. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    She had no love to that congolise she only wanted his money not his love
    So maybe he discovered her ambition to him and mad right decision

  19. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Uyu mukobwa se yakuye amaboko mu mufuka agakora? Olvis yarabimubwiye ngo iyo urebye nabi isi irakunyuka. Nahame hamwe rero abone

  20. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Uyu mukobwa se yakuye amaboko mu mufuka agakora? Olvis yarabimubwiye ngo iyo urebye nabi isi irakunyuka. Nahame hamwe rero abone

  21. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Ko atiyahuye x ngo apfe abona abapfuye bose abaruta. Uwo ni umurengwe yaramaze guhaga sha

  22. Miss Uwase Vanessa yagerageje kwiyahura kubera urukundo
    Ko atiyahuye x ngo apfe abona abapfuye bose abaruta. Uwo ni umurengwe yaramaze guhaga sha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *