Rutahizamu Tuyisenge Jacques wari umaze igihe gito atandukanye na Petro Atletico de Luanda yo muri Angola, yeretswe itangazamakuru nk’umukinnyi mushya wa APR FC.
Jacques Tuyisenge yasinye imyaka ibiri muri APR FC, nyuma yo kumuha 40,000,000Frw ya Recruitment n’umushahara wa buri kwezi ungana na $3,500.
Hari amakuru kandi avuga ko uretse Tuyisenge Jacques, APR FC inifuza Meddie Kagere utakibona umwanya uhagije wo gukina mu kipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania, mu rwego rwo kubaka ubusatirizi bukomeye buzayifasha kugera ku ntego yihaye muri CAF Champions league.








2 Responses
Bidasubirwaho Tuyisenge Jacques ni umukinnyi wa APR FC (Amafoto)
Coup de Chapeau ku buyobozi bwa APR FC, kuba izanye rutahizamu Jacques TUYISENGE.
Murakoze.
Bidasubirwaho Tuyisenge Jacques ni umukinnyi wa APR FC (Amafoto)
Coup de Chapeau ku buyobozi bwa APR FC, kuba izanye rutahizamu Jacques TUYISENGE.
Murakoze.