Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta

Sangiza iyi nkuru

Umuyobozi uhagarariye Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (Transparent International) mu Rwanda, Ingabire Marie Immaculée yagaragaje impungenge z’uko Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) rushobora kuzasenya leta.

Ibi abishingira ku biciro byafashwe nk’ibihanitse ku modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange uru rwego rwashyize hanze tariki ya 14 Ukwakira 2020, aho ahamya ko rwirengagije ubushobozi bw’abaturage; ikareba gusa inyungu z’abashoramari.

Mu kiganiro yagiranye na RadioTV10 kuri uyu wa 18 Ukwakira, Ingabire Immaculée yatangaje ko yababajwe cyane no kubona RURA izamura ibiciro by’ingendo, nyuma yo kuzamura iby’amazi n’umuriro w’amashanyarazi, akaba yibaza niba abakozi b’uru rwego bafata ibi byemezo babanje kwibuka ko ubushobozi bw’abaturage butandukanye.

Ni ibi byemezo Immaculée aheraho avuga ko RURA ishobora kuzasenya leta y’u Rwanda, bitewe n’uko ibyo ikoze binengwa n’abaturage byitirirwa leta. Ati: “Reka mbabwize ukuri. Ndabizi ko bari buntuke ariko RURA nibatitonda RURA izasenya iyi leta. Iri kwiteranya n’abaturage ku buryo buteye ubwoba kandi bose bakubwira ngo ni leta, ntabwo bishimye kubera biriya bibazo bya transports (ingendo).”

Yongeyeho ko atabona impamvu yatumye RURA izamura ibiciro, mu gihe ibiciro bya lisansi byamanutse.

Ingabire Immaculée yasabye Umukuru w’Igihugu ndetse n’abadepite n’abandi bafite ububasha kuri RURA, kurenganura abaturage ibi biciro izamura bikagabanuka.

Soma Izindi Nkuru

82 Responses

  1. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Nukuri tubirenganiramo kd bikitirirwa umukuru wijyihugu kd ntaruhare abijyiramo

    1. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Nibaza ko izamuka ry’ibiciro bishobora gutesha agaciro ifaranga ry’u Rwanda.

    2. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Nibaza ko izamuka ry’ibiciro bishobora gutesha agaciro ifaranga ry’u Rwanda.

    3. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Nibaza ko izamuka ry’ibiciro bishobora gutesha agaciro ifaranga ry’u Rwanda.

    4. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Nibaza ko izamuka ry’ibiciro bishobora gutesha agaciro ifaranga ry’u Rwanda.

    5. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Ahubwo se ikitazamuka koko nigihe, ngaho umusoro kumutungo utimukanwa,amazi namashanyarazi, transport,essance reka rero imisoro yibinyabiziga muri customs yo nagahomamunwa ntiwamenya aho bakura ibiciro! Ahaaa nukubitega amaso gusa hacyenewe uvugira abaturage pe kuko ntawe dufite.

    6. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Ahubwo se ikitazamuka koko nigihe, ngaho umusoro kumutungo utimukanwa,amazi namashanyarazi, transport,essance reka rero imisoro yibinyabiziga muri customs yo nagahomamunwa ntiwamenya aho bakura ibiciro! Ahaaa nukubitega amaso gusa hacyenewe uvugira abaturage pe kuko ntawe dufite.

  2. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Nukuri tubirenganiramo kd bikitirirwa umukuru wijyihugu kd ntaruhare abijyiramo

  3. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Urakoze Ingabire , byibura uvugira abaturage.rwose nziko iki kibazo cyunvikanye kuri buri wese . Bikemuke vuba kuko umuturage nawe yagenzweho ningaruka za Covid-19 .
    RURA ntabwo ihagarariye umuturage biragaragara ahubwo bisobanuke umuturage abamuhagarariye nabo bamuvugire kuko birababaje. Buri munsi ibiciro bya transport birazamuka ariko aho umuturage akura nta cyahindutse kugeza naho tutagira igiciro rafatizo cy’umurimo mu gihugu ahubwo abakoresha bagahemba uko babyunva .

  4. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Urakoze Ingabire , byibura uvugira abaturage.rwose nziko iki kibazo cyunvikanye kuri buri wese . Bikemuke vuba kuko umuturage nawe yagenzweho ningaruka za Covid-19 .
    RURA ntabwo ihagarariye umuturage biragaragara ahubwo bisobanuke umuturage abamuhagarariye nabo bamuvugire kuko birababaje. Buri munsi ibiciro bya transport birazamuka ariko aho umuturage akura nta cyahindutse kugeza naho tutagira igiciro rafatizo cy’umurimo mu gihugu ahubwo abakoresha bagahemba uko babyunva .

  5. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Rwose nibadufshe ibi bikiro bijyane nubushobozi bwacu abaturage.

    1. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Twishimiye uburyo Immacule rwose avugira abaturage

      1. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
        Nibagerageze bakore akazi batumwe ko guhuza umuguzi n’ugura atari ukurya ruswa bakumva barwiyemeza mirimo .ruswa mvuga igaragatira kukubogamira kubashoramari gusa umuturage akahagea.

      2. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
        Nibagerageze bakore akazi batumwe ko guhuza umuguzi n’ugura atari ukurya ruswa bakumva barwiyemeza mirimo .ruswa mvuga igaragatira kukubogamira kubashoramari gusa umuturage akahagea.

      3. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
        Nibagerageze bakore akazi batumwe ko guhuza umuguzi n’ugura atari ukurya ruswa bakumva barwiyemeza mirimo .ruswa mvuga igaragatira kukubogamira kubashoramari gusa umuturage akahagea.

      4. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
        Nibagerageze bakore akazi batumwe ko guhuza umuguzi n’ugura atari ukurya ruswa bakumva barwiyemeza mirimo .ruswa mvuga igaragatira kukubogamira kubashoramari gusa umuturage akahagea.

    2. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Twishimiye uburyo Immacule rwose avugira abaturage

  6. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Rwose nibadufshe ibi bikiro bijyane nubushobozi bwacu abaturage.

  7. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ibyo uyu mubyeyi avuga ni byo, nibabikoreho ubugenzuzi bagene ibiciro bitunogeye,Cyereka niba byaratewe nuko byagenwe mugihe gito gishoboka ariko niba atari byo Rubanda rugufi twaba turimo kubirenganiramo.

  8. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ibyo uyu mubyeyi avuga ni byo, nibabikoreho ubugenzuzi bagene ibiciro bitunogeye,Cyereka niba byaratewe nuko byagenwe mugihe gito gishoboka ariko niba atari byo Rubanda rugufi twaba turimo kubirenganiramo.

  9. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mubyeyi, nanjye niko mpora mbivuga pe! Umuturage warakaye arasenya ukagira ngo siwe! Bitonde batazisanga habi

  10. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mubyeyi, nanjye niko mpora mbivuga pe! Umuturage warakaye arasenya ukagira ngo siwe! Bitonde batazisanga habi

  11. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ndabasuhuje cyane,Mbashimiye byumwihariko uyu muyobozi mwiza.Ikibazo cyanjye ndavugira abaturage batuye umurenge wa Ruheru na Nyabimata umuhanda munini Ruheru aha hantu twahagenderega amafaranga 500 mbere ya covid Muri ritico none Ubu bahagize 1500 ndabariza abaturage bahava kuko birakabije kandi baguha ticket yanditsiho ibiciro 2 kimwe kivuga umuzigo ikindi umugenzi.Buri mugenzi wese aba afite umuzigo kuri ticket.Muzaturenganure rwose kuko birakabije cyane.Murakoze

  12. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ndabasuhuje cyane,Mbashimiye byumwihariko uyu muyobozi mwiza.Ikibazo cyanjye ndavugira abaturage batuye umurenge wa Ruheru na Nyabimata umuhanda munini Ruheru aha hantu twahagenderega amafaranga 500 mbere ya covid Muri ritico none Ubu bahagize 1500 ndabariza abaturage bahava kuko birakabije kandi baguha ticket yanditsiho ibiciro 2 kimwe kivuga umuzigo ikindi umugenzi.Buri mugenzi wese aba afite umuzigo kuri ticket.Muzaturenganure rwose kuko birakabije cyane.Murakoze

  13. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mama urakoze cyane, ibi bigo bifata ibyemezo uko bishaka bishobora kuzatuma abaturage banga leta nkurikije n’abantu duheruka kuzana muri coaster mvuye Ruhango bijujuta cyane ,rwose n’uko nta mwanya mfite muri leta ariko nyubonye navugira abaturage mu buryo bukomeye

  14. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mama urakoze cyane, ibi bigo bifata ibyemezo uko bishaka bishobora kuzatuma abaturage banga leta nkurikije n’abantu duheruka kuzana muri coaster mvuye Ruhango bijujuta cyane ,rwose n’uko nta mwanya mfite muri leta ariko nyubonye navugira abaturage mu buryo bukomeye

  15. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ahubwo m uzarebe neza no ku bihano RURAitanga.
    Ex:Imodoka ikora Ikosa polisi yagufata ikaguca 25000fr.ariko RURA yarigufatiramo ikaguca 100,000fr. Ese iryo tegeko barigena bashingiye kuki. Nibagabanye nukuri

  16. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ahubwo m uzarebe neza no ku bihano RURAitanga.
    Ex:Imodoka ikora Ikosa polisi yagufata ikaguca 25000fr.ariko RURA yarigufatiramo ikaguca 100,000fr. Ese iryo tegeko barigena bashingiye kuki. Nibagabanye nukuri

  17. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Aho nabyumva ni aho ayo bongeyeho yaba agiye kuba igisubizo nko kuri Mutuelle de sante, agaciro fund
    n’ahandi. Naho ibindi oya.

  18. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Aho nabyumva ni aho ayo bongeyeho yaba agiye kuba igisubizo nko kuri Mutuelle de sante, agaciro fund
    n’ahandi. Naho ibindi oya.

  19. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Nibyo,uyumubyeyi arebakure cyane,byose byitirirwa leta,kandi ntaruhare ibifitemo,ahubwo barebeneza ibintu byoguhengamira kubashoramari hataba harikibyihishinyuma,murakoze

  20. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Nibyo,uyumubyeyi arebakure cyane,byose byitirirwa leta,kandi ntaruhare ibifitemo,ahubwo barebeneza ibintu byoguhengamira kubashoramari hataba harikibyihishinyuma,murakoze

  21. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mubyukuri abaturage nibo shingiro ryubukungu nyamara iyo batanyuzwe nibibakorerwa haba Hari ikibazo ibiciro byingendo rwose nibagabanye kabisa.murebeko COV-19 yazahaje ubukungu bwabanyarwanda none RURA nayo ishyizeho akayo murumva itashyize imbere inyungu zayo ikareka uzumuturage? Nibabyigeho pe bagabanye ibiciro

  22. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mubyukuri abaturage nibo shingiro ryubukungu nyamara iyo batanyuzwe nibibakorerwa haba Hari ikibazo ibiciro byingendo rwose nibagabanye kabisa.murebeko COV-19 yazahaje ubukungu bwabanyarwanda none RURA nayo ishyizeho akayo murumva itashyize imbere inyungu zayo ikareka uzumuturage? Nibabyigeho pe bagabanye ibiciro

  23. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Abakozi ba RURA buriya nabo bafitemo amamodoka atwara abantu, baba bashaka inyungu nyinshi zimodoka zabo.

    1. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Ese ahari nta kantu baba barahawe na babasharamari kgo bafate ikemezo gitsikamiye umuturage? Leta yacu inageyo akajisho da!

    2. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
      Ese ahari nta kantu baba barahawe na babasharamari kgo bafate ikemezo gitsikamiye umuturage? Leta yacu inageyo akajisho da!

  24. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Abakozi ba RURA buriya nabo bafitemo amamodoka atwara abantu, baba bashaka inyungu nyinshi zimodoka zabo.

  25. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    uyu mudamu uwamugira intumwa yarubanda

  26. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    uyu mudamu uwamugira intumwa yarubanda

  27. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Buriya se muri bi bihe bya Corona nicyo gihe cyiza cyo Kuzamura ibiciro koko, nukwibaza ku mikorere ya rura rwose!

  28. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Buriya se muri bi bihe bya Corona nicyo gihe cyiza cyo Kuzamura ibiciro koko, nukwibaza ku mikorere ya rura rwose!

  29. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Uyu mubyeyi ibyo avuze ni ukuri kwambaye ubusa ntushobora gukora.akzi utitaye kunnyungu z’umuturage NGO bikude kdi uvuga ko aribo ukorera ESE muribo Nide wagaburira abaa be ibiryi btabikuda ntafidure nabo nibasubire kuri ibi bakoze kdi Nyakubahwa Perezida aturenganure niwe twizera cyane yita kunyungu zacu pe kdi yumva Abaturage

  30. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Uyu mubyeyi ibyo avuze ni ukuri kwambaye ubusa ntushobora gukora.akzi utitaye kunnyungu z’umuturage NGO bikude kdi uvuga ko aribo ukorera ESE muribo Nide wagaburira abaa be ibiryi btabikuda ntafidure nabo nibasubire kuri ibi bakoze kdi Nyakubahwa Perezida aturenganure niwe twizera cyane yita kunyungu zacu pe kdi yumva Abaturage

  31. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ariko Immaculee n’imfurakazi kweri n’umuyobozi, warukwiriye kuba mu inteko ivugira abaturage kweri, uri intwari urakagira Imana. Nzajya kumureba aho akorera mushimire. Umuntu uvuhisha n’ishyaka ntawu di nari nabibonana kabisa.

  32. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ariko Immaculee n’imfurakazi kweri n’umuyobozi, warukwiriye kuba mu inteko ivugira abaturage kweri, uri intwari urakagira Imana. Nzajya kumureba aho akorera mushimire. Umuntu uvuhisha n’ishyaka ntawu di nari nabibonana kabisa.

  33. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ubundi ibi bikorwa ku bwumvikane na za syndicats iyo zihari,hamwe n,abo bireba aribo bagenzi
    Gukomeza kuzamura ibiciro nta kigendeweho kizwi ni bibi

  34. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Ubundi ibi bikorwa ku bwumvikane na za syndicats iyo zihari,hamwe n,abo bireba aribo bagenzi
    Gukomeza kuzamura ibiciro nta kigendeweho kizwi ni bibi

  35. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Njye ndabona Rura ishobora kuba yarahawe ruswa kugirango ibiciro bizamuke birakabije cyane

  36. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Njye ndabona Rura ishobora kuba yarahawe ruswa kugirango ibiciro bizamuke birakabije cyane

  37. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Bakwibutse ko nimikorere itaragaruka neza umuturage ntaho akura banyiribigo mwe rwose natwe mutwibuke ko iyo muzamuye ibiciro biba ataribyo

  38. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Bakwibutse ko nimikorere itaragaruka neza umuturage ntaho akura banyiribigo mwe rwose natwe mutwibuke ko iyo muzamuye ibiciro biba ataribyo

  39. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Uyu Mubyeyi iteka avuga ukuri kbisa. Nyakubahwa Perezida wacu ajye areba Aba bayobozi bafata ibyemezo Bibi kdi byarangiza bakabyitirira Leta. Kuko bituma Abaturage twikoma ngo Ni Leta yabikoze.
    Uzi nkibyirirwa bikorerwa mu nzego zibanze? Ho Ni agahoma munwa twaraharenganiye pe

  40. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Uyu Mubyeyi iteka avuga ukuri kbisa. Nyakubahwa Perezida wacu ajye areba Aba bayobozi bafata ibyemezo Bibi kdi byarangiza bakabyitirira Leta. Kuko bituma Abaturage twikoma ngo Ni Leta yabikoze.
    Uzi nkibyirirwa bikorerwa mu nzego zibanze? Ho Ni agahoma munwa twaraharenganiye pe

  41. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Abayobozi nkaba batwangisha Leta. Uzi ibyirirwa bikorerwa mu nzego zibanze? Twararenganye hubwo nuko tutabona uko twigerera kuri Nyakubahwa Prezida wacu ngo tubimubwire.

  42. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Abayobozi nkaba batwangisha Leta. Uzi ibyirirwa bikorerwa mu nzego zibanze? Twararenganye hubwo nuko tutabona uko twigerera kuri Nyakubahwa Prezida wacu ngo tubimubwire.

  43. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Aho naho yabonye.nihenshi umuturage aryamirwa,kandi abashinzwe kutureberera bahari.

  44. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Aho naho yabonye.nihenshi umuturage aryamirwa,kandi abashinzwe kutureberera bahari.

  45. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mwiriwe neza turabashimiye cyane abeshi tuziko reta arumubyeyi kandi umubyeri iyo Shana umwana ashyiramo imuhwe turapfuye pe nibagabanye ibihano bekuvuna igufa bakubitekukibuno

  46. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mwiriwe neza turabashimiye cyane abeshi tuziko reta arumubyeyi kandi umubyeri iyo Shana umwana ashyiramo imuhwe turapfuye pe nibagabanye ibihano bekuvuna igufa bakubitekukibuno

  47. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mwiriwe neza turabashimiye cyane abeshi tuziko reta arumubyeyi kandi umubyeri iyo Shana umwana ashyiramo imuhwe turapfuye pe nibagabanye ibihano bekuvuna igufa bakubitekukibuno

  48. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mwiriwe neza turabashimiye cyane abeshi tuziko reta arumubyeyi kandi umubyeri iyo Shana umwana ashyiramo imuhwe turapfuye pe nibagabanye ibihano bekuvuna igufa bakubitekukibuno

  49. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mjp abashoramari baba batanze akantu mu RRA

  50. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mjp abashoramari baba batanze akantu mu RRA

  51. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Natwe indangamirwa irubavu turamushima ahoyageze ibibazo birakemuka pe ibyavuganukuri mumutubwirire ngobabakobwa bawe bigisenyi baragutashya Kandi baragukumbuye

  52. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Natwe indangamirwa irubavu turamushima ahoyageze ibibazo birakemuka pe ibyavuganukuri mumutubwirire ngobabakobwa bawe bigisenyi baragutashya Kandi baragukumbuye

  53. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mubyukuri batugabanyirize Nibura basubizeho ibyahozeho. Mutuvuganire pe. Kdi turashimira immaculee rwose. Ko afata ikibazo nkicye.

  54. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Mubyukuri batugabanyirize Nibura basubizeho ibyahozeho. Mutuvuganire pe. Kdi turashimira immaculee rwose. Ko afata ikibazo nkicye.

  55. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Nibarebe munzego zose aho umuturage abona Services iyariyo yose bisabako ayigura ,akayigura bimuhenze kd ntaho akura amafr yikirenga kuri iyo services , kubera ubukene ntaho akura amafr nikindi kubera nicyorezo cya Covid 19 cyahungabanyije ubukungu,abafite munshingano,nabavuga bikumvikana ,nababandi bose bareberera Rubanda rugufi ,nibarebeko abaturage ntabushobozi burenze bafite babavugire maze vabone servicesbihuye nubushobozi bwabo ndetse nahobishoboka batabarwe babakurirehoibiciro bihanitse,vuba bitageze aho bibabuza ,imirimo yabo cg ngo bihungabanye imibereho yabo ya buri munsi.

  56. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Nibarebe munzego zose aho umuturage abona Services iyariyo yose bisabako ayigura ,akayigura bimuhenze kd ntaho akura amafr yikirenga kuri iyo services , kubera ubukene ntaho akura amafr nikindi kubera nicyorezo cya Covid 19 cyahungabanyije ubukungu,abafite munshingano,nabavuga bikumvikana ,nababandi bose bareberera Rubanda rugufi ,nibarebeko abaturage ntabushobozi burenze bafite babavugire maze vabone servicesbihuye nubushobozi bwabo ndetse nahobishoboka batabarwe babakurirehoibiciro bihanitse,vuba bitageze aho bibabuza ,imirimo yabo cg ngo bihungabanye imibereho yabo ya buri munsi.

  57. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Impamvu RURA izamura ibiciro ni uko kuri buri facture yose haba harimo pourcentage yabo haba ku muriro, ku mazi, ku ngendo, etc. Ni ukuvuga ko iyo ibiciro bya utilities byiyongereye bihita bigera ku bindi bicuruzwa bigatuma umuturage arushaho gukena.Byaba byiza ibi biciro byajya bigenwa mu buryo buri scientifique kuko kuvuga ngo ibiciro bizajya bisubirwamo nyuma y’imyaka 2 sibyo. Niba essance igabanutse kuri 5% ako kanya RURA igomba nayo kubigabanya kuri 5%.

  58. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Impamvu RURA izamura ibiciro ni uko kuri buri facture yose haba harimo pourcentage yabo haba ku muriro, ku mazi, ku ngendo, etc. Ni ukuvuga ko iyo ibiciro bya utilities byiyongereye bihita bigera ku bindi bicuruzwa bigatuma umuturage arushaho gukena.Byaba byiza ibi biciro byajya bigenwa mu buryo buri scientifique kuko kuvuga ngo ibiciro bizajya bisubirwamo nyuma y’imyaka 2 sibyo. Niba essance igabanutse kuri 5% ako kanya RURA igomba nayo kubigabanya kuri 5%.

  59. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Impamvu RURA izamura ibiciro ni uko kuri buri facture yose haba harimo pourcentage yabo haba ku muriro, ku mazi, ku ngendo, etc. Ni ukuvuga ko iyo ibiciro bya utilities byiyongereye bihita bigera ku bindi bicuruzwa bigatuma umuturage arushaho gukena.Byaba byiza ibi biciro byajya bigenwa mu buryo buri scientifique kuko kuvuga ngo ibiciro bizajya bisubirwamo nyuma y’imyaka 2 sibyo. Niba essance igabanutse kuri 5% ako kanya RURA igomba nayo kubigabanya kuri 5%.

  60. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Impamvu RURA izamura ibiciro ni uko kuri buri facture yose haba harimo pourcentage yabo haba ku muriro, ku mazi, ku ngendo, etc. Ni ukuvuga ko iyo ibiciro bya utilities byiyongereye bihita bigera ku bindi bicuruzwa bigatuma umuturage arushaho gukena.Byaba byiza ibi biciro byajya bigenwa mu buryo buri scientifique kuko kuvuga ngo ibiciro bizajya bisubirwamo nyuma y’imyaka 2 sibyo. Niba essance igabanutse kuri 5% ako kanya RURA igomba nayo kubigabanya kuri 5%.

  61. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Utetse kuba ibiciro byariyongereye nibihano Rura itanga biraremereye cyane ( baca amafranga menshi y’amande Ku modoka zikora transport public), kd izo modoka zisora frw menshi ugereranyije nayo ziba zinjije kubera still wa muturage utabasha gutega. Byarebwaho byose pe.

  62. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Utetse kuba ibiciro byariyongereye nibihano Rura itanga biraremereye cyane ( baca amafranga menshi y’amande Ku modoka zikora transport public), kd izo modoka zisora frw menshi ugereranyije nayo ziba zinjije kubera still wa muturage utabasha gutega. Byarebwaho byose pe.

  63. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Muraho muyobozi wa transparency nubwo iyi inkuru maze gusoma ari iya kera ndabashimira uburyo mureberera abaturage murwanya akarengane ariko mutuvuganire twebwe abatwara abagenzi bishyura muri taxi voiture kuko igiciro tugenderaho rura yakiduhaye essance igura muri magana none ubu ntikikijyanye nigihe kugikurikiza biratuma duhomba numva natwe nkabatanga service turimo kurengana

  64. Immaculée yagaragaje impungenge z’uko RURA ishobora kuzasenya leta
    Muraho muyobozi wa transparency nubwo iyi inkuru maze gusoma ari iya kera ndabashimira uburyo mureberera abaturage murwanya akarengane ariko mutuvuganire twebwe abatwara abagenzi bishyura muri taxi voiture kuko igiciro tugenderaho rura yakiduhaye essance igura muri magana none ubu ntikikijyanye nigihe kugikurikiza biratuma duhomba numva natwe nkabatanga service turimo kurengana

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *