Umugabo aratabariza Inzoka ishaka kumusambanya

Sangiza iyi nkuru

Mu gace ka Sogola mu gihugu cya Zimbabwe, umugabo yatabaje abaturanyi be ngo bamufashe kwicha no gutwika inzoka babanye igihe kirekire, ikaba yaramusambanyirizaga umugore ndetse n’umukobwa bakiriho none ikaba ishaka kumusambanya nawe ubwe.
Uyu mugabo uzwi ku izina rya Amos Mnkandla avuga ko iyo nzoka nyuma yo kujya isambanya umugore we n’umukobwa we aribwo bapfuye, akaba yemeza ko ariyo yabishe. Akomeza avuga ko bapfuye mu buryo butazwi kuko abaganga batabashije kumenya indwara yabahitanye.
Nk’uko Ikinyamaluru B-Metro kibitangaza ati “Iyi nzoka yakundaga kusambanya umugore wanjye ngo nta wundi yigeze isagarira mbere y’uko bapfa “.
izoka-msaza
Icyatumye uyu mugabo ajya gutabaza n’uko iyi nzoka ngo yari itangiye kuza ku buriri bwe igirango baryamane, ati iyi nzoka yayirazwe n’ababyeyi be akaba ariyo mpamvu atigeze atinyuka kuyica.
Abaturanyi ba Amos bahakanye kugira icyo bamufasha kuberako yishe umugore n’umukobwa ntabivuge ariko akaba abivuze ari uko nawe agezweho.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Kamugisha L@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *