Wari uzi ko kunywa amazi menshi bivura indwara zitandukanye zirimo na Kanseri?

Sangiza iyi nkuru

Ubushakashatsi bwagaragaje ko igihe umuntu anyweye amazi buri gitondo bishobora kuvura indwara zoroheje n’izikomeye zirimo kanseri na Diyabete.
watr
Abaturage bo mu gihugu cy’Ubuyapani, kunywa amazi bamaze kubigira akamenyero mbere yo kugira ikindi bafata haba kurya cyangwa ikindi kinyobwa kitari amazi.
Aba bashakashatsi bashimangira ko nibura buri gitondo umuntu akwiye gufata ibirahure 4 bya mili litilo 160,mbere yo kugira icyo ufata cyangwa ukoza mu kanwa.
Ibyo ngo bishobora gutuma umuntu urwaye Kanseri cyangwa diabete ashobora gukira cyangwa akoroherwa ntizimuzahaze,ahubwo akarushaho kumererwa neza.
Ubushakashatsi bukomeza buvuga ko ari byiza gutegereza nibura iminota 45, mbere yo kugira icyo ukoza mu kanwa, kandi buri uko umaze kurya ntuhite unywa amazi ahubwo ugategereza iminota 15.
Igifu,Kanseri,diyabete,impatwe,umuvuduko w’amaraso,ni zimwe mu ndwara zishobora gukizwa no kunywa amazi menshi igihe byakozwe neza.
Gusa ngo n’abatarwaye bashobora kuyanywa bikaba byaborohereza bakagira ubuzima bwiza buzira umuze.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *