img_20210115_165614.jpg

Tour du Rwanda yagombaga kuba mu kwezi gutaha ntikibaye

Sangiza iyi nkuru

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (Ferwacy), bwatangaje ko Tour du Rwanda ya 2021 yari iteganyijwe mu kwezi gutaha itakibaye.

Umuyobozi wa Ferwacy, Murenzi Abdallah mu itangazo yasohoye, yavuze ko kubera ubwiyongere bw’icyorezo cya Coronavirus, iri siganwa ryimuriwe mu ntangiriro za Gicurasi.

Tour du Rwanda ya 2021 yari iteganyijwe kubera mu Rwanda tariki 21 kugera tariki 28 Gashyantare 2021, yimuriwe tariki 02 kugera tariki 09 Gicurasi 2021.

img_20210115_165614.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *