Ni Adeline, arashaka umusore bakundana ariko udafite ingeso y’uburaya

Sangiza iyi nkuru

Ndabashuhuje, nanjye nje kuri uru rubuga nifuza kugerageza amahirwe. njye ndi umumama ufite urukundo ruzima n’ubupfura bwinshi pe, ndi umukristo utinya Imana no guhemuka,, ariko murabizi mu muco wacu ntibyorohera umukobwa cg umugore kujya kwishakira umugabo.
[ad id=”44145″]
Akaba ariyo mpamvu niyambaje runo rubuga kuko nizera ko uwo Imana yakugeneye mwahurira aho ariho hose ,, nkaba rero nnifuza inshuti y umugabo /umusore twamenyana mu ntego yo kubaka bitari kera .
Nifuza utari munsi ya 30 -40, udafite umugore , wize kaminuza , ufite uko abayeho ( aha sukuvuga ko nifuza kugira ibyo musaba ), kandi udafite ingeso z’uburaya, mbese wiyizeye kandi witeguye .
aha ndavanamo ababa mu mahanga, abari mu butumwa hirya no hino ku isi . munyunve neza ,si ukuvangura ahubwo ni ukuba specific ngo hatagira abirushya banyandikira .
ikindi kandi ,abashaka kuryoshya , cg undi wese utari ready kujya muri engagement ntibigore banyandikira kubera ntawe nifuza gutera umwanya cg ngo awunteshe .
sinivuga byinshi hano uwunva twahuza icyifuzo nzamwibwira neza kandi nzi ko atazaba desappointed .e mail mwambonaho ni : mutoadeline@gmail.com
[ad id=”44145″]
Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri icyo cyifuzo cyawe ushyireho numero cyangwa email yawe, murakoze!!
K anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *