Nyuma y’intsinzi ya Donald Trump, bamwe bakomeje kwibaza uko bamwe mu bahanzi bo muri USA bamerewe mu gihe bamwe bari bizeye ko H. Clinton ari we uri buyegukane.
Umuhanzikazi Madonna w’imyaka 58 y’amavuko yari yatangaje imbere y’imbaga y’abafana ko buri wese uzatora Clinton azamuhemba kuryamana nawe, bagakorana imibonano yo mu kanwa.
[ad id=”44145″]
Si ibi gusa, ubwo yari ari i New York muri iki cyumweru, yabajije imbaga y’abafana agira ati: “murifuza kuba agasanduku k’ibitwenge kuri uyu mugabane, tugiye kugira Amerika nziza, tugiye kwitorera umuperezida udashobora kuronda abagore, udashobora kuronda uruhu,…iyi ni igitaramo cy’amahoro”.

Yakomezaga ashishikariza abafana be kuzatora H. Clinton, ariko kugeza magingo aya, uyu mugore yarangije gutsindwa ku mugaragaro ariko benshi mu bahanzi bamufanaga nta kintu na kimwe bari bagira icyo bavuga, baruciye bararumira.
[ad id=”44145″]
Yaba Rihanna, mbere y’uko ajya mu matora yari yagaragaje ko ashyigikiye Clinton,aho yagize ati: “muri inyuma(Clinton), si we gusa abandi twavuga nka Katy Perry, Beyonce, Lady Gaga, Jay-z,…bose bari inyuma y’uyu mugore ndetse hamwe n’abandi benshi bizeye intsinzi ye.
Kuba Trump yari yaragiye avuga ko natorwa azirukana Abirabura, ni bimwe mu byari byaravugishize benshi mu bahanzi bagaragaza ko batazamutora bakanabishishikariza abafana babo, babakurura bagereza H, ubu bose bakaba baruciye bararumira.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Kamikazi Gentille/Bwiza.com


