Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa 15 Gashyantare 2021 rwataye muri yombi Idamange Iryamugwiza Yvonne watangaje ko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame atakiriho.
Aya makuru yemejwe na RBA avuga ko Idamange akekwaho guteza imvururu n’imidugararo muri rubanda.
Uyu mugore amaze iminsi asabirwa gukurikiranwa n’ubutabera bw’u Rwanda, ashinjwa gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yifashishije urubuga rwa YouTube.
Uru rubuga ni narwo yakoresheje kandi, avuga ko Umukuru w’Igihugu atakiriho.



4 Responses
Idamange wavuze ko Perezida Kagame atakiriho, yatawe muri yombi
IYABA BYASHOBOKAGA, BAKAMWEREKA PEREZIDA ,YAMUBONA AGASOBANURIRA ABO YABESHYE ,AHUBWO,ASOBANURE ABO YASHUTSE, ICYO YARAGAMBIRIYE
Idamange wavuze ko Perezida Kagame atakiriho, yatawe muri yombi
IYABA BYASHOBOKAGA, BAKAMWEREKA PEREZIDA ,YAMUBONA AGASOBANURIRA ABO YABESHYE ,AHUBWO,ASOBANURE ABO YASHUTSE, ICYO YARAGAMBIRIYE
Idamange wavuze ko Perezida Kagame atakiriho, yatawe muri yombi
AYOBEWE SE KO PRESIDENT ARIHO AHUBWO KO ARI INKUNGUZI !!!!!!MANA WE UTURINDIRE UMUSHUMBA KUKO NI MOSE IMANA YATWIHEREYE
Idamange wavuze ko Perezida Kagame atakiriho, yatawe muri yombi
AYOBEWE SE KO PRESIDENT ARIHO AHUBWO KO ARI INKUNGUZI !!!!!!MANA WE UTURINDIRE UMUSHUMBA KUKO NI MOSE IMANA YATWIHEREYE