Mu isiganwa ry’amagare kuri iki cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, umunyarwanda waje mu myanya y’imbere ni Areruya Joseph wo mu itsinda Amies Sportifs, yaje ku mwanya wa 3, umwanya wa mbere ukaba wegukanye umunya-Canada, Rugg Timothy.

Muri iri rushanwa ry’uyu munsi, undi munyarwanda wabashije kuza mu myanya y’imbere ni NDAYISENGA J Bosco wo mu itsinda Bike Aid waje ku mwanya wa 5.
[ad id=”44145″]
Uwaje ku mwanya wa 3, ni umunya-Afrika y’Epfo Ghebreizgzabhier Werkilul wo mu itsinda rya Dimension Data.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


