Tour du Rwanda: Umunyarwanda Areruya Joseph yaje ku mwanya wa 3

Sangiza iyi nkuru

Mu isiganwa ry’amagare kuri iki cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, umunyarwanda waje mu myanya y’imbere ni Areruya Joseph wo mu itsinda Amies Sportifs, yaje ku mwanya wa 3, umwanya wa mbere ukaba wegukanye umunya-Canada, Rugg Timothy.

Umunya-Canada niwe wegukanye mayon jaune
Umunya-Canada niwe wegukanye mayon jaune

Muri iri rushanwa ry’uyu munsi, undi munyarwanda wabashije kuza mu myanya y’imbere ni NDAYISENGA J Bosco wo mu itsinda Bike Aid waje ku mwanya wa 5.
[ad id=”44145″]
Uwaje ku mwanya wa 3, ni umunya-Afrika y’Epfo Ghebreizgzabhier Werkilul wo mu itsinda rya Dimension Data.
 
Abakinnyi bakurikiranye kuri ubu buryo bukurikira
Abakinnyi bakurikiranye kuri ubu buryo bukurikira

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *